U Rwanda rwungutse abahanga mu buvuzi n’ubuhanga mu bya Gisirikare
Ba Ofisiye 81 mu Ngabo z’u Rwanda, RDF bahawe impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza nyuma yo gusoza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako, basabwe no guhangana n’ibibazo byugarije Isi birimo iby’ikoranabuhanga. Ni impamyabumenyi bahawe kuri uyu wa Mbere, tariki 4 Kanama 2025, mu muhango wabereye mu Ishuri rikuru rya Gisirikare rya Gako […]
Continue Reading
