Nyuma yo kwibasira WizKid uwitwa Dj Chicken yongeye kwibasira muka Davido.

Dj Chicken yongeye kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko ashaka kuryamana n’Umugore wa Davido witwa Chioma akanamutera inda.         Ntagihe kinini giciyeho uwitwa Dj Chicken ashinyaguriye Wiz Kid  uherutse kugira ibyago Mama we umubyara akitaba Imana muri kanama 2023 birumvikana ko Wiz Kid atarakira neza urupfu rwa nyina, nibwo uwitwa  Dj […]

Continue Reading

King James yasinyishije Manick Yani.

Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye kumuhindurira ubuzima kuko na King James ariho yayumviye akanifuza kumufasha mu gihe cy’imyaka itanu.       Amazina ye nyakuri ni Manigabe Delphin ariko mu muziki akoresha Manick Yani […]

Continue Reading

Bruce Melody azataramira abazitabira Rwanda Day.

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024  mu mujyi wa Washington.           Abinyujije k’urubuga rwa Rwanda Day nibwo yemeje ko azataramira Abanyarwamda n’inshuti zarwo ko kuri 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 atumiye Abanya Rwanda […]

Continue Reading

Davido yongeye guca agahigo.

Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa  02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira.       Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamenyekanye nka Davido mu muziki wa Nigeria nahandi ku isi, hari kuya 31 werurwe 2023 ubwo uyu muhanzi yasohoraga album ye yise ‘Timeless’ […]

Continue Reading

Kikac yategetse Niyo Bosco gusiba amashusho ye n’umukunzi we.

Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa  bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari yabitangarijeho.       Hari k’umunsi wejo tariki ya 16 mutarama 2023 ubwo umuhanzi Niyo Bosco yashyiraga hanze amashusho ari kumwe n’inkumi yihebeye yitwa Keza Nabrizza bagaragara baryohewe n’ubuzima […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri siporo yo gusimbuka umugozi

Siporo yo gusimbuka umugozi ni nziza cyane ndetse ituma uyikora amaraso atembera neza cyane cyane mu gice cy’amaguru, bigatuma kandi ibinure bishonga vuba, amaraso agatembera neza.   Gusimbuka umugozi ni siporo nziza wakora niba uyemerewe. Gusimbuka umugozi kandi bituma utakaza ibiro,uwukora iyi siporo kandi yo gusimbuka umugozi ahorana imbaraga kuko umutima we uba ukora cyane […]

Continue Reading

Kibonke yatangaje icyatumye arembera kwa Muganga akabihisha.

Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya  hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba ngombwa ko aguma kwa  Muganga kugeza abazwe.   Izina Kibonge cyangwa Clapton riramenyerewe cyane  mumatwi y’Abakunzi b’imyidagaduro hano mu Rwanda  ndetse n’ahandi, Kibonke warumaze iminsi ari mubitaro byitiriwe Umwami […]

Continue Reading

P.Diddy ntazagaragara mu itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards.

Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze afasha mumuziki witwa Cassie.     Sean Combs uzwi nka P.Diddy  umuraperi ukomeye cyane akaba n’umuherwe kuko agaragara k’urutonde rw’aba raperi bambere batunze agatubutse, umwaka dusoje wa 2023 ntiwagendekeye […]

Continue Reading

Ukurikiranyweho urupfu rwa Tupac yabaye arekuwe

Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop ndetse nanubu akaba agifatwa nabamwe nk’Umwami wiyo njyana ku Isi ariwe Tupac yafunguwe by’agateganyo     Ariko asohoka atanze ingwate igera  kubihumbi 750$ nukuvuga arenga miliyoni 850Frw ndetse ayo […]

Continue Reading

Korea y’epfo ntawuzongera kuharira imbwa kuva 2027

Korea y’Epfo yemeje itegeko ribuza abantu kuzongera kurya no kugurisha inyama z’imbwa muri iki gihugu kuva muri 2027. Ni tegeko rifite gahunda yo gukuraho burundu umuco warumaze imyaka myinshi muri Korea wo kurya imbwa.   Iri tegeko rivugako abazafatwa babaga imbwa bazajya bahabwa igihano bagafungwa igifungo gishobora no kugera kumyaka itatu mugihe abazorora kugirango bazirye […]

Continue Reading

Intambara y’Amagambo Hagati ya Davido na Tiwa Savage Izarangira ryari?

Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri 2016, bakaza kuba abanzi ruharwa nyuma y’uko uyu mugore atangiye kujya yandagaza Davido bakaba badacana uwaka kugeza n’ubu.   Davido akimara kubona iyo foto Tiwa Savage ari kumwe nawe […]

Continue Reading