U Rwanda rwasubije RDC irushinja kugurisha amabuye yayo muri Apple
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makolo,yavuze ko ibirego leta ya Kongo iheruka gutanga ko u Rwanda ruyiba amabuye y’agaciro rukayagurisha Apple ari ibihimbano. Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru AFP yanyomoje ibirego by’igihugu cya Congo,aho Leta y’iki gihugu ivuga ko yiteguye kurega uruganda rwa Apple iruryoza gukorana n’u Rwanda ubucuruzi bw’amabuye yayo yagaciro. Ku […]
Continue Reading
