Trump yikomanze mu gatuza yibutsa abantu akamaro ke mu mibanire y’u Rwanda na RDC
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iyo atagira uruhare mu biganiro bigamije gukemura amakimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibihugu byombi bitari kubyinjiramo ahubwo ibintu byari kurushaho kugana ahabi. Perezida Trump ari mu rugendo muri Ecosse aho yagiranye ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir […]
Continue Reading
