Ntimukabe indorerezi- Perezida Kagame ahanura urubyiruko rwa Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yongeye kwibutsa urubyiruko rwa Afurika ko ari rwo uyu mugabane uhanze amaso, bityo rukwiye kurangwa n’ibintu bitatu by’ingenzi ari byo ubumenyi ku mugabane wabo, gufata inshingano no gukora ibikwiye birinda guhinduka indorerezi gusa. Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri, mu birori byo kwakira abanyeshuri 51 […]

Continue Reading

Rusizi: Inyubako y’ubucuruzi n’ububaji yakongokeyemo ibya miliyoni 10 Frw

Inyubako y’ubucuruzi y’uwitwa Ndayisabye Jean, iherereye mu Mujyi wa Rusizi, Umudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, mu Karere ka Rusizi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ikongokeramo ibyakorerwagamo byose bifite agaciro ka miliyoni zizaga 10 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyo nyubako yafashwe n’inkongi y’umuriro ahagana saa tanu z’amanywa yok u wa 24 Nzeri 2025, isanzwe ikorerwamo […]

Continue Reading

Perezida Kagame yikomye abababazwa n’ibihugu bitamenyerewe byakira amarushanwa y’Isi

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yikomye ibihugu bikomeye byumva ko ibihugu bitamemyerewe nk’u Rwanda bidashobora kwakira amarushanwa akomeye yo ku rwego rw’Isi, avuga ko bafite imyumvire yasizwe n’amateka. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, ubwo yitabiraga Inama ya 194 y’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) yabereye muri Kigali Convention Centre. Ni […]

Continue Reading

Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025

Urwego ruhuriweho rushinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (JSCM) rwemeje ko ibikorwa bishyigikira kubahiriza aya masezerano bizatangira kuva ku wa 1 Ukwakira 2025. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 24 Nzeri 2025, rihuriweho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, u […]

Continue Reading

Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi hakekwa kwiyahura

Irakiza w’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere kaMusanze,  yasanzwe mu mugozi amanitse, bikekwa ko yiyahuye. Ahagana mu ma saa moya z’umugoroba  ni bwo abaturanyi batangiye gutabaza. Umwe mu baturage baturanye n’iwabo yagize ati: “Twumvise inkuru idutunguye, kuko ntitwari tuzi ko afite ibibazo byamugeza aho kwiyambura ubuzima. Uyu […]

Continue Reading

U Rwanda rwanyuzwe n’igiciro cy’umuti mushya urinda kwandura SIDA

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ko yanyuzwe n’igiciro cy’umuti wa Lenacapavir uherutse kwemezwa, nyuma yo kugaragaza ko ufite ubushobozi bwo kurinda abantu kwandura Virusi itera SIDA. Ku wa 24 Nzeri 2025, kubera ubufatanye bw’imiryango irimo Unitaid, Clinton Health Access Initiative na Wits RHI, byatangajwe ko umuti wa Lenacapavir utangwa mu nshinge ebyiri buri mezi […]

Continue Reading

Rwamagana: Abayobozi barenga 150 bahawe smartphones

Abayobozi 156 bo mu nzego z’ibanze bo mu Murenge wa Musha uherereye mu Karere ka Rwamagana, bahawe telefone zigezweho, basabwa gufasha abaturage kubona serivisi z’ikoranabuhanga zirimo kwiyishyurira mituweli ndetse no kubona ibyangombwa bimwe na bimwe byabasabaga gukora ingendo ndende bajya gushaka umukozi w’Irembo. Izi telefone bazihawe ku wa 23 Nzeri 2025 nyuma yo guhabwa amahugurwa […]

Continue Reading

Peter Mutharika yongeye gutorerwa kuyobora Malawi

Komisiyo y’Amatora muri Malawi yatangaje ko Peter Mutharika wabaye Perezida w’iki gihugu yatsinze amatora ku majwi 57%, mu gihe Lazarus Chakwera wari usanzwe ku butegetsi yagize 37%. Mutharika yayoboye Malawi kuva mu 2014 kugeza mu 2020, atsinzwe amatora na Lazarus Chakwera. Amateka nk’aya yaherukaga muri Amerika aho Trump yatsinzwe amatora arangije manda imwe, hanyuramo Joe […]

Continue Reading

Chantal wareze Dr. Nsabimana wabaye Minisitiri, yatsinzwe urubanza anacibwa miliyoni 1 Frw

Muganga yavugaga ko yatunguwe no kubona Nsabimana ashatse undi mugore rwihishwa kandi ko ubwo buriganya yamukoreye bwamuteye uburwayi bukomeye bw’agahinda gakabije ku buryo yavujwe n’umuryango we ariko kugeza ubu bikaba byaranze. Yasabaga urukiko gutegeka Nsabimana Ernest kuryozwa indishyi zitandukanye zingana na 406.000.000 Frw zirimo n’amafaranga agomba kumufasha gukomeza kwivuza. Yaburanye avuga ko igikorwa yakorewe cyo […]

Continue Reading

RDF yavuze ku musirikare wayo ufungiye i Burundi

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasobanuye iby’umusirikare wayo witwa Sgt Sadiki Emmanuel, umushoferi mu Ngabo z’u Rwanda, wafatiwe ku mupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi wa Nemba-Gasenyi, ubwo yibeshyaga ku mbibi z’umupaka. Itangazo ryashyizwe hanze na RDF rishimangira ko Sgt Sadiki Emmanuel yahise atabwa muri yombi na Polisi y’u Burundi, ubu aka afungiye kuri Sitasiyo […]

Continue Reading