Imfashanyo y’ibiribwa yabaye intandaro y’urupfu rw’abagera kuri 67

  Muri Nigeria, abantu bagera kuri 67 baguye mu muvundo wo gufata ibyo kurya by’ubuntu, byatanzwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Noheri, abenshi bakaba ari abana bato. Nibura abana 35 nibo baguye mu muvundo wo gufata ibiribwa muri Leta ya Oyo muri Nigeria, abandi 22 bagwa mu gikorwa cyo gutanga ibiribwa cyabereye muri […]

Continue Reading

Abatuye n’abakorera mu mazu ageretse mu Bugesera  barataka kubura amazi

Hari abaturage batandukanye bakorera n’abandi  batuye mu mazu ageretse mu mujyi wa Nyamata akarere ka Bugesera bataka bavuga ko Babura amazi  mu mazu bakoreramo bityo bikabateza umwanda cyane cyane mu bwiherero  ndetse n’igihombo ku bakoreramo ubucuruzi. Ubwo Rwandanews24 yageraga muri uyu mujyi yanyuze ku nyubako ikoreramo inzu itunganya imisatsi y’abagore n’abagabo maze bavuga iby’iki kibazo. […]

Continue Reading

Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho

Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki Gihugu, kugira ngo asobanure ubutumwa buherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cye cya Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, kuri Perezida Tshisekezi. Matata Twaha Magara ufite inshingano za Chargé d’Affaires [aba afite inshingano nk’iza Ambasaderi mu gihe icyo Gihugu kitamufite mu […]

Continue Reading

Kigali’s Air Pollution Woes: A Deepening Threat to Residents’ Well-being

Kigali, the vibrant heart of Rwanda, has long been a shining example of tidiness and organization. But a disconcerting problem is starting to mar its image – the declining quality of its air. As the number of cars on the road increases, industries expand, and the population grows, the air in Kigali is getting worse, […]

Continue Reading

Building Climate Resilience into Rwandan Water and Sanitation Utilities, How a Multi-Dimensional Risk Assessment Tool is Helping Local Service Providers

Rwanda is particularly susceptible to climate change impacts due to changes in precipitation patterns, increased frequency of droughts, and extreme weather events. The challenges also represent a major risk to the survival of water and sanitation utilities essential to public health and sustainable development. Most of the infrastructure is public services utilities, which must be […]

Continue Reading

Gen Igor Kirillov w’u Burusiya yaturikanwe n’igisasu cyari giteze kuri moto

  Lt Gen Igor Kirillov wari ukuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi, yapfuye aturikanwe n’igisasu. Uyu musirikare yapfuye kuri uyu wa Kabiri nk’uko Televiziyo y’igihugu cy’u Burusiya yabitangaje.Amakuru avuga ko igisasu cyamuturikanye cyari giteze muri moto y’amashanyarazi. Lt Gen Igor Kirillov yari akuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi kuva muri 2017. […]

Continue Reading

Imihanda isaga 20 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura ingendo

  Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza 2024, rwatangaje ko imihanda (lignes) 24 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga y’urugendo (ligne) rwose. Iyo mihanda ni Remera-Ndera, Downtown-Kanombe-Kibaya, Downtown-Kabeza-Rubirizi, Kimironko-Downtown, Nyanza-Downtown kugera Gatenga, Kimironko-Nyabugogo, […]

Continue Reading

Perezida Museveni yaburiye abapasiteri bavuga ko bavura indwara

  Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara. Ibi Museveni yabitangaje ubwo yari yagiye yari yagiye gutangiza itorero rya Temple Mount Church of All Nations, urusengero runini cyane ruherutse gufungurwa i Mulago muri Kampala […]

Continue Reading

The Women in Eastern Province   have taken lead the deforestation fight

As the government moves to implement three major projects to increase forests in Eastern Province, women have embarked on trading improved cook stoves to reduce pressure on planted forests. However, deforestation occurred as people cut trees in search of agricultural land, charcoal, firewood, and construction materials, according to the Rwanda Forestry Authority. Concorde Nsengumuremyi, the […]

Continue Reading

Nta muturage w’u Burusiya wemerewe kujya muri Amerika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yaburiye abaturage bayo ibabuza gukorera ingendo zidakenewe muri Amerika no mu bindi bihugu bifitanye umubano ukomeye na yo kuko bashobora gutabwa muri yombi bazizwa impamvu za politike. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Maria Zakharova, yavuze ko Abarusiya bajya muri Amerika bishobora kubakururira ibyago byo gufungwa kubera umubano hagati y’ibihugu byombi ukomeje kuzamba. […]

Continue Reading

Nyuma y’agahenge Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani

Bwa mbere kuva hashyirwaho agahenge k’iminsi 60 katangiye ku ya 27 Ugushyingo ko guhagarika imirwano hagati yaIsiraheli na Libani, Isiraheli yatangiye gukura ingabo zayo muri Libani. Ingabo za Isiraheli zatangiye gukura ingabo zayo mu majyepfo ya Libani, ku nshuro ya mbere maze zisimburwa n’abasirikare ba Libani, hakurikijwe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hezbollah, nk’uko […]

Continue Reading