U Rwanda rwamaganye Raporo ya Human Right Watch ishinja RDF gufasha M23.

U Rwanda rwamaganye Raporo y’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch, HRW), ishinja ibinyoma Ingabo z’u Rwanda byo kugira uruhare mu mu bikorwa by’umutwe wa M23 ahubwo yirengagije urw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uw’iterabwoba wa FDLR, bifite ukuri. Itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze kuri uyu wa […]

Continue Reading

U Rwanda rwungutse inkura z’umweru eshatu.

Pariki y’Igihugu y’Akagera yishimira ko inkura zashyizwe muri iyi pariki zageze ku 148 nyuma y’uko iz’umweru zimaze umwaka zizanywe mu Rwanda zatangiye kororoka. Mu nkura 70 z’umweru ziherutse kujyanwa muri iyi pariki eshatu zarabyaye mu gihe izindi na zo zitegura kubyara muri uyu mwaka. Umuyobozi ushinzwe umubano mwiza n’abafatanyabikorwa muri Pariki y’Akagera, Karinganire Jean Paul, […]

Continue Reading

Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe atemwe ijosi

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma ziri guhigisha uruhindu abantu bagize uruhare mu kwica umwana w’umukobwa w’imyaka 17, bamuteye icyuma ku ijosi, bamukata amabere, intoki n’ibindi bice by’umubiri. Ibi byabaye mu ijoro ryacyeye rishyira kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Kamena 2026 mu Mudugudu wa Kamvumba mu Kagari ka Kinunga mu Murenge wa Remera […]

Continue Reading

Depite Icyitegetse Venuste yeguye ku mirimo ye.

Inteko Ishinga Amategeko yatangaje ko Icyitegetse Venuste wari Umudepite yandikiye Perezida w’Umutwe w’Abadepite amumenyesha ubwegure bwe ku mpamvu ze bwite. Icyitegetse yari Umudepite ubarizwa muri Komisiyo ishinzwe kugenzura uko ingengo y’imari ya Leta itegurwa, ikoreshwa, n’uko umutungo wa Leta ucungwa. Yari Umudepite ubarizwa mu Muryango wa FPR Inkotanyi watowe ahagarariye urubyiruko. Visi Perezida w’Inteko Ishinga […]

Continue Reading

Hateguwe ibirori byo kwishimira igikombe cya BAL ‘RSSB Tigers’ yegukanye.

Abahanzi batandatu batoranyijwe kuzatanga ibyishimo ku bakunzi b’ikipe ya RSSB Tigers n’ab’umukino wa Basketball, bagiye kwishimira igikombe cya BAL iyi kipe iherutse kwegukana. Abahanzi batoranyijwe kuzasusurutsa abazitabira ibi birori bizabera muri ‘rond-point’ yo kuri Kigali Convention Centre ku wa 13 Kamena 2026 ni Kenny Sol, Juno Kizigenza, Bull Dogg, Angell Mutoni, Ariel Wayz na Kivumbi […]

Continue Reading

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere ka Musanze bakekwaho gukorera urugomo abamotari. Hashize iminsi mu Karere ka Musanze humvikana abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, bavuga ko babangamiwe n’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya Ines Ruhengeri babakorera urugomo. Abaganiriye na […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahinduye ba Minisitiri b’Ibikorwa remezo ndetse nuw’Ubucuruzi n’inganda.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasimbuje ba Minisitiri b’Ibikorwa Remezo, uw’Ubucuruzi n’Inganda ndetse n’uw’Abakozi ba Leta n’Umurimo. Ni impinduka Perezida Kagame yakoze mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026, zasize Minisiteri y’Ibikorwaremezo ihawe umwihariko wo kugira abanyamabanga ba leta babiri. Hari hashize iminsi Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi bibaza impamvu hari imwe […]

Continue Reading

Amerika yategetse u Bubiligi kutemerera Abanye-Congo kubwinjiramo.

Leta Zuzunze Ubumwe za Amerika zasabye u Bubiligi kubuza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubwinjiramo, mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Iby’iki cyemezo cya Amerika byatangajwe n’ikinyamakuru De Morgen ku wa 9 Kamena 2026. Cyavuze ko Amerika ibinyujije muri Ambasaderi wayo mu Bubiligi, Bill White yasabye iki gihugu cy’i Burayi gukumira Abanye-Congo bashaka […]

Continue Reading

Ibiciro ku isoko byazamutseho 12,9% muri Gicurasi.

Ibiciro ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byakomeje kuzamuka muri Gicurasi 2026, aho byiyongereyeho 12,9% ugereranyije na Gicurasi 2025, bigaragaza ko ubuzima bukomeje guhenda ku baturage, cyane cyane ku bicuruzwa na serivisi bikenerwa buri munsi. Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko iri zamuka ry’ibiciro mu mijyi ryagabanutseho gato ugereranyije na Mata […]

Continue Reading

Amerika yarashe muri Iran mu guhorera indege yahanuwe.

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zagabye ibitero muri Iran mu rwego rwo guhorera indege yabo yo mu bwoko bwa kajugujugu zizwi nka ‘Apache Helicopter’ ivuga ko yahanuwe na Iran. Mu butumwa bwo kuri X, Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (Centcom) zanditse ko kuva saa yine z’ijoro ku isaha ngengamasaha ya […]

Continue Reading