M23 yaba yafashe undi mujyi nyuma yo kwigarurira Bukavu
Mu mirwano ihanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), biravugwa ko uyu mutwe wamaze gufata undi mujyi ari wo Uvira wo mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Amakuru aturuka muri Congo no mu bakurikiranira hafi uru rugamba ruhanganishije M23 n’igisirikare cya DRC gifatanyije n’abarimo Ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR n’ingabo za […]
Continue Reading
