Digging for Gold, Building Futures: Rwandan Scholar’s Quest for Sustainable Mining in Africa

On this week marking the International Day of the Girl Child, we celebrate not just the dreams of girls worldwide but the women who are making those dreams a reality. Today, we highlight an inspiring The Regional Scholarship and Innovation Fund (Rsif) scholar Jeanne Pauline Munganyika whose ground-breaking research is paving the way for future […]

Continue Reading

RDF irahakana ibirego byo gufata abagore ku ngufu muri Centrafrique

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyahakanye ibirego byo gusambanya abagore ku ngufu bishinjwa abasirikare bacyo bari mu butumwa muri Centrafrique, kivuga ko abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa barangwa “n’ikinyabupfura” no “kurinda no kubaha abantu basanze”. Ikinyamakuru The New Humanitarian ku wa gatatu cyatangaje inkuru y’uburyo abagore n’abakobwa muri Centrafrique “bakomeje kwangirizwa ubuzima” bakorerwa ihohotera rishingiye […]

Continue Reading

UMUGABO WITWAJE INTWARO NA PASIPORO YIMPIMBANO YAFATIWE AHO TRUMP YIYAMAMARIZAGA

Umugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariari  kwiyamamariza i Coachella muri leta ya California, nk’uko Polisi ibitangaza. Radio BBC gahuza ivugako Vem Miller w’imyaka 49, yari atwaye imodoka ubwo yahagarikwaga n’abashinzwe umutekano kuri bariyeri bakamusaka bakamusangana izi ntwaro. Yahise ajya gufungwa nta kintu kindi kibaye, ashinjwa kuba […]

Continue Reading

PAPA FRANSISIKO YAKIRIYE PEREZIDA WA UKRAINE

Ku wa 10 ukwakira 2024 vatikani yari yasohoye itangazo rivugako papa FRANSISIKO azakira prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuri uyu wagatanu tariki 11 ukwakira 2024 isiha yi saa tatu ivatikani kumasaha yaho. Bibaye inshuro ya gatatu papa FRANSISIKO ahuye na prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuva igihugu cye cyaterwa nu burusiya. Vatikani ntiyahwemye kugaragaza ko […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru igiye gufunga inzira zose zerekeza muri Koreya y’Epfo

Koreya ya Ruguru yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo gufunga inzira zose zishoboka zerekeza muri Koreya y’Epfo Inkuru dukesha bbc gahuza  koreya ivugako ifunga imihanda ni nzira ziyihuza na koreya yepfo Kuri uyu wagatatu murwego rwo gutandukanya burundu ibihugu byombi. Igisirikare cya koreya yaruguru cyavuze ko kizatandukanya muburyo buhoraho kikanafunga umupaka wo mu majyepfo ndetse kigakomeza […]

Continue Reading

UMUPILOTE WA TURKISH AIRLINES YAPFUYE ATWAYE INDEGE

  Mu rugendo ruva mu mujyi wa Seattle muri Amerika rwerekeza muri Istanbul muri Turukiya, umupilote wari utwaye indege ya compani itwara abagenzi ya, Turkish Airlines, yapfuye ubwo yari atwaye indege.   Kapiteni Ilcehin Pehlivan, wari ufite imyaka 59, mu buryo butunguranye yacitse intege ata n’ubwenge ubwo indege yari iri mu kirere, nuko umupilote wa kabiri n’umupilote […]

Continue Reading

Icyorezo cya Marburg gikomeje kotsa igitutu abanyarwanda ngo cyaba cyageze no muri amwe mashuli yisumbuye

Nyuma y’imibare yatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ku bijyanye n’icyorezo cya Mariburu, kuri ubu biravugwa muri groupe Scolaire Kimironko ya mbere n’iya kabiri haba hagaragaye abana banduye iyi ndwara. Amakuru agera kuri Rwandanews24 aravuga ko hari abana 4 banduye iki cyorezo biga muri Groupe Scolaire Kimironko I bagizwe n’umwana 1 wiga mu mashuli abanza n’abandi batatu […]

Continue Reading

Ihumana ry’ikirere, impungenge ku mujyi wa Kigali

Iyo imodoka igutambutseho ku bw’amahirwe make igasohora ya myotsi y’umukara, wicuza icyatumye uwo munsi uva mu rugo utambaye agapfukamunwa. Uwo mwanya uhita umenya ko umwuka uhumeka wanduye cyane, nyamara inzobere mu kurengera ibidukikije zihamya ko igihe cyose imihanda y’i Kigali irimo ibinyabiziga byinshi abantu baba bakwiye kwirinda kuko baba bahumeka umwuka wanduye. Imikindo in’indabo byo […]

Continue Reading

RBA yaje ku mwanya wa mbere mu bitangazamakuru bikurikirwa cyane

Ikigo cya abanyasuwedi FOJO ishami ryacyo rikorera mu Rwanda, cyashyize hanze ubushakashatsi cyakoze ku birebana n’uko ibigo bitandukanye by’itangazamakuru bikorera mu Rwanda bikurikiranwa n’abaturage. Ni ubushakashatsi bwamuritswe ku itariki ya 16 Kanama 2024 Ikigo cya leta y’u Rwanda gishinzwe itangazamakuru RBA cyane ku mwanya wa mbere mu bikurikiranwa n’abaturage cyane. Imbuga nkoranyambaga nazo muri iki […]

Continue Reading

Rwamagana: Ishyaka DGPR ryagiranye amasezerano n’abaturage

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR akaba anashinzwe ibikorwa byo kwamamaza muri Aya matora, Hon Ntezimana Jean Claude, yatangarije abanya Rwamagana ko mu gikorwa bajemo cyo kwamamaza Hon Dr Frank Habineza ku mwanya wa Perezida ndetse n’abadepite b’iri shyaka mu matora ya 2024 bagirana amasezerano n’aba baturage bakazagira igihe bazagaruka baje kureba […]

Continue Reading