Bimwe mubisasu impande zirwana muri DRC

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi utewe Ubwoba n’ibisasu bihanura indege na Drone zigezweho bya M23

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi  watangaje ko utewe ubwoba n’ikoreshwa ry’intwaro zigezweho z’intambara zifite ubushobozi bwo guhanura indege (ground to air missiles) na misile, mu ntambara uyu muryango w’Ibihugu ubona ko igenda irushaho kumera nabi. Mu itangazo ryo kuwa mbere, EU ivuga ko imirwano ikaze irimo gutera kwiyongera kw’ibibazo by’ubuhunzi, kugirirwa nabi, ubugizi bwa nabi bishingiye ku […]

Continue Reading

Xavi Hernandez ashobora gusohoka muri FC Barcelona bitunguranye kubera imyitwarire

Umunya-Esipanye wimyaka 44 Xavi Hernandez Creus ashobora gusohoka muri FC Barcelona igihe yihaye kitageze, mugihe yaba asezerewe n’ikipe ya Napoli mumikino ya UEFA Champions League aho bageze muri 1/8 cy’irangiza, ibi bikaba bivugwa n’ikinyamakuru gikorera muri Esipanye AS.   Xavi Hernandez yatangaje ko atazakomeza gutoza FC Barcelona ubwo umwaka w’imikino uzaba urangiye taliki 30 Kamena […]

Continue Reading

Alex Iwobi agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria

  Alexandre Chucka Iwobi uzwi nka Alex iwobi ukina mu kibuga hagati asatira agiye gusezera mu ikipe y’igihugu ya Nigeria kubera gutukwa cyane n’abafana ba Nigeria    Ibi byahise bituma asiba amafoto ye yose yari afite ku rukuta rwe rwa instagram   Byatewe nuko ikipe y’igihugu ya Nigeria itsindiwe kuri final y’igikombe cya Afurika itsinzwe […]

Continue Reading
MONUSCO1

RDC: Abakozi ba LONI, EU,Ambassade y’u bufaransa na Amerika mu mazi abira

  Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu mu murwa mukuru Kinshasa, ambasade y’Ababiligi, abafaransa, Amerika ndetse n’umuryango w’Ubumwe bw’I Bulayi nazo ziri mu bibazo Ni mu gihe hakomeje intambara mu burasirazuba bw’icyo gihugu ituma umwuka wo kwamagana ingabo LONI […]

Continue Reading

Rick Ross yatangaje urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa yemera.

Rick Ross nyuma y’uko abahanzi benshi bo muri Africa batishimiye uko itangwa ry’ibihembo bya grammy awards   byagenze, yafashe umwanya atangaza urutonde rw’Abahanzi bo muri Africa akunda kandi yemera.         Umuraperi William Leonard Roberts w’imyaka 48 wamenyekanye nka Rick Ross azwiho kutarya indimi kandi akaba umwe mu baraperi badatinya kuvugira m’uruhame no gutanga […]

Continue Reading

Rayvanny America ikomeje kumuryohera.

Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny akomeje kuryoherwa na America kuko nyuma yo gusura studio ya Micheal Jackson yanahuye na Maruma banasubiranyemo indirimbo.         Raymond Shaban uzwi ku izina rya Rayvann ku itariki 4 gashyantare 2024 mu ijoro ryo ku cyumweru muri Leta zunze ubumwe za America hatanzwe ibihembo bikuriye ibindi aribyo grammy […]

Continue Reading

Miss Japan yeguye nyuma y’iminsi 16 atsindiye ikamba ry’ubwiza.

Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16.           Uyu mukobwa  yegukanye ikamba ry’ubwiza kuwa 22 mutarama 2024, nyuma y’uko bitavuzweho rumwe, kubera akomoka muri Ukraine. Ibi byatumye aba umunyaburayi wa mbere wabaye Miss muri Japan, ibyo […]

Continue Reading

Itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards byaherekeshejwe imijugujgu.

Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho rumwe mukubitanga ariko kuri ubu noneho byafashe indi ntera kuko bamwe mu bahanzi banafite amazina akomeye ku Isi batariye indimi barimo abaraperi  bakomeye nka Jay z, Drake, Meek Mill […]

Continue Reading

The Ben yateye imitoma umugore we Uwicyeza Pamella.

Kuri uyu wa gatatu  tariki ya 31 mutarama 2024 nibwo  Uwicyeza Pamella yagize isabukuru y’amavuko maze umugabo we The Ben aramutomagiza karahava.                 The Ben yafashe umwanya ahamya urwo akunda umugore we Uwicyeza Pamella, ni mu butumwa yanyujije k’urukuta rwe rwa Instagram aho yanditse amagambo menshi  y’urukundo aho […]

Continue Reading

Ni iki wagakoze mu gihe ubyutse kugirango ugire umunsi mwiza?

Kenshi Abantu ducurika ibintu cyangwa se tukibwira ibitari byo  kubwo kumva ibintu bitandukanye hirya no hino ku mbugankoranyambaga cyangwa se wenda ahandi ubyumvira, kuko bavuga byinshi bitandukanye rero bituma bicanga benshi bikanabatera kutabikurikiza kugirango bagire umunsi mwiza, niyo mpamvu rero tugiye kurebera hamwe iby’ibanze wagakoze mu gihe ubyutse bikagufasha kugira umunsi mwiza.       […]

Continue Reading