Economy: How can Rwanda deal with Banque Lambert?

Jean Paul Kalinda, a loan shark seemed like a lifeline. His struggling butchery business needed a boost to keep up with operations, and a quick loan from a local moneylender kept the ovens ablaze. But the initial relief turned into a stifling burden. The interest increased overnight, and Kalinda’s small profits barely covered the weekly […]

Continue Reading

Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma 

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa  Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice. Ubuyobozi […]

Continue Reading

RDC: Urukiko rwakatiye urwo gupfa abasirikare umunani bashinjwa guhunga M23

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye igihano cyo kwicwa abasirikare umunani barimo abofisiye batanu, nyuma yo guhamywa ibyaha bifitanye isano no guhunga urugamba. Aba basirikare barimo Colonel, Lieutenant Colonel na Major bakoreraga muri batayo ya 223 bari baroherejwe kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 mu bice birimo Mushaki na Musangi muri […]

Continue Reading

Igitero cyatumye Tshisekedi ava i Burayi igitaraganya atarangije uruzinduko

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yavuye i Burayi adasoje uruzinduko yari amaze iminsi ahagirira nyuma y’igitero cyahitanye impunzi zahungiye mu nkambi ya Mugunga iherereye i Goma. Abantu icyenda ni bo bahitanwe n’icyo gitero, ababarirwa muri 33 bagikomerekeramo. Leta ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinje Ingabo z’u Rwanda […]

Continue Reading

Ibisasu byatewe i Goma bihitana abantu umunani

Ibisasu bikekwa ko byatewe n’inyeshyamba za M23 ziri kurwana na FARDC byahitanye nibura abasivili umunani,mu nkengero za Goma,Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 3 Gicurasi, mu gitondo. Radio Okapi ivuga ko ibi bisasu byaturikiye ahitwa Lushagala,mu nkambi y’abantu bimuwe n’intambara mu karere ka Mugunga, mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma (Kivu y’Amajyaruguru). Amakuru avuga kandi ko […]

Continue Reading

U Rwanda rwasubije Amerika yarushinje kurasa abasivili mu nkambi iri hafi ya Goma

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kurasa ku nkambi y’impunzi ya Mugunga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Madamu Makolo yavuze ko Ingabo z’u Rwanda zifite ubunyamwuga zitarasa ku basivili nkuko Amerika yabivuze. Amerika yatangaje […]

Continue Reading

Umurwayi yarakajwe nuko batinze kumuvura amenagura ibirahuri by’imodoka

Umurwayi wagiye kwivuza ku bitaro bya Muhima,batinze kumwakira amenagura ibirahure by’imodoka ebyiri zari aho,birangira atawe muri yombi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane,tariki ya 02 Gicurasi,umugabo witwa Ndagijimana Robert, yagiye kwivuza ku Bitaro bya Muhima biherereye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge, batinze kumuvura ahita amenagura ibirahuri by’imodoka ebyiri. Nkuko bisobanurwa na […]

Continue Reading

Tshisekedi yatwerereye u Rwanda Karidinali wamunenze mu ruhame

Félix Tshisekedi, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko ategereje kuri Fridolin Cardinal Ambongo gihamya y’uko guverinoma ya Kongo ishyigikiye umutwe wa FDLR nk’uko ngo akunda kubihamya. Media Congo itangaza ko ibi Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro n’ikinyamakuru cyo mu Bufaransa Le Figaro,aho yavuze ko ubutabera bugomba gukurikirana uyu munyacyubahiro bitewe n’uko ngo akomeje […]

Continue Reading

Uwari ukuriye Batayo ya 31 mu ngabo z’u Burundi yiciwe I Masisi

Major Ngiruwonsanga wari ukuriye Batayo ya 31 yaguye mu mirwano yabereye ku musozi wa Muremure ya Ngungu. Amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zo mu gihugu cy’u Burundi yemeje urupfu rwa Major Ngiruwonsanga wahoze ari umukozi w’urwego rw’iperereza SNR,nyuma akaza koherezwa muri Congo kuyobora Batayo ya 31 yari ifite ibirindiro muri Masisi. Aya makuru kandi […]

Continue Reading

Polisi yarashe abakekwaho ubujura baherukaga kwica umuyobozi mu murenge

Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano mu gihe bari bagiye kwerekana abo bakoranaga bahita bapfa. Aba barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki 03 Gicurasi, ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano […]

Continue Reading

Icyo Polisi ivuga ku mwana wagaragaye yambaye umwenda wayo ku ishuri

Polisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku ifoto y’umwana wo mu Karere ka Muhanga yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ari ku ishuri yambaye impuzankano y’ishati ya Polisi y’u Rwanda, itangaza ko iyo uwo mwana yari yambaye ari iyambarwaga mu myaka yatambutse. Kuri uyu wa 02 Gicurasi 2024,ku rubuga rwa X hatangiye gucicikana inkuru yatangaje benshi […]

Continue Reading