Minisitiri Twagirayezu yavuze ku cyifuzo cy’umubyeyi cyo guhanisha abanyeshuri inkoni

Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yasubije umubyeyi wasabye ko guhanisha umunyeshuri inkoni byasubizwaho kugira ngo abana basubire ku rufatiro, amubwira ko ubu ibintu byahindutse aho guhanisha umwana ibihano bibabaza umubiri ari ikizira. Ni ubusabe umubyeyi witwa Kazubwenge Jean Damascene yagaragaje ubwo Minisiteri y’Uburezi yatangazaga amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza n’Icyiciro Rusange cy’ayisumbuye. Kazubwenge kandi […]

Continue Reading

Uwahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera wari ushinzwe kuburanira Leta imanza yarezwemo yafunzwe

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Ruranga Jean, wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, afungwa by’agateganyo iminsi 30. Ruranga, wigeze kuba umunyamategeko wari ushinzwe kuburanira Leta, yatawe muri yombi ku itariki ya 8 Kamena 2024, ashinjwa ibyaha birimo guhendesha imitungo. Ruranga yafatiwe hamwe n’umucuruzi witwa Nkundimana Jean Damascène, bombi bakaba bakurikiranyweho ibyaha birimo iyezandonke ndetse […]

Continue Reading

Dosiye y’abafite akabari kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa igezehe?

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha. Aba bombi bakurikiranyweho icyaha cyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina y’undi, dosiye yabo yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 23 Kanama 2024. Amakuru ahari ahamya ko atari ubwa mbere nyiri aka kabari akurikiranyweho iki cyaha. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu […]

Continue Reading

Gen (Rtd) Kabarebe yavuze impamvu Odinga akwiye kuyobora Komisiyo ya AU

Ku wa 27 Kanama 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yatanze impamvu zifatika zishyigikira kandidatire ya Raila Odinga wo muri Kenya ku mwanya w’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU). Kabarebe yagaragaje Odinga nk’umunyapolitiki w’umuhanga ufite ubunararibonye bukomeye muri politiki n’iterambere, ndetse akaba yaranabaye Minisitiri w’Intebe […]

Continue Reading

MINEDUC yasubije ikibazo cy’abarimu basabye guhindurirwa ibigo

Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yavuze ko hari abarimu basaba kwimurirwa mu tundi turere cyangwa mu yandi mashuri ntibikunde, ariko bigaterwa n’impamvu y’uko hari ubwo umubare w’abashaka kujya mu karere kamwe uba uri hejuru kuruta uw’abashaka kuhava, ibyo bigatuma imyanya iboneka ari mike. Ni ingingo yagarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kanama 2024, ubwo […]

Continue Reading

Abana barenga ibihumbi 15 batsinzwe ibizamini bya Leta mu 2023/2024

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri barenga ibihumbi 15 batsinzwe mu bizamini bisoza amashuri abanza n’ibisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023/2024. Ubwo hatangazwaga amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa 27 Kanama 2024, Minisitiri w’Uburezi, Gaspard Twagirayezu yagaragaje ko mu biga mu mashuri abanza batsinze ku kigero cya 96,8% bivuze ko hari abanyeshuri […]

Continue Reading

MINEDUC yatangiye gahunda yo gushyiraho abayobozi bungirije mu mashuri abanza

Minisitiri w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard, yatangaje ko Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) iri mu bikorwa bikomeye byo gushyiraho abayobozi bungirije ku bigo by’amashuri abanza, mu rwego rwo guteza imbere imikorere y’ibyo bigo, by’umwihariko no kunoza imiyoborere y’amashuri abanza atagira icyiciro cy’amashuri yisumbuye. Kugeza ubu, abayobozi bungirije 466 bamaze gushyirwa mu myanya hirya no hino mu gihugu. Iyi gahunda […]

Continue Reading

Dosiye y’uwari ku rutonde rw’Abadepite ukurikiranyweho icyaha cya Jenoside igezehe ?

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain ufite imyaka 59 wari ku rutonde rw’abakandida-depite akekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yashyikirijwe Ubushinjacyaha. Musonera Germain yatawe muri yombi ku wa 21 Kanama 2024, akekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, aho akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa Kayihura Jean Marie […]

Continue Reading

Kayonza: Imiryango irenga 400 yasabwe kwimuka kubera amabuye y’agaciro

Abaturage bo mu miryango 432 batuye mu midugudu ya Muganza, Rwinkwavu na Kinihira mu Kagari ka Nkondo, Umurenge wa Rwinkwavu ho mu Karere ka Kayonza, basabwe kwimuka kubera gahunda yo gukoresha ubutaka bwabo mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi nticyabashimishije, kuko bamaze igihe kinini bahatuye, kandi batabonye ahandi ho gutura. Bamwe muri aba baturage […]

Continue Reading

Muri Namibia Inyamaswa zirenga 700 zigiye kwicwa bitewe n’amapfa

Namibia yafashe icyemezo gikomeye cyo kugabanya umubare w’inyamaswa mu mapariki yayo bitewe n’ibibazo by’amapfa bikomeye byugarije igihugu. Iki gikorwa kigamije kugabanya umubare w’inyamaswa muri pariki kugira ngo izizasigara zibone amazi n’ibiribwa bihagije, cyane ko amapfa ari gutuma bibura. Minisiteri y’Ibidukikije, Amashyamba n’Ubukerarugendo muri Namibia yatangaje ko inyamaswa zirenga 700 zizicwa, zirimo inzovu 83, imvubu 30, […]

Continue Reading

Reba uko wareba amanota y’abanyeshuri bitakugoye

Kureba AMANOTA y’Ikizami cya Leta yasohowe na National Examination and School Inspection Authority (NESA) Kureba amanota wabonye mu kizamini cya Leta hari uburyo bubiri: 1) Kuri Interineti 2) Kuri Telefone 1. Kureba amanota y’abanyeshuri 2024 ya NESA kuri Interineti. Kureba amanota y’ikizamini cya Leta cy’amashuri abanza, icyiciro rusange cyangwa se Abarangije ubumenyi rusange ukoresheje Interineti […]

Continue Reading