Abatuye mu mujyi wa Goma babyukiye mu myigaragambyo basaba ingabo za MONUSCO, iz’u Burundi n’iz’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo kuva muri RDC
Abatuye mu mujyi wa Goma babyukiye mu myigaragambyo mu gitondo cy’uyu wa 17 Gashyantare 2025, basaba ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO), iz’u Burundi n’iz’umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage bavugaga ko ingabo ziri mu bigo bya MONUSCO zirimo iza RDC zishobora kubahungabanyiriza umutekano, bityo […]
Continue Reading
