Dr Jimmy Gasore yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye mu mwanya wo kuyobora iyi minisiteri muri Mutarama 2022. Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023 nibwo Erinest Nsabimana yari yahagarariye amasezerano yo kuzubaka mu Rwanda uyuganda rutunganya ingufu za […]

Continue Reading

Biravugwa ko Tity Brown yafungishijwe n’abagabo babiri bakomeye! Akagambane gakomeye mu rubanza rwe

Hari abagabo babiri bakomeye bari kuvugwa mu rubanza rwa Ishimwe Thiery uzwi nka Tity Brown aho umwe ari umushinjacyaha ukomeye undi akaba umu polisi ufite amapeti. Ngo mu rubanza uyu mupolisi aba ahari yambaye imyenda ya gisivile kugira ngo amenye itekinika rikurikira ribambisha Titi Brown ndetse umucamanza we akagira uruhare mu gutinza urubanza rwa Titi […]

Continue Reading

Bamporiki Edouard ari mu bagororwa batinyitse I Mageragere

Kuva muri Mutarama 2023, Bamporiki Edouard wakatiwe n’urukiko igifungo cy’imyaka 5, afungiye mu igororero rya Nyarugenge riherereye mu murenge wa Nyarugenge. Bamporiki wahamwe n’icyaha gifitanye isano na ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite, yabaye umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco ndetse aba n’umuyobozi w’Itorero ry’igihugu.   Mutimura Abed wamenyekanye nka […]

Continue Reading

Amashirakinyoma ku kuba Bruce Melodie yarahuriye na The Ben muri studido bikarangira indirimbo idakozwe

Bruce Melodie yavuze ko yubaha The Ben kandi igihe icyo ari cyo cyose akaba yakorana indirimbo na we, asaba abafana be kwirinda abamuhanganisha na bagenzi be no kwirinda ibivugwa bibahanganisha. Hari haherutse kugaragara amashusho ya The Ben na Bruce Melodie bahuriye muri studio, nyuma y’uko The Ben agarutse mu Rwanda avuye gukora igitaramo mu baturanyi […]

Continue Reading

Sirimuka na ‘Tasty Bakery’ izwiho gukora Cakes ziryoshye irabigufashamo

Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no gutanga serivizi nziza ku buryo abayigana bayirahira. Bakora cakes z’ubwoko bwose zirimo iz’ubukwe, Anniversaire bridalshower ndetse n’ibindi birori kandi bakagukorera design yose wifuza. Bakorera ku Kimironko urenze gato gare […]

Continue Reading

Abarundi bari guhirikira kuri Fatakumavuta iyibwa rya terefone ya The Ben

Mu rukerera rw’uyu wa 1 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko terefone ya The Ben ndetse n’iz’abandi bantu batanu zibwe ubwo The Ben yari mu gitaramo cya ‘Meet and Greet’ cy’umusangiro yateguye mbere y’uko akora igitaramo nyirizina n’ubundi uyu munsi. Ni igitaramo cyitabiriwe cyane ndetse abantu barishyura ku buryo amatiki ya VIP na VVIP […]

Continue Reading

Abapasiteri muri ADEPR bararira ayo kwarika kubera ibyo iri torero ryabakoreye

Hashize imyaka irenga ibiri mu itorero rya ADEPR habayemo impinduka mu buryo butunguranye. Icyo gihe abashumba 30 bayoboraga itorero ku Rwego rw’Ubuterere bavanweho hashyirwaho abandi bashya, ndetse abapasiteri 10 barimo batanu bayoboye Ururembo n’ababungirije biyongeraho. Abavanwe ku nshingano zabo icyo gihe banavuga ko hari 5 bari bagize Biro Nkuru y’Itorero ry’Abapantekote mu Rwanda bandi bakuwe […]

Continue Reading

Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bahuriye i Burayi basabwa guhesha isura nziza igihugu cyabo

Abanyamuryango basaga 700 ba FPR-Inkotanyi baturutse mu bihugu butandukanye byo ku mugabane w’u Burayi bahuriye mu mwiherero wabereye mu mujyi wa Cologne mu gihugu cy’u Budage kuri uyu wa 30 Nzeri 2023. Uyu mwiherero wafunguwe n’umunyamabanga mukuru w’uyu muryango, Wellars Gasamagera wari uhagarariye perezida w’umuryango.   Gasamagera yabibukije ko ari intumwa z’u Rwanda, ababwira ko […]

Continue Reading

Abantu batandatu barimo na Gitifu w’Akarere ka Rulindo batawe muri yombi

Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari uko mu batawe muri yombi harimo n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Rulindo, Kanyangira Ignace.   Biravugwa ko baba baranyereje amafaranga ataramenyekana umubare, mu ngengo y’imari igenewe kubaka umuhanda umwe muri […]

Continue Reading

Abantu bari kujya kwivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bari kwiyongera

Umubare w’abivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri uyu mwaka wa 2023 wariyongereye ugera kuri 5.3% uvuye kuri 4.2% mu mwaka wa 2022. Ibi byatangajwe n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC.   Iyi mibare yakusanyijwe hagendeye ku makuru yakusanyijwe mu mavuriro atandukanye mu gihugu, ariko ngo ntabwo bivuze ko umubare w’abazandura biyongereye ahubwo ni uko abazisanganzwe bari […]

Continue Reading

Obama avoids crowds outside Edinburgh charity dinner.

When working remotely and having to manage your own time, it is not uncommon for breaks to be overlooked. A new survey by the online scheduling platform Doodle confirms the US workforce’s collective neglect of breaks. 72% of US employees admit to feeling less burnt out by blocking their calendars. Despite this, only 14% of […]

Continue Reading