Babiri bibaga mu ngo bakoresheje ibikangisho no kwiyitirira inzego batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gasabo yafashe ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza 2024, abasore babiri bafite imyaka 27 na 30 y’amavuko, bakurikiranyweho kwiyitirira inzego no kwiba abaturage amafaranga n’ibikoresho bitandukanye bakoresheje kiboko. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire yavuze ko bafatiwe mu bikorwa bya […]
Continue Reading
