Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje icyafasha Commonwealth guhangana n’ibibazo byugarije isi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko kugira ngo ibihugu bihuriye mu Muryango w’Ibivuga Icyongereza (Commonwealth) bishobore guhangana n’ibibazo bikomeye byugarije Isi, bisabwa gukorera hamwe no gukomera ku ndangagaciro zawo. Yabigarutseho mu nama ya ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu bigize Commonwealth yabereye i New York ku wa 22 Nzeri 2025. Bahuye mu gihe […]

Continue Reading

U Rwanda na Hongrie byinjiye mu bufatanye mu bya Siporo

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Hongrie byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bya siporo yashyiriweho umukoni i New York, ku wa 22 Nzeri 2025. Minisitiriri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi wa Hongrie, Péter Szijjártó ni bo bashyize umukono kuri aya masezerano. Ni intambwe itewe nyuma y’uko Minisitiri Nduhungirehe yaherukaga mu ruzinduko muri […]

Continue Reading

Tshisekedi yashimangiye ko Trump azaba akwiye Prix Nobel narangiza intambara mu gihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi yagarutseho ku wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, i New York, aho […]

Continue Reading

Canada: Umunyarwanda wahamijwe kwica umugore we ashobora koherezwa mu Rwanda

Ramadhan Nizigiyimana w’imyaka 33 ashobora koherezwa mu Rwanda n’ubutabera bwa Canada, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we. Muri Mata 2025 nibwo Ramadhan Nizigiyimana yahamijwe icyaha cyo kwica umugore we amuteye icyuma mu nda, mu gace ka Windsor muri Ontario. Ni ubwicanyi bwakozwe mu 2021. Mu gihe Ramadhan Nizigiyimana yicaga umugore we, yari yarenze […]

Continue Reading

Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC, yeguye

Vital Kamerhe yeguye ku mwanya wa Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Umwuka mubi wari ukomeje gututumba mu Nteko Ishinga Amategeko nyuma y’uko abadepite barenga 200 bashyize umukono ku nyandiko isaba kweguza bamwe mu bayobozi bayo uretse Visi Perezida wa Mbere n’uwa Kabiri. Ku […]

Continue Reading

Dembélé yegukanye Ballon d’Or

Rutahizamu wa Paris Saint-Germain n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Ousmane Dembélé, yegukanye Ballon d’Or ku nshuro ya mbere, nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi mwiza wahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2024/25. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki ya 22 Nzeri 2025, ni bwo muri Théâtre du Châtelet i Paris hatangiwe ibihembo byari bikurikiwe n’abarenga miliyoni 400 […]

Continue Reading

Ibigo byo muri Pakistan byiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu guteza imbere ubuvuzi

Ambasaderi wa Pakistan mu Rwanda, Naeem Khan, yasuye Ibitaro bya Kaminuza bya Dr. Akbar Niazi Teaching Hospital (ANTH) biherereye mu Murwa Mukuru Islamabad, hagamijwe kureba uko ibi bitaro bizobereye mu gutanga ubuvuzi buteye imbere cyafatanya n’u Rwanda mu mishinga itandukanye. ANTH ni ibitaro bigezweho bifite ibitanda 500. Ni kimwe mu bigo bigize GAK HealthCare International, […]

Continue Reading

Musanze: Abayobozi b’imidugudu babangamiwe no gutira telefone zigezweho kugira ngo batange serivisi

Bamwe mu Bakuru b’Imidugudu mu Karere ka Musanze baravuga ko bagorwa no gutira telefone zigezweho (smartphone) kugira ngo babashe kuzuza inshingano zabo za buri munsi. Bavuga ko kutagira izi telefone bidindiza imikorere yabo ndetse bigatuma serivisi baha abaturage zidindira. Nzabirinda, Umukuru w’Umudugudu wa Runyango, Akagari ka Rwambogo mu Murenge wa Musanze, avuga ko kuba nta […]

Continue Reading

Dushaka ko umusaruro wikuba kabiri-Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva ku bahinzi

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yahaye abahinzi umukoro wo guhinga neza ku buryo umusaruro beza ugera kuri toni kuri hegitari kugira ngo umuhigo u Rwanda rufite wo gukuba kabiri umusaruro w’ubuhinzi ugerweho. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 22 Nzeri 2025 ubwo yatangizaga ku rwego rw’Igihugu ku igihembwe cy’ihinga cya 2026 A. Igihembwe cy’ihinga cya […]

Continue Reading

Amagare: Bäckstedt yegukanye ITT mu bakobwa batarengeje imyaka 23

Umwongerezakazi Zoe Bäckstedt, yegukanye Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe ku bakobwa batarengeje imyaka 23 mu bagore (ITT) akoresheje iminota 30 n’amasegonda 56. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nzeri 2025, ni bwo hakinwe umunsi wa kabiri wa shampiyona y’Isi y’Amagare mu byiciro by’abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 23 basiganwa […]

Continue Reading