Rubavu: Abaturiye ikimoteri cya Rutagara baratabaza

Abaturage baturiye n’abanyura hafi y’Ikimoteri cya Rutagara giherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko babangamiwe n’umunuko ugiturukamo. Kuzura kw’iki kimoteri ni ikibazo gikomeye ku baturage kuko  bifuza ko gitunganywa, dore ko n’umushinga wahahoze ubyaza imyanda ifumbire wahagaze. Ikimoteri cya Rutagara kibangamiye abagituriye, abakijyanamo imyanda ndetse n’abahanyura. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa […]

Continue Reading

Ibiza byishe abantu 48 mu mezi atatu -MINEMA

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. MINEMA  ivuga ko mu bapfuye,  babiri bahitanywe n’inkongi y’umuriro, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba naho 13 baguye mu birombe, umwe ahitanwa n’imvura naho umwe ahitanwa n’inkubi y’umuyaga. Imvura […]

Continue Reading

UNESCO yemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi

Umuryango w’Abibumbye binyuze muri UNESCO wemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi, abahanga mu muco n’amateka bagaragaza ko guhamiriza kw’intore gukubiyemo umuco w’u Rwanda ukaba umwihariko utasanga ahandi ku isi. Intore zibumbatiye amateka n’umuco by’u Rwanda, uku guhamiriza kwabagaho nyuma yo kwiga byinshi mu itorere ry’igihugu. Intore Masamba agira ati “Narahamirije bihagije, […]

Continue Reading

Patrick Gihana agiye kumurika igitabo cye yise”Humura mwana”

  Nyuma yo kumenyekana mu ruhando rwa muzika, Umuhanzi Patrick Gihana yamaze kwinjira mu rwego rw’ abanditsi, aho mu mins itarambiranye agiye kumurika igitabo gikozwe mu buryo bw’ inkuru ishushanyije yise”Humura Mwana”. Mu kiganiro n’ ikinyamakuru  RWANDANEWS24, uyu muhanzi avuga ati”  Nyuma yo kwandika igitabo “Humura Mwana” nk’ inkuru yigisha cyane cyane ABANA amateka mabi […]

Continue Reading

Muri DRC hadutse icyorezo cy’amayobera kimaze kwica abasaga 70

Minisiteri y’ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu nibura 79 bishwe n’indwara itaramenyekana iteza ibimenyetso bimeze nk’iby’ibicurane, yadutse mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’icyo gihugu. Mu itangazo yasohoye ku rubuga nkoranyambaga X, minisiteri y’ubuzima ivuga ko iyo ndwara yamenyekanye guhera ku itariki ya 24 Ukwakira (10) uyu mwaka, benshi mu bo imaze kwica […]

Continue Reading

Umweyo uvuye gukubura I Karongi wageze I Rusizi unyuzwa muri Njyanama na Nyobozi uhitana guverineri

Nyobozi y’inama Njyanama y’akarere ka Rusizi ndetse na bamwe mu bagize nyobozi y’akarere bamaze kwandika amabaruwa yegura mu nshingano zabo ndetse na guverineri w’intara y’I burengerazuba avanwa mu nshingano. Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko ahagana mu masaha ya saa tanu nibwo aba bayobozi banditse amabaruwa basaba kwegura nyuma y’inama idasanzwe yari yateranye uyu munsi […]

Continue Reading

Botswana: Ishyaka ryari rikaze muri politiki ryatsinzwe amatora

Kuri uyu wa gatanu (ejo hashize), Perezida wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, yemeye ko yatsinzwe nyuma y’amatora yatunguranye, yatumye ishyaka rye riharanira demokarasi (BDP) ritsindwa nyuma y’imyaka 58 riri ku buyobozi. Perezida watowe ni umunyamategeko, Duma Boko w’imyaka 54 y’amavuko. Ni umuyobozi w’urugaga ruharanira impinduka muri demokarasi (UDC), rwatsindiye imyanya 31 yari ikenewe kugirango, rugire ubwiganze […]

Continue Reading

How tourism in Rwanda paid money in the first half of 2024

Tourists who visited Rwanda from various parts of the world spent $267.71 million on goods and services in the first half of 2024, a new survey by National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) shows. This represents an increase of almost 12 per cent compared to $236.2 million visitors spent in the first half of […]

Continue Reading

RDC: Inama y’Abepisikopi yahaye umukoro Perezida Thsisekedi

Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) yatanze iki cyifuzo mu itangazo ryashyizweho […]

Continue Reading

Hari ibice by’umubiri Virusi ya Marburg ishobora kumaramo igihe kinini itarashiramo

Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko Virus ya Marburg hari ibice by’umubiri ishobora kumaramo igihe kirenga umwaimo amasohoro, ku buryo umugabo wayikize agomba kuwumara adakora imibonano mpuzabitsina idakingiye. Byatangajwe n’Umuyobozi ushinzwe Iterambere ry’Abakozi bo kwa Muganga muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Nkeshimana Menelas, wavuze ko Virus ya Marburg itera indwara ya Marburg, idasanzwe nk’uko byakunze kuvugwa. Avuga ko […]

Continue Reading