Ishyaka DGPR ryagaragaje impamvu Dr Frank Habineza akwiye kuba Perezida wa Repubulika.

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR Ntezimana Jean Claude aravuga ko Ari ngombwa gutora Dr Habineza Frank kugira ngo bafunge burundu ibigo by’inzererezi no gukuraho igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30. Uyu mugabo unashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri iri shyaka, yabitangarije I Musanze ubwo bari mu gikorwa cyo kwamamaza Dr Frank Habineza ku mwanya […]

Continue Reading

Burera: Imbaga y’abaturage mu kamwenyu kenshi yishimiye imigambi y’ubuvugizi bwa DGPR

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 mu murenge wa Cyanika mu KARERE ka Ruhango, Kandida Perezida akaba n’umukuru w’ishyaka DGPR yagaragaje imigabo n’imigambi myiza azageza ku baturage namara gutuma byatumye bamwe mu baturage bagaragaza akamwenyu mu kwishimira iyi migambi. Mu ijambo rye Dr Frank Habineza yashimiye abaturage babatoye muri Manda ishize avuga […]

Continue Reading

Dr Habineza Frank n’ishyaka DGPR bahakanye gukorera mu kwaha kwa FPR

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Nyakanga 2024, yahakanye yivuye inyuma ko ishyaka rye ridakorera mu kwaha kwa FPR Inkotanyi Dr Habineza Frank yabwiye abanyamakuru ko abakwirakwiza amakuru nk’aya Ari abanzi b’igihugu birengagiza ukuri […]

Continue Reading

Gicumbi: Bahize kuzatora Dr Habineza Frank na DGPR

Kuwa gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024, mu murenge wa Byumba, akagari ka Gacurabwenge, Dr Frank Habineza Kandida ku mwanya wa Perezida ubwo yiyamamazaga yabwiye abaturage ko nibabagirira icyizere abakoresha mutuelle bazajya babona umutiĀ  muri farumasi, kurwanya akarengane ndetse no gushinga ibibuga by’imikino mu BIGO by’amashuri. Abaturage bakaba bamwijeje ko bazamutora 100% Ati ” Nitwe […]

Continue Reading

Muhanga : Dr Habineza yemereye abaturage uruganda rutunganya amabuye y’agaciro

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza, yabwiye abaturage ba Muhanga ko naramuhanga atowe azashyiraho uruganda rutunganya amabuye y’agaciro, bayongerera agaciro ndetse no gutanga akazi ku rubyiruko. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 9 Nyakanga 2024 ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Muhanga. Dr Frank […]

Continue Reading

BUGESERA :Dr Frank Habineza yemereye abaturage umuhanda n’uruganda rukora amagare

kuri uyu wa 8 Nyakanga 2024, mu karere ka BUGESERA, Dr Frank Habineza Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ubwo biyamamazaga muri aka karere yemereye abaturage amazi meza umuhanda wa kaburimbo n’uruganda rukora amagare bishimisha cyane abaturage bitabiriye ibi bikorwa. Ibi bikorwa byatangiriye mu […]

Continue Reading

NYAMAGABE: Abaturage twahanye igihango gikomeye” Dr Habineza Frank”

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Nyakanga 2024, Mu murenge wa Gasaka akarere ka Nyamagabe Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR,Ā  riratangaza ko ryahanye igihango n’abaturage b’akarere kuko mu bibazo bajyanye mu nteko 70% byarakemutse naho ibindi bakurikiranye nyuma 50% byagezweho. Hon Dr Habineza yagarutse kubyo bakoze birimo ibibazo bajyanye mu nteko uko byakemutse […]

Continue Reading

Kibeho: Barashimira ubuvugizi bwa DGPR

  Kuri iki cyumweru tariki ya 7Nyakanga 2024, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu bikorwa byo kwamamaza Dr Frank Habineza no kwamamaza abadepite b’iri shyaka, abaturage baganiriye na Rwandanews24 bishimira ko bahawe umuhanda wa kaburimbo. Umuturage utashatse kwivuga amazina ku mpamvu ze bwite yavuze ko yishimira ko bahawe umuhanda ngo kujya Huye bisigaye biborohera […]

Continue Reading

Dr yatanze igisubizo ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke

Ubwo yiyamamazaga mu KARERE ka Gakenke ku itariki ya 5Nyakanga 2024, Hon Dr Frank Habineza yagarutse ku bibazo byugarije urubyiruko rw’akarere ka Gakenke ndetse atanga igisubizo kirambye cyanyuze imbaga y’abitabiriye ibikorwa bye. Ibi bikorwa byo kwiyamamaza byabereye mu isoko rya Gakenke ku munsi waryo wa 12 hamamazwa Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse […]

Continue Reading

Rulindo: DGPR nibatorwa Gaz bazayigura bitewe n’ingano y’amafaranga y’umuguzi

Umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu KARERE ka Rulindo yabwiye abaturage ko nibatorwa umuturage ushaka kugura gazi ntibizagombera ko afite amafaranga aguze icupa ryose rya Gaz. Ibi nibyo yatangarije mu gikorwa cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite ba DGPR cyabereye mu murenge wa Base kuri uyu wa […]

Continue Reading