U Rwanda rwamaganye ibirego bya HRW birushinja kwicwa abasivili muri Binza

Guveronama y’u Rwanda yamaganye ibirego bya Komisiyo y’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n’Ihuriro rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO) yashinje u Rwanda kugira uruhare mu bwicanyi bw’abasivili mu bice birimo Binza, Rutshuru muri Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, ryatangajwe kuri uyu wa 22 Kanama […]

Continue Reading

RIB yafunze umukozi wa WASAC akekwaho ruswa mu gusaranganya amazi

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’Igihugu yafunze Manirakiza Straton wari umukozi w’Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) ushinzwe ibikorwa by’isanwa ry’umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, ukurikiranweho icyaha cya ruswa. Mu itangaza urwo rwego rwashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Kanama 2025, rwavuze ko yatawe […]

Continue Reading

Minisitiri Nduhungirehe na Iwaya w’u Buyapani baganiriye ku bufatanye n’umutekano mu karere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yaganiriye na mugenzi we w’u Buyapani, Iwaya Takeshi, ku bufatanye bw’ibihugu byombi no ku mahoro n’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari. Iki kiganiro cyabereye mu mujyi wa Tokyo ku wa 21 Kanama 2025, aho Minisitiri Nduhungirehe yagiye kwitabira inama mpuzamahanga y’ubufatanye bw’u Buyapani na Afurika mu iterambere […]

Continue Reading

Abasirikare ba RDC na Wazalendo bakurikiranyweho ubujura no kwica abarimo Major

Urukiko rwa gisirikare rwa Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva tariki ya 19 Kanama 2025 ruri kuburanisha abasirikare icyenda, Wazalendo babiri n’umupolisi umwe bashinjwa ibyaha birimo ubujura bwitwaje intwaro n’ubwicanyi. Ubushinjacyaha buyobowe na Lt Col Lwamba Songe bwasobanuye ko ibi byaha byakorewe muri Gurupoma ya Luvungi no muri santere ya Uvira mu ntara […]

Continue Reading

Amajyepfo: Polisi yaburiye abamotari batagira isuku

Ku wa Kane tariki ya 21 Kanama, Polisi y’u Rwanda yakomeje gahunda y’ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ mu bakoresha umuhanda bo mu ntara y’Iburengerazuba n’Amajyepfo. Ubu bukangurambaga bwabereye mu turere twa Nyanza na Rusizi, bwibanze cyane ku batwara abagenzi kuri moto bo muri utwo turere, bwari bukubiyemo ubutumwa bubashishikariza kwitwararika birinda uburangare n’amakosa […]

Continue Reading

Bujumbura: Brig Gen Gahungu wavuzwe mu bugizi bwa nabi bwinshi arafunzwe

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rwataye muri yombi Brig Gen Bertin Gahungu wavuzweho uruhare rukomeye mu bugizi bwa nabi bwakorewe muri iki gihugu. Brig Gen Gahungu yafatiwe ku cyicaro gikuru cya Polisi i Bujumbura ku wa 21 Kanama 2025, yoherezwa muri kasho ya SNR. Abarinzi be na bo bafashwe, gusa impamvu bose bafashwe ntiramenyekana. […]

Continue Reading

Nyagatare: Hafunguwe ikigo gifasha abahinzi kubona imashini zihinga

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, itangaza ko hakenewe umusanzu w’abikorera mu kongera umubare w’imashini zifashishwa mu buhinzi, hagamijwe gukomeza ingamba zo kongera umusaruro ukomoka ku buhinzi. ‎Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki 21 Kanama ubwo mu Karere ka Nyagatare hafungurwaga ku mugaragaro Ikigo gifasha abahinzi kubona no gukoresha imashini zihinga (Mechanization Hub). ‎ Ni uburyo […]

Continue Reading

Amerika yatanze icyizere cy’isinywa ry’amasezerano hagati ya RDC na AFC/M23

Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos yatangaje ko ibiganiro hagati ya RDC na AFC/M23 biri kuba bifashijwemo na Qatar nk’umuhuza biganisha ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro azatuma abatuye mu karere babaho neza. Boulos abinyujije kuri X yavuze ko Amerika ishimishijwe n’uko ibiganiro hagati ya Repubulika Iharanira […]

Continue Reading

Inkera y’Abahizi: APR FC yatsinzwe na Police FC

APR FC yatsinzwe na Police FC ibitego 3-2 mu mukino wa kabiri w’Inkera y’Abahizi wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Kanama 2025. Ikipe y’Ingabo z’Igihugu nta nota na rimwe ifite mu gihe Ikipe ya Polisi y’Igihugu yagize atandatu. Ku munota wa kabiri w’umukino, Mamadou Sy yageze imbere y’izamu rya […]

Continue Reading