U Rwanda rwamaganye ibirego bya HRW birushinja kwicwa abasivili muri Binza
Guveronama y’u Rwanda yamaganye ibirego bya Komisiyo y’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n’Ihuriro rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO) yashinje u Rwanda kugira uruhare mu bwicanyi bw’abasivili mu bice birimo Binza, Rutshuru muri Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, ryatangajwe kuri uyu wa 22 Kanama […]
Continue Reading
