Perezida Museveni yaburiye abapasiteri bavuga ko bavura indwara

  Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara. Ibi Museveni yabitangaje ubwo yari yagiye yari yagiye gutangiza itorero rya Temple Mount Church of All Nations, urusengero runini cyane ruherutse gufungurwa i Mulago muri Kampala […]

Continue Reading

The Women in Eastern Province   have taken lead the deforestation fight

As the government moves to implement three major projects to increase forests in Eastern Province, women have embarked on trading improved cook stoves to reduce pressure on planted forests. However, deforestation occurred as people cut trees in search of agricultural land, charcoal, firewood, and construction materials, according to the Rwanda Forestry Authority. Concorde Nsengumuremyi, the […]

Continue Reading

Nta muturage w’u Burusiya wemerewe kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri yombi bazizwa impamvu za politike. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Maria Zakharova, yavuze ko Abarusiya bajya muri Amerika bishobora kubakururira ibyago byo gufungwa kubera umubano hagati y’ibihugu byombi ukomeje kuzamba. […]

Continue Reading

Nyuma y’agahenge Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani

Bwa mbere kuva hashyirwaho agahenge k’iminsi 60 katangiye ku ya 27 Ugushyingo ko guhagarika imirwano hagati yaIsiraheli na Libani, Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani. Ingabo za Isiraheli zatangiye gukura ingabo zayo mu majyepfo ya Libani, ku nshuro ya mbere maze zisimburwa n’abasirikare ba Libani, hakurikijwe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hezbollah, nk’uko […]

Continue Reading

Abigaragambya muri Ghana bakomeje guhura n’uruva gusenya

Abarenga 100 bashyigikiye Perezida mushya wa Ghana, John Mahama batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa by’urugomo. Aba bateye ibigo bitandukanye bya Leta, basahura imitungo, banahangana n’Abapolisi n’Abasirikare. Aba kandi banateye ibiro 2 bya Komisiyo y’Amatora, bashinja iyi komisiyo ngo gutinda gutangaza ibyavuye mu matora yabaye ku wa Gatandatu w’Icyumweru gishize. Bavuga kandi ko batemera bimwe mu […]

Continue Reading

Hatangajwe gahunda y’ingendo z’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko

  Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bwashyize hanze gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikiwe ku biga by’amashuri ubwo bazaba basubira mu miryango mu biruhuko by’igihembwe cya mbere, izatangira tariki 19 Ukuboza 2024. Iyi gahunda yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Ukuboza 2024, igaragaza ko izi ngendo zizatangira tariki 19 Ukuboza 2024, […]

Continue Reading

Utubari, Amahoteli n’ahabera imyidagaduro byemerewe gukora bigakesha

Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahotel utubari, utubyiniro na za resitora, hongerewe amasaha yo gukora nijoro. Ibikorwa birimo amahoteli, utubari, resitora n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, naho kuva ku wa Gatanu kugera […]

Continue Reading

Ibitaro La Croix du Sud bibaye ibya mbere mu kuvura kanseri zitandukanye

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza imyaka 30 bimaze bishinzwe, ibitaro La Croix du Sud bizwi nko Kwa Nyirinkwaya, byatangije ibikorwa byo kwakira no kuvura abarwayi kanseri. Iki gikorwa kikaba cyatangijwe ku mugaragaro ku itariki ya 4 Ukuboza 2024 aho inzobere mu kuvura kanseri Dr Lohit RedPa yakiraga ndetse agatangira gusuzuma abarwayi ba mbere. Ubu bufatanye […]

Continue Reading

Amakipe yose azakina igikombe cy’Isi yamenye amatsinda abarizwamo

  Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na Atletico Madrid, Botafogo na Sounders FC. Iyi tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba ku wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ibera mu Mujyi wa Miami […]

Continue Reading

Hagiye gushorwa miliyari zirenga 100 muri serivisi yo gutwara abagenzi

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, BAD, yemereye Guverinoma y’u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 100 z’amadolari ya Amerika (miliyari 138,8 Frw) yo kuyifasha guteza imbere urwego rwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. BAD yatangaje ko abatega moto bakabaye bagabanyuka, aho kwiyongera, kuko ari moto ari kimwe mu biteza impanuka nyinshi mu […]

Continue Reading