Hamenyekanye abantu 33 u Uburundi bushaka ko u Rwanda ruboherereza

Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mutarama 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko igihugu cy’Uburundi cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda. Ni mu gihe u Rwanda rwo rwavuze ko rwamenyeye ayo makuru mu bitangazamakuru, ariko ko icyo cyemezo cyibangamiye ubuhahirane bw’ibihugu byombi ndetse n’amahame agenga umuryango w’Afrika w’Iburasirazuba. Umwanzuro wo gufunga imipaka, uje nyuma […]

Continue Reading

Kylian Mbappe atangaje igihe azajya muri Real Madrid

Kylian Mbappé yamaze kumvikana na Real Madrid ko azayerekezamo mu mpeshyi, nyuma y’amezi 18 ayiteye utwatsi akemera kongerera amasezerano Paris Saint-Germain.   Mbappé amaze igihe kinini yifuzwa bikomeye na Real Madrid ndetse amakuru avuga ko iyi kipe yamusabye gufata umwanzuro muri Mutarama 2024.   Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu rutahizamu w’ikipe yo mu […]

Continue Reading

Umunye_DR Congo Martin Bakole yakoze amateka Yo kuba umunyafurika wabaye uwa mbere ku isi mu iteramakofe. Ni muntu ki?

Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu mwanya.   Martin Bakole Ilunga w’imyaka 30 wavukiye mu mujyi wa Kananga mu ntara ya Kasai-Central ubu afite umuhigo w’imikino 20 amaze gutsinda agatsindwa umwe gusa yatsinzwemo na Michael […]

Continue Reading

“Tshisekedi ntabwo ari Perezida mu bice tugenzura.” M23 yasohoye itangazo  

Umutwe wa M23 uharanira impinduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), watangaje ko mu bice ugenzura abaturage bavukijwe amahirwe yo gutora bityo ko Perezida Tshisekedi batazigera bamwemera nka Perezida waho.   Ni ubutumwa M23 yatanze ibinyujije mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tari ya 02 Mutarama 2024.   Iryo tangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continue Reading

RIB yasabwe kutongera kwerekana mu ruhame abatarahamwa n’ibyaha

Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama.   Ibi byagarutsweho n’Urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’Umunyamategeko, Me Murangwa Edward, yari yarezemo Leta agaragaza ko hari ingingo z’amategeko agenga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha zinyuranyije n’Itegeko Nshinga.   Urukiko rw’Ikirenga rwemeje […]

Continue Reading

Bwa mbere habonetse uburyo wakoresha ukamenya igihe uzapfira

Abashakashatsi bo muri Denmark bavumbuye uburyo bw’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano bwiswe life2vec bushobora kugaragaza ibihe byaranze ubuzima bw’umuntu n’igihe ashobora kuzapfira. Mu bushakashatsi bwabo bagaragaje ko mu gihe life2vec ikoresha amakuru atomoye yerekeye uko umuntu ariho mu bihe by’ubu, igaragaza ibyo azahitamo gukora mu bihe bizaza n’uko ubuzima bwe bwose buzagenda kugeza apfuye. Umwarimu muri Kaminuza […]

Continue Reading

Tshisekedi akomeje kurusha abandi amajwi bimuha amahirwe yo gukomeza kuyobora RDC

Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kwanikira bagenzi be bahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu. Tariki ya 22 Ukuboza 2023 ni bwo Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC, CENI, yatangaje umusaruro wa mbere wavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu; ihereye ku batoreye hanze, mu bihugu bitanu. CENI yerekanye ko mu Bufaransa, Tshisekedi yagize amajwi […]

Continue Reading

“Ntsinda neza cyane mu ishuri n’ababyeyi bange barankunda nubwo mfite ubumuga bw’ingingo.” Ubuhamya bwa Sikuzani Béatrice

Zimwe mu mpamvu zidindiza imyigire y’abana bafite ubumuga, harimo imyubakire y’amashuri itaborohereza, aho hari abana bafite ubumuga bw’ingingo bigira mu ishuri rimwe n’abatabufite ku buryo bibagora bitewe n’ubwoko bw’ubumuga bityo hakaba hakenewe ubugenzuzi mu myubakire y’amashuri yaborohereza mu myigire yabo. Raporo y’ibyavuye mu Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire, ryakozwe mu 2022 igaragaza ko mu bantu bafite […]

Continue Reading

Kuki RCS yahaye uruhushya CG (Rtd) Gasana Emmanuel rwo gusohoka mu Igororero?

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we. Kuva ku wa Kane, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru avuga ko Gasana yababariwe n’Umukuru w’Igihugu, kandi ko atagikurikiranwa n’inkiko mu gihe yari afungiye iminsi 30 y’agateganyo. Amakuru yizewe avuga ko Gasana atababariwe nk’uko […]

Continue Reading

Kiriziya Gatolika mu Rwanda yamaganye icyemezo cyo gusezeranya ababana bahuje igitsina

Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda. Yabinyujije mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 21 Ukuboza mu buryo busa n’ubuvuguruza ibikubiye mu rwandiko rwitwa Fiducia supplicans (Ukwizera kwambaza Imana) rwatangajwe n’Ibiro bya Papa Francis tariki 18 Ukuboza 2023. Muri […]

Continue Reading