Ibigo byo muri Pakistan byiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu guteza imbere ubuvuzi

Ambasaderi wa Pakistan mu Rwanda, Naeem Khan, yasuye Ibitaro bya Kaminuza bya Dr. Akbar Niazi Teaching Hospital (ANTH) biherereye mu Murwa Mukuru Islamabad, hagamijwe kureba uko ibi bitaro bizobereye mu gutanga ubuvuzi buteye imbere cyafatanya n’u Rwanda mu mishinga itandukanye. ANTH ni ibitaro bigezweho bifite ibitanda 500. Ni kimwe mu bigo bigize GAK HealthCare International, […]

Continue Reading

Musanze: Abayobozi b’imidugudu babangamiwe no gutira telefone zigezweho kugira ngo batange serivisi

Bamwe mu Bakuru b’Imidugudu mu Karere ka Musanze baravuga ko bagorwa no gutira telefone zigezweho (smartphone) kugira ngo babashe kuzuza inshingano zabo za buri munsi. Bavuga ko kutagira izi telefone bidindiza imikorere yabo ndetse bigatuma serivisi baha abaturage zidindira. Nzabirinda, Umukuru w’Umudugudu wa Runyango, Akagari ka Rwambogo mu Murenge wa Musanze, avuga ko kuba nta […]

Continue Reading

Dushaka ko umusaruro wikuba kabiri-Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva ku bahinzi

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yahaye abahinzi umukoro wo guhinga neza ku buryo umusaruro beza ugera kuri toni kuri hegitari kugira ngo umuhigo u Rwanda rufite wo gukuba kabiri umusaruro w’ubuhinzi ugerweho. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 22 Nzeri 2025 ubwo yatangizaga ku rwego rw’Igihugu ku igihembwe cy’ihinga cya 2026 A. Igihembwe cy’ihinga cya […]

Continue Reading

Amagare: Bäckstedt yegukanye ITT mu bakobwa batarengeje imyaka 23

Umwongerezakazi Zoe Bäckstedt, yegukanye Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe ku bakobwa batarengeje imyaka 23 mu bagore (ITT) akoresheje iminota 30 n’amasegonda 56. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nzeri 2025, ni bwo hakinwe umunsi wa kabiri wa shampiyona y’Isi y’Amagare mu byiciro by’abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 23 basiganwa […]

Continue Reading

Musanze: Yasanzwe yapfiriye munsi y’ikiraro gikunze guteza impanuka

Ngendahimana John w’imyaka 65 yasanzwe yapfiriye munsi y’ikiraro cyo mu Mudugudu wa Mukinga, Akagari ka Kamisave, Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze, bikekwa ko yagize  impanuka akagwa mu ijoro rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025. Abaturage bavuga ko icyo kiraro gihuza Umudugudu wa Mukinga n’uwa Gitega mu Kagari ka Gasongero muri uwo […]

Continue Reading

AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye

Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije. Imirwano ku mpande zombi yarushijeho gukomera ku Cyumweru tariki 21 Nzeri 2025, ariko birangira M23 itsinsuye ingabo za Leta n’abarwanyi ba Wazalendo. Imirwano ikomeye yabereye mu duce twa Cisaza, Cibanda, Muyange, Karhuliza […]

Continue Reading

Nyamagabe: Abagore batatu batawe muri yombi bazira gusenyera umwisengeneza wabo

Abagore batatu bavukana bo mu Karere ka Nyamagabe, batawe muri yombi bazira gusenya inzu y’umukobwa babereye nyirasenge bagamije kumumenesha. Aba bagore batatu bafashwe ku wa 19 Nzeri 2025, ku bufatanye n’ubuyobozi by’Akagari na DASSO, aho bari mu Mudugudu wa Gitondorero, Akagari ka Gitondorero, Umurenge wa Mugano, ho mu Karere ka Nyamagabe. barimo uw’imyaka 57 usanzwe […]

Continue Reading

Ingabo za Afurika y’Epfo ntizirashira muri RDC

Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) gikomeje ibikorwa byo gucyura ibikoresho n’abandi basirikare bari baroherejwe mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nk’uko byemejwe n’ikinyamakuru cyo Mail & Guardian cyo muri Afurika y’Epfo. Byamenyekanye ko kuva ku wa 14 Nzeri 2025, indege ya Boeing 737 na Il-76 za SANDF zakoreshejwe mu gutwara ibikoresho ndetse […]

Continue Reading

Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 21 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Azerbaijan yasuye umuhanda uberamo amasiganwa y’imodoka nto za Formula 1. Umukuru w’Igihugu ari mu ruzinduko rw’iminsi itatu i Baku kuva ku wa 19 Nzeri. Ni uruzinduko rushimangira umubano mwiza uri hagati y’u Rwanda na Azerbaijan. Ku munsi wa nyuma w’uruzinduko […]

Continue Reading

Nyamagabe : Abagore 3 bafungiye gusenya inzu y’umwisengeneza wabo

Mukantaganda Verina w’imyaka 57, Ndateba Vestine wa 46 na Mukashyaka  Brigitte wa 64, batawe muro yombi bakurikiranyweho gusenya inzu y’imwisengeneza wabo witwa Musabyimana Chantal w’imyaka 22. Abo bagore uko ari batatu bafungiye kuri  Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Kaduha mu Karere ka Nyamagabe, bikaba bivugwa ko basenyeye uwo mwana wa musaza wabo bavuga ko batamushaka mu nzu […]

Continue Reading

Leta ya RDC yongeye kwita AFC/M23 ibyihebe

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwita abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 ibyihebe, imvugo itaherukaga gukoreshwa kubera impande zombi zari mu bihe by’ibiganiro. Byagarutsweho mu itangazo ryashyizwe hanze na FARDC, ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025, aho yashinjaga AFC/M23 kuyigabaho ibitero mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru. FARDC yagaragazaga ko ku […]

Continue Reading