Kigali: Meya Dusengiyumva akimara gutorwa yahize gutera ibiti
Dusengiyumva Samuel, nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali yatangaje ko agiye gukorana n’Abajyanama b’Umujyi, bagatera ibiti miliyoni 3 bizafasha abatuye i Kigali guhumeka neza. Dusengiyumva Samuel yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama 2024, nyuma y’aho bwa mbere yari yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali tariki 15 […]
Continue Reading
