U Rwanda rwasubije RDC irushinja kugurisha amabuye yayo muri Apple

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makolo,yavuze ko ibirego leta ya Kongo iheruka gutanga ko u Rwanda ruyiba amabuye y’agaciro rukayagurisha Apple ari ibihimbano. Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru AFP yanyomoje ibirego by’igihugu cya Congo,aho Leta y’iki gihugu ivuga ko yiteguye kurega uruganda rwa Apple iruryoza gukorana n’u Rwanda ubucuruzi bw’amabuye yayo yagaciro. Ku […]

Continue Reading

Arakekwaho kwica umugore we amusatuye inda y’imvutsi

Ndayambaje Antoine wo mu Mudugudu wa Cyato, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we Mukansengimana Clémentine w’imyaka 42 amusatuye inda akamuforomozamo umwana w’amezi 7 yari atwite, agapfana n’uwo mwana. Bivugwa ko iyo nda yari atwitiye uyu mugabo yari iya karindwi kuko abo babyeyi bari bafitanye abana […]

Continue Reading

Ishyaka PDI ryahishuye umukandida rizatanga ku mwanya wa Perezida

Sheikh Musa Fazil Harelimana,Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI),, yatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n’Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganijwe muri Nyakanga 2024. Icyakora iri shyaka ryavuze ko mu matora y’abadepite rizatanga abaryo bakandida. Ibi byagarutsweho mu Nteko Nkuru ya PDI yahuje abarwanashyaka barwo baturutse hirya no hino mu […]

Continue Reading

Abasirikare 20 baguye mu iturika ry’igisasu

Minisitiri w’Intebe wa Cambodia Hun Manet, yatangaje ko abasirikare 20 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye mu birindiro biri mu  burengerazuba bwa Cambodia. Ku mugoroba wo ku wa 27 Mata 2024, Hun Manet yavuze ko iki gisasu   cyakomerekeje abasirikare benshi ubwo cyaturikiraga mu birindiro by’ingabo mu Ntara ya Kampong Speu, gusa nta mubare w’abakomeretse yatangaje. Hun Manet yongeyeho […]

Continue Reading

Radio10 igiye kugarura abanyamakuru mwakunze

MC Monday, Innoc Bahati, Cyrille Ndegeya,…ni amazina atazibagirana mu banyamakuru bo mu Rwanda. Imyaka 20 irashize havutse imfura mu maradiyo yigenga mu Rwanda. Ni Radio 10 ikomeje kwizihiza isabukuru y’imyaka 20, ubu ikuzaniye abanyamakuru batangiranye na yo, mu biganiro bazakora umunsi umwe, bakongera kwiyibutsa ababakunze. Tariki 28 Gashyantare 2004, insakazamajwi z’Abaturarwanda zatangiye kumvikanaho indi radio. […]

Continue Reading

Leta ya DRC yahagaritse ingendo z’indege za gisivili kubera kugirira ubwoba M23

Amakuru aturuka i Goma aravuga ko indege za gisivili zibujijwe guhagarara ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma ,kubera impamvu zagizwe ibanga ariko leta ivuga ko ari iza tekiniki. Bivugwa ko hari amakuru ikigo cy’ubutasi cya DEMIAP cyakiriye avuga ko umutwe wa M23 waba ufite umushinga wo kugenda uyobya indege ,hifashishijwe uburyo bwa Radar. Kubera iyo […]

Continue Reading

Rubavu: Baravuga ko Hari ifunguro ritera bamwe ubushyuhe none barasaba kwegerezwa udukingirizo

Bamwe mu bakora akazi k’uburobyi bw’isambaza mu Karere ka Rabavu, bavuga ko kubera kurya iri funguro, bagira ubushyuhe bwinshi bwo gushaka imibonano mpuzabitsina, bagasaba kwegerezwa udukingirizo kuko ubwandu bwa Virusi itera SIDA muri aka gace bwakamejeje. Abakora aka kazi k’uburyo bw’isambaza, bemera ko ubwandu bwa Virusi itera SIDA muri aka gace bukomeje gukaza umurego, bakavuga […]

Continue Reading

Minisitiri ntazi gutandukanya u Rwanda na RDC

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Bwongereza yanenze umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Chris Philp nyuma yo kugaragara nkaho yitiranyije u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro BBC Question Time, aho abategetsi muri leta y’Ubwongereza babazwa ibibazo n’abaturage imbonankubone, umuturage umwe w’Ubwongereza ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yabajije ku itegeko […]

Continue Reading

Umugabo yahamijwe ubutinganyi yakoreye umwana we yahawe igihano gikomeye

Umugabo ukomoka muri Lesotho uba muri Afurika y’Epfo, yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuhungu, akatirwa gufungwa burundu. Ni icyemezo cyafashwe n’Umucamanza w’Urukiko rwo muri Ladybrand kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Mata 2024, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuntu. Uyu mugabo wahamwe n’amahano yo gusambanya umwana we w’umuhungu, akomoka muri Lesotho, akaba […]

Continue Reading

Burundi: Indwara itazwi yateje uruntu runtu mu magereza

Indwara itazwi yatangiye gukwirakwira muri gereza nkuru ya Gitega kuva mu cyumweru gishize mu gihugu cy’Uburundi , aho imfungwa zitandukanye zagiye zibona ibimenyetso bahuriyeho by’iyo ndwara ariko ntibamenye iyariyo. Abagororwa barwaye iyi ndwara, yakwirakwiriye nk’icyorezo muri gereza nkuru ya Gitega, bagaragaza ibimenyetso nko gukorora, kuruka , amaso atukura, umuriro, intege nke, kubabara mu gifu, kubura […]

Continue Reading

FARDC irashinjwa kwica abamotari bane

Abamotari bane bishwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu ya ruguru. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 24/04/2024, mu bice by’i Rwindi, aho igisirikare cya leta ya Kinshasa (FARDC) cyishe kirashe abamotari bane barapfa undi umwe arakomereka, nk’uko amakuru ava muri […]

Continue Reading