U Burusiya bwanenze u Burayi na Amerika uko bitwaye ku bacanshuro M23 yafashe

Igihugu cy’u Burusiya cyanenze ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi (u Burayi na Amerika) ko byicecekeye nyuma y’aho Abacanshuro b’abanyaburayi bafatiwe mu mirwano batafatanyagamo n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu kurwanya Umutwe wa M23. Aba basirikare bagera kuri 300, barimo Abanya-Romaniya, bafashwe n’ingabo za M23 bari ku rugamba mu Burasirazuba bwa RDC. Nyuma […]

Continue Reading

FARDC yahitanye Col Makanika ikoresheje drone

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), gifatanyije na Wazalendo ndetse n’abasirikare b’u Burundi, cyagabye igitero cya drone gihitana Col Michel Rukunda uzwi nka Makanika, uyobora umutwe wa Twirwaneho. Ni mu gitero cya drones cyagabwe ahitwa mu Gakangara, muri segiteri ya Ngandja, muri Teritware ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Abashyigikiye Kinshasa bavuga ko […]

Continue Reading

Col Mukalayi wa FARDC yiciwe i Bukavu

Umwe mu basirikare bakuru mu ngabo za Congo (FARDC), Colonel Mushonda Jacques Mukalayi wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, hamwe n’abarinzi be babiri, biciwe mu Mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru dukesha Umuseke nuko  ko, ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 19 Gashyantare 2025, Col Mukalayi n’abarinzi be biciwe mu rugo […]

Continue Reading

Ubwami bw’Ubwongereza bwaruse u Bubiligi buhamagaza Ambasaderi w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko icyemezo cya Guverinoma y’Ubwami bw’u Bwongereza (UK) cyo gutumiza Ambasaderi w’u Rwanda ngo atange ibisobanuro ku byo u Rwanda rushinjwa birebana n’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), biruta icyemezo gihutiyeho cy’Ubwami bw’u Bubiligi cyo kubogama hirengagijwe ukuri. Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma Alain B. Mukuralinda, yabwiye Imvaho Nshya […]

Continue Reading

Nyanza: Abasaga 500 bamaze imyaka 10 bishyuza ingurane z’ahakozwe icyuzi gihangano cya Bishya

  Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bari bafite imirima ahakozwe icyuzi gihangano cya Bishya, bavuga ko imyaka ibaye 10 babariwe amafaranga y’ingurane ku byabo byangijwe n’ubu bakaba batarayabona kandi ngo ntibahwemye gusiragira mu buyobozi bishyuza. Icyuzi gihangano cya Bishya kiri hagati y’Imirenge ya Rwabicuma, Busasamana na Mukingo. Abaturage bari bafite imirima mu kabande […]

Continue Reading

FARDC yarashe kuri Col Makanika

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), gifatanyije na Wazalendo ndetse n’abasirikare b’u Burundi, cyagerageje kwivugana Col Michel Rukunda uzwi nka Makanika, uyobora umutwe wa Twirwaneho. Ni mu gitero cya drones cyagabwe ahitwa mu Gakangara, muri segiteri ya Ngandja, muri Teritware ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Abashyigikiye Kinshasa bavuga ko abasirikare 6 barimo […]

Continue Reading

Gen .Masunzu wahawe akazi ko kwivuna umutwe wa M23 yahunze

Gen. Masunzu Pacifique, wari washinzwe kuyobora urugamba rwo guhangana n’umutwe wa M23, yahungiye i Kisangani. Nyuma yo kugirwa umuyobozi w’uturere dutatu turimo Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Epfo, Gen. Masunzu Pacifique yagerageje kurwana n’umutwe wa M23 muri Kivu y’Amajyaruguru. Icyakora, ingabo za M23 zarushije imbaraga iza FARDC, maze zifata Umujyi wa Goma, bituma we n’ingabo bari […]

Continue Reading

RDC: Imfungwa zo muri Gereza ya Uvira zose zafunguwe

Imfungwa zirenga 500 zari muri Gereza Nkuru ya Mulunge iherereye muri teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zose zafunguwe. Izi mfungwa zirimo abasirikare n’abasivili zafunguwe n’ubuyobozi bwa gisirikare bwa RDC, mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Gashyantare 2025, mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 […]

Continue Reading

Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu Mujyi wa Kigali yongeye gufungwa

Umukire utunze imodoka zirenga 25, igorofa mu mujyi wa Kigali n’ibindi waherukaga gufungurwa by’agateganyo, bikekwa ko habonetse ibindi bimenyetso atabwa muri yombi hamwe n’abandi bantu babiri ngo bakurikiranwe n’amategeko. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Niyitegeka ryumvikanye mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Gashyantare 2025. Abakorana na Niyitegeka Eliezer bavuga ko yongeye gutabwa muri yombi […]

Continue Reading

U Bubiligi bwasubije u Rwanda

Igihugu cy’u Bubiligi cyatangaje ko cyakiriye icyemezo cya Leta y’u Rwanda cyo guhagarika imikoranire mu bikorwa by’iterambere. U Rwanda rwafashe iki cyemezo nyuma y’uko u Bubiligi bwihuje n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu bukangurambaga bugamije gusibira amayira u Rwanda. Ibi bihugu byombi byashyize hamwe imbaraga mu mugambi wo gushaka guhagarika inkunga y’iterambere u Rwanda ruterwa. Minisitiri w’Intebe […]

Continue Reading

Igisirikare cy’u Burundi kirahakana ko cyacyuye ingabo zacyo ziri muri RD Congo

Umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi arahakana amakuru avuga ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu gihanganye n’inyeshamba za M23 zacyuwe. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ejo ku wa kabiri cyatangaje  ko cyahawe amakuru n’amasoko ane yemeza icyurwa ry’izi ngabo, mu gihe inyeshamba z’umutwe wa M23 zikomeje kwigarurira uturere dutandukanye. “Amakamyo […]

Continue Reading