NBA: umukinnyi Bam Adebayo yakuyeho agahigo ka Kobe Bryant bimushira ku mwanya wa 2 mu bakinnyi batsinze amanota menshi mu mukino umwe.

NEWS Sports

Mu mukino wabaye mu rukerera rwo ku wa Gatatu, tariki ya 11 Werurwe 2026. umukinnyi witwa Bam Adebayo Ukinira Miami heats yakoze amateka aho yaje gutsinda amanota 83 mu mukino Batsindaga Washington Wizard amanota 150-129.

Bam Adebayo yakuyeho agahigo kari gafitwe na Kobe Bryant watsinze amanota 81 mu mukino wahuje Los Angeles Lakers yakiniraga na Toronto Raptors mu 2006.

Muri rusange, agahigo ko gutsinda amanota menshi mu mukino umwe gafitwe na Wilt Chamberlain wakiniraga Philadelphia Warriors watsinze amanota 100 yahuye na New York Knicks mu 1962.

Wilt Chamberlain ufite agahigo ko kuba ariwe watsinze amanota menshi mu Mukino aho yatsinze Amanota 100.
Kobe Bryant ubu akaba yabaye uwa Gatatu mubamaze Gutsinda amanota menshi mu mukino aho yatsinza amanota 81.
Bam Adebayo Na bagenzi be nyuma y’Umukino bishimira agahigo yaramaze kugeraho ko Gutsinda amanota 83.

What do you feel about this post?

0%
like

Like

0%
love

Love

0%
happy

Happy

0%
haha

Haha

0%
sad

Sad

0%
angry

Angry

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *