Karongi: Abaturage batakambiye Hon Dr Habineza na DGPR

Umuyobozi w’ishyaka DGPR mu KARERE ka Karongi Umurwanashyaka Olivier yatangaje ko hari bamwe mu baturage mu KARERE ka Karongi, umurenge wa Rubengera akagari ka Kibirizi, bamubwiye ko bifuza ko Dr Frank Habineza yabakemurira ikibazo cy’amazi, imisarane rusange idahari. Mu ijambo rye, Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza asubiza ABA baturage […]

Continue Reading

Rutsiro : Hon Dr Frank yashimiwe bikomeye n’abaturage

Kuri uyu wa  3Nyakanga 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi waryo wa 12 ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu kagari ka Gasiza umurenge wa Musasa mu KARERE ka Rutsiro Aho abaturage ku bwinshi bari bitabiriye ibirori.. Umwe muri ABA baturage akaba yageneye impano Dr Frank Habineza kuba yaratumye abana babona ifunguro ku […]

Continue Reading

U Rwanda rugomba kwirwanaho igihe cyose ruzaterwa

  Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024, Umuyobozi w’ishyaka DGPR ndetse akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida yagarutse ku mutekano uvugwa mu KARERE Aho yatangaje igihe cyose u Rwanda rwaterwa rugomba kwirwanaho natwe rugishije inama. Kuba Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaragiye yigamba kenshi azatera u Rwanda, uyu […]

Continue Reading

RUBAVU: Ishyaka DGPR ryaserukanye umucyo I Mahoko

  Kuri uyu wa Kabiri Nyakanga 2024 ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza Aho imbaga y’abaturage yagaragaje akanyamuneza n’umunezero mu kwishimira imigabo n’imigambi iri shyaka ribazaniye. Abiganjemo urubyiruko n’abakuze nibo bari biganje mubari bitabiriye ibi bikorwa byo kwamamaza DGPR barazwe n’umudiho wikiranwaga n’akamwenyu mu maso. Hon Dr Frank Habineza Perezida […]

Continue Reading

Nyabihu : Dr Frank Habineza n’ishyaka DGPR bakoze ku mutima wa benshi

kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024 mu KARERE ka Nyabihu mu gasanteri ka Mukamira,abaturage ndetse na bamwe mu basirikare bashimiye Dr Frank Habineza bamwifuriza kuba Commandant in chief. Ibi ni ibyatangajwe na Bwana Modeste umurwanashyaka ndetse akaba n’umuyobozi w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) mu ntara y’iburengerazuba yakira abashyitsi yagarutse ku butumwa yahawe n’abasirikare […]

Continue Reading

Gushyira Agronome ku kagari imwe migambi mishya ishyaka DGPR rizaniye abanyarwanda nirimara gutorwa

Umuyobozi w’ishyaka rigamije Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Tyazo ahazwi nka Kanjongo mu KARERE ka Nyamasheke ko nibamutora bagatora n’abadepite b’iri shyaka ko service zimwe na zimwe zibarizwa ku murenge zizamanurwa ku kagari. Ni mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku munsi wa 10, iri shyaka DGPR ryakorewe […]

Continue Reading

Rusizi: Ishyaka DGPR rizazana gari ya moshi no kudafunga imipaka n’ibihugu bituranyi

kuri uyu wa mbere tariki ya 1Nyakanga 2024, ishyaka rya Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, ryatangaje ko ritazemera na Gato gufungwa umupaka uko ushatse ko niritorwa rizashyiraho uburyo kubyuka ugafunga umupaka uko ushaka bitazashoboka. Hon Jean Claude Ntezimana Umunyamabanga mukuru w’ishyaka aka umwe mu bakandida  depite 50  ba DGPR ndetse akaba ashinzwe ibikorwa byo kwamamaza […]

Continue Reading

DGPR izagabanya imyaka ya Pansion inashyireho umushahara fatizo

kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi wa 9 wo kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryatangaje ko niriramuka ritowe rizagabanya imyaka ya pansiyo,gushyiraho umushahara fatizo ndetse no kongera umubare w’abadepite.Ibi byatangarijwe mu kagari ka Rango A umurenge wa Mukura mu KARERE ka […]

Continue Reading

DGPR yijeje abaturage ba Kabaya uruganda rukora Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru

Ku munsi wa 8 ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR mu murenge wa Kabaya mu KARERE ka Ngororero ryatangaje ku mugaragaro ko nibatora Dr Frank Habineza nka Perezida ndetse n’abadepite baryo ko rizabazanira uruganda rutunganya Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru. Perezida w’ishyaka DGPR akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, imbere […]

Continue Reading

Kenya: Perezida Ruto yanze gusinya itegeko ryateje imyigaragambyo

Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 26 Kamena 2024 yatangaje ko atazasinya ku itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2024 wateje imyigaragambyo yari imaze icyumweru. Iri tegeko ryari ryamaze kwemezwa n’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya ku wa 25 Kamena 2024. Perezida Ruto ni we wari utegerejwe kugira ngo aryemeze, […]

Continue Reading