Rayon Sports idafite Hertiel Luvumbu Nzinga Ukuguru kumwe igushyize muri 1/2.

Nyuma yogutandukana na Hertiel Luvumbu Nzinga, Rayon Sports yatsinze Vision FC ibitego 2-0 mumukino ubanza wa 1/4 mugikombe cy’amahoro waberaga I Nyamirambo kuri Stade Umumena.   Ikipe ya Rayon Sport yari yabanje mukibuga abarimo: Khadime Ndiaye, Mitima Isaac, Nsabimana Aimable, Ganijuru Elie, Bugingo Hakim, Kalisa Racid, Kanamugire Roger, Tuyisenge Arsene, Charles Bbaale.     Igice […]

Continue Reading

Huye: Abaturage baracyagorwa n’ingendo kandi bafite umuhanda wa kaburimbo

Bamwe mu baturage batuye mu bice bya Sahera mu karere ka Huye mu murenge wa Mukura, bavuga ko bishimiye umuhanga wa Rango Sahera bahawe, ariko ko bagifite ikibazo cy’uko ntamodoka zitwara abagenzi zihagera. Ni mu gihe ubuyobozi bw’akarere bwizeza abaturage ko niba hari abagenzi n’imodoka bagiye kuzibaha.   Bamwe mu baturage baganiriye na Rwandanews24 bavuga […]

Continue Reading

Ya drone yarashe abasirikare ba M23 dore n’ibindi yakoze

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ryasohoye ifoto itanga ishusho y’ingaruka z’igitero cya drone rivuga ko ari iyo mu bwoko bwa CH-4 yerekana inzu yasenyutse igisenge ahantu iri huriro ritatangaje.   Amakuru agera kuri BBC yemeza ko ibitero by’indege za gisirikare za DR Congo byaramutse kare kuri uyu wa gatanu mu bice bitandukanye bigenzurwa na M23 […]

Continue Reading

Mu baperezida 18 bitezwe mu irahira rya Tshisekedi ntiharimo Kagame na Museveni

Intumwa nkuru ya perezida wa DR Congo, Serge Tshibangu, yatangaje ko abakuru b’ibihugu 18, ba visi perezida babiri, n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bane, bitezwe i Kinshasa kuri uyu wa gatandatu mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe Felix Tshisekedi.   Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri Stade des Martyrs mu ijoro ryo kuwa kane, Tshibangu, wari kumwe […]

Continue Reading

“Nibataza dushobora kubasubiza amafaranga.” Perezida Kagame avuga ku mpunzi zizava mu Bwongereza

Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba gahunda y’abimukira bazava mu Bwongereza ikomeje kugenda biguru ntege ari ikibazo kireba u Bwongereza aho kuba u Rwanda, ndetse ashimangira ko Igihugu cyiteguye gusubiza amafaranga cyahawe n’u Bwongereza muri iyi gahunda, mu gihe byaba bibaye ngombwa. Ibi Perezida Kagame yabitangarije ikinyamakuru The Guardian, kuri uyu wa Gatatu, tariki 17 […]

Continue Reading

Umuhanzi Niyo Bosco yategetswe gusiba amashusho y’umukobwa yihebeye

Niyo Bosco mu minsi ishize yasohoye indirimbo ye nshya ‘Eminado’ ikaba iya mbere yashyize hanze kuva yakwinjira muri KIKAC Music, none Imwe mu nkuru y’imyidagaduro igezweho muri iyi minsi ni iy’uyu muhazi Niyo Bosco waciye amarenga ko yaba asigaye afite inkumi yitwa Keza Nabrizza yihebeye mu buryo bw’urukundo. Ni amakuru yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu […]

Continue Reading

Indege ya Uganda yarashe abasirikare ba RDC umwe acika amaguru

Indege y’intambara ya Uganda, Sukhoi-30, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri hafi y’umuhanda wa Eringeti-Komanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyatangaje ko cyahawe amakuru yizewe cyane, avuga ko habaye kwibeshya, iyi ndege irasa ku basirikare ba RDC, umwe muri […]

Continue Reading

Abantu batanu batuma abakene biyongera ku Isi

Umuryango Oxfam watangaje ko kuva mu 2020, amafaranga y’abaherwe batanu bakize ku Isi wiyongereye hafi yo kwikuba kabiri, mu gihe abakene bakabakaba miliyari eshanu bakennye kurushaho. Raporo y’uyu muryango yasohotse ku wa 15 Mutarama 2024, igaragaza ko utewe impungenge n’uko ubukene bwiyongera, usobanura ko bukomeje kuri uyu muvuduko, n’iyo byatwara imyaka 229 kuburandura bitashoboka. Umuyobozi […]

Continue Reading

Igisirikare cya SADC na FARDC cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC.   Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC.   Yavuze […]

Continue Reading

Nyuma y’uko Bushali avuze ko atazi Minisitiri w’Urubyiruko yamusuye mu biro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa Minisitiri Dr Utumatwishima na Bushali kwabayeho nyuma y’amagambo yaherukaga gutangazwa n’uyu muraperi amugarukaho. Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Yago Pon Dat cyabereye muri Camp Kigali ku wa 22 Ukuboza […]

Continue Reading