Perezida Macron yatangiye gusabirwa kweguzwa

Ishyaka La France Insoumise (LFI) riherutse kwegukana imyanya myinshi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, ryatangije urugendo rwo gukusanya imikono yo kweguza Perezida Emmanuel Macron. Bije nyuma y’uko Macron yanze gushyiraho Lucie Castets nka Minisitiri w’Intebe mushya wari watanzwe n’Ihuriro Nouveau Front Populaire ari naryo LFI ribarizwamo. Umuyobozi wa LFI, Mathilde Panot yatangaje ko boherereje […]

Continue Reading

MIFOTRA yikomye ibigo byishyuza abashaka kwimenyereza akazi

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yakebuye ibigo byiganjemo iby’abikorera, byaka amafaranga abashaka kwimenyereza umwuga (internship), ibibutsa ko bidakwiye ahubwo bikwiye korohereza abashaka kwimenyereza umwuga kuko baba baje gutanga umusanzu wabo mu kazi ndetse no kuzana ibitekerezo bishya. Francois Ngoboka, Umuyobozi Mukuru muri MIFOTRA ushinzwe guteza imbere ubumenyi n’umurimo, yasabye ibi bigo kugira ubushishozi, avuga […]

Continue Reading

Umubare w’abanyamahanga bakina muri Shampiyona y’u Rwanda wongerewe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ryemeje ko umubare w’abanyamahanga bemerewe gukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere (Rwanda Premier League) wongerewe ukagera ku 10, uvuye kuri batandatu. Gusa, mu mikino, hazajya habanzamo abanyamahanga batandatu gusa, mu gihe abandi bane bazajya basimburana hagati yabo, ariko bitarenze batandatu bari mu kibuga icyarimwe. Ibi byakozwe nyuma y’uko Rwanda […]

Continue Reading

Perezida Kagame yitabiriye Inama ya 2 ihuza Afurika na Indonesia

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze i Bali muri Indonesia, aho yifatanya n’abandi bayobozi mu Nama ya 2 ihuza Indinesia n’Afurika. Iyi nama ifite insanganyamatsiko igira iti: “Umuhate wa Bandung mu kugera ku Cyerekezo 2063 cy’Afurika”, iteganyijwe hagati kuva kuri iki Cyumweru tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Nzeri 2024. Ni inama yitezweho […]

Continue Reading

BNR yasobanuye impamvu yahinduye inoti ya 5000 Frw n’iya 2000 Frw

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje impamvu zatumye ihindura inoti za 5000 Frw na 2000 Frw, harimo kuzijyanisha n’igihe hongerwamo ikoranabuhanga rigezweho no kuyongerera umutekano. Iteka rya Perezida rishyiraho izi noti nshya ryasohotse mu igazeti ya Leta yo ku wa 30 Kanama 2024, riteganya ko izi noti zishyirwa mu bikorwa hamwe n’izari zisanzweho, zirimo iya […]

Continue Reading

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye 654 ba RDF

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yazamuye mu ntera ba Ofisiye 654 barimo babiri bahawe ipeti rya Brigadier General bavuge ku rya Colonel. Abo bahawe ipeti rya Brigadier General ni Col Justus Majyambere na Col Louis Kanobayire. Abahawe ipeti rya Colonel bavuye ku rya Lieutenant Colonel ni 14, ari […]

Continue Reading

Musenyeri Dr Mbanda yatorewe kuyobora RIC

Ubuyobozi bw’Angilikani mu Rwanda bwatangaje ko Musenyeri Dr. Laurent Mbanda w’Itorero Anglican mu Rwanda ari we watorewe kuyobora Umuryango uhuza amatorero, amadini na Kiliziya (Rwanda Inter-Religious Council – RIC). Ni umwanya agiyeho asimbura Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyoseze Gatolika ya Butare wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya. Mu matora yabaye ejo ku wa Gatanu […]

Continue Reading

Umugabo yishe abagore babiri abagaburira ingurube

Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo rwatangiye kuburanisha abantu batatu barimo umugabo witwa Zachariah Olivier w’imyaka 60, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica abagore babiri maze akagaburira ingurube ze imirambo yabo. Zachariah Olivier yagejejwe imbere y’urukiko nyuma y’uko ibisigazwa by’aba bagore babiri, bari bamaze igihe baraburiwe irengero, bibonetse mu kiraro cye cy’ingurube giherereye mu karere ka Limpopo. Ibi […]

Continue Reading

Gakenke: Abantu batatu bapfiriye mu kirombe

Abantu batatu bari bari gucukura amabuye y’agaciro mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke bahuye n’amazi mu kirombe bacukuragamo arabica. Abo bantu bari bari gucukura mu kirombe cya Koperative isanzwe ikora ubucukuzi witwa COMIKAGI ikorera ubwo bucukuzi mu Murenge wa Ruli baguyemo ku mugoroba wo ku itariki 29 Kanama 2024. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, […]

Continue Reading

Bigenda bite ngo umusirikare yirukanwe mu Ngabo z’u Rwanda?

Umwuga w’igisirikare ni umwe mu myuga ikomeye ndetse ifite imiterere yihariye kandi mu mikorere yawo ugira amategeko awugenga ari nayo abawukora bagomba kugenderaho. Igisirikare aho kiva kikagera ku Isi kiba gifite amategeko n’amabwiriza agenga abagikoramo mu rwego rwo kurushaho gufasha abakora uwo mwuga kugendera ku murongo umwe kandi bahuje umugambi. Iyo uvuze ikinyabupfura no kugendera […]

Continue Reading

Nyuma yo gutabarizwa na Gen Muhoozi Umudepite yafunguwe

Kuri uyu wa 30 Kanama 2024, Umudepite Michael Mawanda, ukomoka mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ndetse akaba n’umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga mu ihuriro PLU (Patriotic League of Uganda), yafunguwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate y’amashilingi ya Uganda miliyoni 35 (angana na miliyoni 12,5 Frw). Mawanda yari yatawe muri yombi muri Kamena 2024, akekwaho kunyereza amafaranga […]

Continue Reading