Amavubi yahize gutsinda Sudan y’Epfo

  Kevin Muhire uyobora bagenzi be basangiye gukinira Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasezeranyije Abanyarwanda ko bazatsinda umukino uzabahuza n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Uwo mukino witeguwe na benshi barimo na Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire. Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo uzabera kuri Stade Amahoro. Uzaba ari uwo kwishyura kuko ubanza uherutse kubera i Juba muri Sudani […]

Continue Reading

Rutangarwamaboko yagaye The Ben n’umugore we

Umupfumu Nzayisenga Modeste uzwi nka Rutangarwamaboko, yanenze Mugisha Benjamin uzwi mu muziki nka The Ben ashinja kwanika ku gasozi inda y’umugore we, Uwicyeza Pamella. Rutangarwamaboko usanzwe ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima Bushingiye Ku Muco, yakomozaga ku mafoto ya Miss Pamella ari guhererekanwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza inda ye akuriwe. Ni amafoto bigaragara ko yafatiwe […]

Continue Reading

Mu bihe bya Noheli umutekano wagenze neza -RNP

Polisi y’Igihugu yavuze ko mu bihe bya Noheli, abantu 2 bahitanwe n’impanuka zirimo iyabereye mu Mujyi wa Kigali n’iyabereye mu muhanda Gicumbi-Nyagatare, gusa muri rusange umutekano ukaba waragenze neza. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze  ko muri rusange kuri Noheli umutekano wagenze neza mu Gihugu hose. Abatuye mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero […]

Continue Reading

Imfashanyo y’ibiribwa yabaye intandaro y’urupfu rw’abagera kuri 67

  Muri Nigeria, abantu bagera kuri 67 baguye mu muvundo wo gufata ibyo kurya by’ubuntu, byatanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Noheri, abenshi bakaba ari abana bato. Nibura abana 35 nibo baguye mu muvundo wo gufata ibiribwa muri Leta ya Oyo muri Nigeria, abandi 22 bagwa mu gikorwa cyo gutanga ibiribwa cyabereye muri […]

Continue Reading

Abatuye n’abakorera mu mazu ageretse mu Bugesera  barataka kubura amazi

Hari abaturage batandukanye bakorera n’abandi  batuye mu mazu ageretse mu mujyi wa Nyamata akarere ka Bugesera bataka bavuga ko Babura amazi  mu mazu bakoreramo bityo bikabateza umwanda cyane cyane mu bwiherero  ndetse n’igihombo ku bakoreramo ubucuruzi. Ubwo Rwandanews24 yageraga muri uyu mujyi yanyuze ku nyubako ikoreramo inzu itunganya imisatsi y’abagore n’abagabo maze bavuga iby’iki kibazo. […]

Continue Reading

Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho

Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki Gihugu, kugira ngo asobanure ubutumwa buherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cye cya Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, kuri Perezida Tshisekezi. Matata Twaha Magara ufite inshingano za Chargé d’Affaires [aba afite inshingano nk’iza Ambasaderi mu gihe icyo Gihugu kitamufite mu […]

Continue Reading

Kigali’s Air Pollution Woes: A Deepening Threat to Residents’ Well-being

Kigali, the vibrant heart of Rwanda, has long been a shining example of tidiness and organization. But a disconcerting problem is starting to mar its image – the declining quality of its air. As the number of cars on the road increases, industries expand, and the population grows, the air in Kigali is getting worse, […]

Continue Reading

Building Climate Resilience into Rwandan Water and Sanitation Utilities, How a Multi-Dimensional Risk Assessment Tool is Helping Local Service Providers

Rwanda is particularly susceptible to climate change impacts due to changes in precipitation patterns, increased frequency of droughts, and extreme weather events. The challenges also represent a major risk to the survival of water and sanitation utilities essential to public health and sustainable development. Most of the infrastructure is public services utilities, which must be […]

Continue Reading

Gen Igor Kirillov w’u Burusiya yaturikanwe n’igisasu cyari giteze kuri moto

  Lt Gen Igor Kirillov wari ukuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi, yapfuye aturikanwe n’igisasu. Uyu musirikare yapfuye kuri uyu wa Kabiri nk’uko Televiziyo y’igihugu cy’u Burusiya yabitangaje.Amakuru avuga ko igisasu cyamuturikanye cyari giteze muri moto y’amashanyarazi. Lt Gen Igor Kirillov yari akuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi kuva muri 2017. […]

Continue Reading

Imihanda isaga 20 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura ingendo

  Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza 2024, rwatangaje ko imihanda (lignes) 24 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga y’urugendo (ligne) rwose. Iyo mihanda ni Remera-Ndera, Downtown-Kanombe-Kibaya, Downtown-Kabeza-Rubirizi, Kimironko-Downtown, Nyanza-Downtown kugera Gatenga, Kimironko-Nyabugogo, […]

Continue Reading