Ingamba z’ubwirinzi zizahoraho kugeza ibyo twifuza bifatiwe umwanzuro ugaragara – Minisitiri Nduhungirehe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ubwirinzi bw’u Rwanda buri hafi y’umupaka uruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzahoraho igihe cyose ikibazo cy’umutekano gitezwa n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kitarafatirwa umwanzuro ufatika. Byagarutsweho ku wa 29 Nyakanga 2025, ubwo Abadepite batoraga itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi […]
Continue Reading
