Perezida Kagame yemeje urwego rushya rwa Gisirikare
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yemeje ishyirwaho ry’Urwego rwa Gisirikare rushinzwe Serivisi z’Ubuzima muri RDF, anashyiraho abayoboyobozi barwo bakuriwe na Maj. Gen. Dr. Ephrem Rurangwa. Perezida Kagame kandi yazamuye mu ntera bamwe muri abo bayobozi hamwe n’abandi bahawe inshingano nshya mu nzego zitandukanye. Col. Dr. John Nkurikiye yazamuwe mu […]
Continue Reading
