Perezida Museveni yaburiye abapasiteri bavuga ko bavura indwara
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara. Ibi Museveni yabitangaje ubwo yari yagiye yari yagiye gutangiza itorero rya Temple Mount Church of All Nations, urusengero runini cyane ruherutse gufungurwa i Mulago muri Kampala […]
Continue Reading
