Kuyinjiriraho muri Ghana na Bénin no kuyihuza na ’permis’: Ibishya byitezwe ku ndangamuntu koranabuhanga

U Rwanda rurakataje mu mushinga wo gushyiraho indangamuntu koranabuhanga, aho izaba ikubiyemo amakuru yose, ha handi bitazaba na ngombwa ko uyigendana kuko amakuru ajyanye na yo uzajya uyasanga aho wagiye gushaka serivisi. Ni umushinga watangiye mu 2023, iyi ndangamuntu ikazatangira gutangwa muri Nyakanga 2026. Ni agace k’umushinga mugari u Rwanda rufatanyijemo na Banki y’Isi washowemo […]

Continue Reading

Kamonyi: Bane bakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kamonyi yatangaje ko yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho ibyaha by’ubugizi bwa nabi bihungabanya ituze n’umundendezo by’abaturage. Byabaye ku wa 19 Kanama 2025, mu murenge wa Rugarika, mu Kagari ka Kigese, aho Polisi y’u Rwanda yakoze umukwabu ifatanyije n’abaturage n’inzego z’ibanze, bafata abagabo bane babarizwa mu itsinda rikekwaho ibikorwa […]

Continue Reading

Muri gahunda nzamurabushobozi imbaraga zizashyirwa mu mibare itsindwa kuri 27%

Mu mashuri abanza, abanyeshuri batsinda imibare ku kigero gito, cya 27%, ibyo bikaba bitanga umukoro ko muri gahunda nzamurabushobozi hazitabwa ku isomo ry’imibare. Byagarutsweho na Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, ubwo hatangazwaga amanota y’abanyeshuri basoje amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, mu mwaka w’amashuri 2024/25. Yagize ati: ” […]

Continue Reading

AFC/M23 yavuze uburyo RDC ibangamira inzira ziganisha ku mahoro arambye

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kurenga ku mahame impande zombi zashyiriyeho umukono i Doha muri Qatar, ikagaba ibitero ku bice birimo abaturage ibyo yise ko iri gukora ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Ni mu itangazo ryanyujwe ku mbuga nkoranyambaga z’iryo huriro, rigaragaza ko ihuriro ry’Ingabo za RDC zirimo FARDC, […]

Continue Reading

MINEDUC yahembye abanyeshuri 11 bahize abandi mu bizimini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange

Minisiteri y’Uburezi yahembye abanyeshuri 11 bahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, bagaragaza ko umwete mu kwiga ari wo wabafashije kugera ku ntego. Mu bana bahize abandi mu mashuri abanza bayobowe na Arakaza Leo Victor wigaga muri Wisdom School mu Karere ka Musanze. Yagize amanota 99,4%. Harimo kandi Impano […]

Continue Reading

Bikira Mariya Umwamikazi w’i Kibeho yubakiwe ingoro muri USA

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) hatashywe ingoro nshya yitiriwe Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho, aho abakirisitu Gatolika bazajya bazirikana amabonekerwa ye yabereye mu Rwanda mu myaka ya 1980. Iyi ngoro yatashywe ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama, yubatswe ku cyicaro cya Santarari ya Miraculous (Central Association of the Miraculous Medal (CAMM), iherereye muri […]

Continue Reading

Gupimisha byisumbuyeho ibinyabiziga bihumanya ikirere bigiye gutangira

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko u Rwanda ruzatangira gupima imyotsi y’ibinyabiziga mu buryo bwisumbuyeho bizatangira ku mugaragaro ku wa Mbere, tariki 25 Kanama 2025, mu bukangurambaga bwo kurwanya ihumana ry’umwuka abantu bahumeka. Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Kanama 2025, REMA yavuze ko ibinyabiziga byose bikoresha lisansi, mazutu n’ibikoresha lisansi […]

Continue Reading

ADEPR yavuze ku cyapa gisaba abantu kwiyuhagira kimanitse ku rusengero

Ubuyobozi bw’Itorero ADEPR mu Rwanda bwatangaje ko icyapa cyakwirakwiye cyanditseho amagambo asaba abantu kujya mu rusengero rwa ADEPR Kabutare, ruherere mu Murenge wa Ruhango, mu Karere ka Ruhango biyuhagiye umubiri wose, bugaragaza ko ari bumwe mu buryo busanzwe bukoreshwa mu bukangurambaga bwo gufasha abaturage mu iterambere n’imibereho myiza no kwimakaza isuku n’isukura. Kuva ku wa […]

Continue Reading

Perezida Trump na Zelensky bemeje ko bagiranye ibiganiro byubaka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na mugenzi we wa Ukraine Volodymyr Zelensky bavuze ko ibiganiro biganisha ku kurangiza intambara bahanganyemo n’u Burusiya bagiranye ku wa 18 Kanama 2025, byari byiza cyane kurusha ibindi byose byabayeho. Ibyo biganiro byitabiriwe n’abandi bayobozi b’i Burayi, Trump yababwiye ingamba z’umutekano nyuma ahamagara Perezida w’u Burusiya […]

Continue Reading

Bujumbura: Undi mupolisi mukuru arafunzwe

Col Havyarimana Jean Bosco uyobora Polisi muri Komini Nyabikere mu yahoze ari Intara ya Karuzi, afungiwe i Bujumbura kubera uruhare rukomeye akekwaho mu iyicarubozo no kuburirwa irengero k’umuturage. Uyu muturage witwa Daniel Ndimuminwe yatawe muri yombi n’abapolisi bari bayobowe na Col Havyarimana tariki ya 11 Kanama 2025, azira kubura amafaranga y’Amarundi 1000 yo kwishyura ifunguro […]

Continue Reading

Kamonyi: Abantu 8 bakekwaho urupfu rw’umusore batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi yatangaje ko yataye muri yombi abantu umunani bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusore w’imyaka 24, bakanakomeretsa mugenzi we wundi w’imyaka 18. Urupfu rw’uyu rwamenyekanya ku wa 16 Kanama 2025 mu masaha y’ijoro, rubereye mu Mudugudu wa Nombe, Akagari ka Nyagishubi, Umurenge wa Nyarubaka, rukomotse ku rugomo yakorewe n’abasore ubwo […]

Continue Reading