Amavugurura akomeye mu miyoborere y’Ingabo z’u Rwanda

Uko imyaka ishira indi igataha, urwego rw’umutekano rukenera byinshi birimo ibyarufasha guhangana n’ibibazo by’inzaduka bishobora kubangamira ubusugire bw’ibihugu n’umutekano w’abaturage. Mu bikenerwa harimo ibikoresho ariko kandi no kuvugurura imiyoborere kugira ngo ijyane n’igihe. RDF (Rwanda Defense Force) yavutse hashingiwe ku Itegeko n°19/2002 ryo kuwa 17/05/2002 rishyiraho Ingabo z’Igihugu, itandukanye cyane n’iriho ubu mu bijyanye n’imiyoborere, […]

Continue Reading

Kamonyi: Umukobwa w’imyaka 14 yishe umuhungu w’imyaka 16 amuteye icyuma

Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 wo mu Karere ka Kamonyi, yapfiriye ku Kigo Nderabuzima cya Remera Rukoma, nyuma yo guterwa icyuma mu gatuza na mugenzi we w’umukobwa w’imyaka 14 ubwo barimo barwana. Byabaye mu masaha ya saa moya z’ijoro ku 31 Kanama 2025, mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma, Akagari ka Gishyeshye, mu Mudugudu wa […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahanuye urubyiruko arusaba kumenya guhangana n’ibibizo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahanuye urubyiruko rw’Afurika arusaba kureka guhunga ibibazo kuko ntaho wajya ku Isi ngo ubure kubihasanga, abasaba kugerageza kubishakira ibisubizo bagatsindwa aho gutsindwa no kugerageza. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere mu kiganiro yagejeje ku rubyiruko rwitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Iterambere ry’Uruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika (AFSF2025). Yavuze ko mu […]

Continue Reading

Nangaa yihanangirije Leta ya RDC ikomeje gushotora AFC/M23

Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yihanganirije ingabo z’iki gihugu n’indi mitwe bikomeje kwifatanya mu kugaba ibitero mu bice rigenzura no mu bice bituwe n’abaturage benshi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 1 Nzeri 2025, Nangaa yagaragaje ko ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi budashaka […]

Continue Reading

U Burundi bwohereje abasirikare barenga ibihumbi 10 bo kurimbura Abanyamulenge

Umunyapolitiki Moïse Nyarugabo yatangaje ko ingabo z’u Burundi zirenga ibihumbi 10 zoherejwe mu misozi miremire ya Minembwe n’ibindi bice byegeranye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ko ziri mu mugambi wo gutsemba ubwoko bw’Abanyamulenge watangiye mu 2017. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Goma kuri uyu wa 1 Nzeri 2025, Nyarugabo ukomoka mu […]

Continue Reading

Abanyeshuri 89,1% batsinze ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri biyandikishije gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025 bari 106.418, hakora 106.078, hakaba haratsinze 94.409 bari ku kigero cya 89,1%, aho abahungu batsinze ku kigero cya 93’5% mu gihe abakobwa batsinze kuri 85,5%. Ni ibyagarutsweho kuri uyu wa 01 Nzeri 2025, ubwo MINEDUC yatangazaga […]

Continue Reading

Hashyizweho itegeko risuzuma ingaruka z’imishinga minini ku bidukikije no ku baturage

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rya Minisitiri rishya, risaba ko imishinga minini yose izajya ibanza gukorerwa isuzuma ry’ingaruka zayo ku bidukikije no ku mibereho y’abaturage. Iri tegeko ryashyizweho na Minisiteri y’Ibidukikije ku wa 19 Kanama 2025, rikuraho iryo muri 2019 ryarebaga gusa ku ngaruka z’ibidukikije ntiryite ku mibereho y’abaturage. Itegeko rishya risaba ko hazajya hakorwa […]

Continue Reading

Dukwiye kuva mu kuvuga gusa tugakora – Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Abanyafurika bashobore kubyaza umusaruro ubutaka n’undi mutungo kamere bafite, basabwa gushyira mu bikorwa ibyo bavugira mu nama zitandukanye zirimo n’izivuga ku buhinzi no kwihaza mu biribwa. Yabigarutseho mu Nama Nyafurika yiga ku kwihaza mu biribwa (Africa Food System Forum) yabereye i Dakar muri Sénégal, ku wa 1 Nzeri 2025. […]

Continue Reading

Butera Knowless yashimiye umugabo we wizihije isabukuru y’amavuko

Mu gihe Ishimwe Clement yizihiza isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 1 Nzeri 2025, Butera Knowless ni umwe mu bishimiye uyu munsi wavutseho umugabo we bamaze kubyarana abana batatu. Mu butumwa yageneye umugabo we, Butera Knowless yagize ati “Uyu munsi umuntu udasanzwe akaba ikiremwa gihebuje yavutse. Ni we rukumbi nshobora kwita inshuti magara y’ibihe byose mu […]

Continue Reading

Uko Gen Muhoozi yateguye bucece ifungwa ya Gen Maj Birungi

Igisirikare cya Uganda kimaze amezi gikora iperereza rikomeye ku bofisiye bakuru bakekwaho uruhare mu guhimba ibitero by’ubwiyahuzi, bakabyitirira umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), muri uyu mwaka rwatanze impuruza kenshi ko ADF iri gutegura ibitero by’iterabwoba. Mu bo rwahaga aya makuru […]

Continue Reading