RDF yashimiye Abajenerali n’abandi basirikare 1 162 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashiniye byimazeyo Abajenerali batanu n’abandi basirikare 1 162 batangiye ikiruhuko cy’izabukuru guhera kuri uyuwa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2024. Byagarutsweho mu muhango wo gusezera kuri   abo basirikare bakoze imirimo yabo neza bakiri mu nshingano,  wabareye ku Birindiro Bikuru bya RDF ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo uyu munsi. Mu basezerewe harimo Gen […]

Continue Reading

Byinshi ku noti nshya ya 5000 Frw n’iya 2000 Frw za shyizweho

Ku wa 30 Kanama 2024, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yashyize ahagaragara inoti nshya za 5000 Frw na 2000 Frw zifite ibimenyetso bishya, ariko zizakomeza gukoreshwa hamwe n’inoti zisanzwe mu gihugu. Izi noti zashyizweho nyuma yo gusabwa na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi ndetse no kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 23 Kanama 2024. Ibimenyetso Biranga Inoti […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umusaza w’imyaka 75 wigeze gufungirwa urumogi yongeye kurufatanwa

Bizimungu Vianney w’imyaka 75, wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo kongera gufatanwa urumogi  kuko yari yarigeze gufungirwa kurucuruza, arangiza ibihano arataha. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyato, Harindintwali Jean Paul, yabwiye Imvaho Nshya ko uyu mugabo wari usanzwe akekwaho gucuruza […]

Continue Reading

Perezida Kagame yaganiriye n’abasirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’Abajenerali ndetse n’abandi bofisiye bakuru mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko iyo nama yateranye kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kanama 2024. Ibyo biro byatangaje ko mu byo baganiriye byibanze ku ngingo ziribena n’amahoro n’umutekano by’u […]

Continue Reading

Gen Maj mu basirikare bakuru birukanywe muri RDF

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen Maj Martin Nzaramba, Col Dr Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Gen Maj Martin Nzaramba yavutse mu 1967 mu gace ka Mpigi muri Uganda, aho umuryango we wari warahungiye, yigeze kuba Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri rya Gisikare cya Nasho. Col Dr […]

Continue Reading

MTN Rwanda yasobanuye abishyujwe muri gahunda ya Macye Macye kandi batarahawe telefoni

Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe, byagaragaye ko hari abaturage bishyujwe amafaranga muri gahunda ya Macye Macye kandi batarahawemo telefoni. MTN Rwanda ivuga ko ayo mafaranga bari bishyujwe bayasubijwe ku makonti yabo ya Mobile Money. Gahunda ya Macye Macye yatangijwe na MTN Rwanda ku bufatanye na Banki ya Kigali, ifasha abakiliya […]

Continue Reading

Urukiko rwategetse ko ushinjwa kuriganya miliyari 13 Frw afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Sezisoni Manzi Davis, ukekwaho kuriganya abantu 500 akabambura amafaranga arenga miliyari 13 Frw, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Manzi Davis akurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, gucuruza no kuvunja amafaranga mu buryo butemewe n’icyaha cy’iyezandonke. Ibirego n’Ibisobanuro by’Ubushinjacyaha Ubushinjacyaha bwagaragaje ko Sezisoni Manzi Davis hamwe n’umugore we bashinze […]

Continue Reading

Rusizi: Umwarimu arakekwaho gutera inda abanyeshuri bane

Ababyeyi barera ku ishuri rya GS Murira ryo mu Kagari ka Cyarukara, Umurenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi basabye ubuyobozi guhagurukira ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rigaragara muri iki kigo nyuma y’aho hagaragaye abakobwa bane batwite, bikekwa batewe inda n’umwarimu wo kuri iki kigo. Babitangarije mu bukangurambaga bwo gusaba abaturage kugira uruhare mu gukumira […]

Continue Reading

Minisitiri Twagirayezu yasobanuye ikibazo cy’abana bahawe kwiga amasomo batsinzwe

Ku wa 27 Kanama 2024, Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasobanuye impamvu zimwe mu bibazo byagaragaye nyuma y’itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Ibyo bibazo birimo abanyeshuri bahawe kwiga amasomo batsinzwe cyane, harimo n’umwe wahawe kwiga amasomo ya Ubugenge, Ubutabire n’Ibinyabuzima n’ubwo yose yayatsinzwe cyane. Minisitiri Twagirayezu yavuze ko ibi […]

Continue Reading

Hashyizweho uburyo bworohereza abasaba guhindura ibipimo by’ubutaka

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka, NLA, kuri uyu wa 28 Kanama 2024, cyatangaje uburyo bushya bwo gusaba serivisi zo guhindura ibipimo by’ubutaka. Serivisi zivugwa ni iyo kubugabanyamo ibice, kubuhuza, gukosora ubuso, kwandikisha isangiramutungo ku nyubako no gucamo ibice byihariye. Ubusanzwe zatangwaga mu gihe uzisaba yabanje kugeza dosiye ku biro by’Umurenge cyangwa Akarere. NLA yasobanuye ko hashingiwe […]

Continue Reading