AFC/M23 yongeye mu gisirikare cyayo abasirikare ba Congo baherutse kumanika amaboko

Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe icyemezo cyo gushyira mu ngabo zayo abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, baherutse kumanika amaboko bakishyikiriza uyu mutwe. Abasirikare M23 yashyize mu ngabo zayo ni abaherutse kuyishyikiriza ubwo mu mpera za Mutarama 2025, uyu mutwe witwaje intwaro wabohoraga abatuye mu Mujyi wa Goma. Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, […]

Continue Reading

Bukavu: M23 yateguye umuganda

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguye umuganda mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu muganda rusange uzwi nka ‘Salongo’ mu burasirazuba bwa RDC wemerejwe mu nama abahagarariye M23 bagiranye n’abayobozi ba sosiyete sivile zikorera muri Bukavu. Biteganyijwe ko uyu muganda uzaba tariki ya […]

Continue Reading

RDC: Ingabo za Uganda zinjiye mu mujyi wa Bunia

Nyuma y’iminsi mike Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, atangaje umugambi wo kohereza ingabo mu Mujyi wa Bunia kugira ngo zihagarike ubwicanyi bukorerwa Abahima, ubu izo ngabo zamaze kuhagera. Bunia ni umujyi uherereye mu Ntara ya Ituri, hafi ya kilometero 40 uvuye ku mupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Uganda. […]

Continue Reading

Tshisekedi yarakariye ibihugu bya Afurika byanze ko Loni yamagana u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko yijunditse ibihugu bitatu byo ku Mugabane wa Afurika byanze ko Umuryango w’Abibumbye wamagana u Rwanda. Algeria, Sierra Leone na Somalia bifite imyanya idahoraho mu kanama ka Loni gashinzwe umutekano. Byo na Guyana biherutse kwanga gutora umwanzuro wako ushinja u Rwanda kohereza ingabo mu Burasirazuba […]

Continue Reading

Goma: M23 yashyizeho abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda

Muri Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, abarwanyi ba M23 bagenzura umujyi bashyizeho umutwe w’abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda. Guhera kuri uyu wa Mbere, tariki ya 17 Gashyantare, aba bapolisi batangiye imirimo yabo, bafite inshingano zo guca akajagari, kwigisha uko umuhanda ukoreshwa neza, kugabanya impanuka no gukemura ibibazo by’umutekano mu muhanda. Muri Goma […]

Continue Reading

Jari na Rebero hagiye guterwaho ibiti bisaga miliyoni

Hagamijwe gukaza ingamba zo kwirinda isuri no kongera umwuka mwiza mu mu mujyi wa Kigali, hagiye guterwa ibiti ku musozi wa Jali mu Karere ka Gasabo, uwa Kigali mu Karere ka Nyarugenge n’uwa Rebero mu Karere ka Kicukiro. Kubera ibikorwa bitandukanye birimo n’iby’ubwubatsi byagiye byigarurira imyanya yakabayemo amashyamba kuri iyi misozi, byongereye ibyago by’ibiza. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Uvira: Nyuma yo gusubiranamo hagati ya FARDC na Wazalendo, bikanze imirindi ya M23 bariyunga

Ituze ryagarutse ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru yiciwemo abantu 12, abasivile n’abasirikare, nk’uko bivugwa na Radio Okapi. Iyo mirwano yabaye hagati y’abasirikare ba leta, FARDC n’itsinda ry’abarwanyi bazwi nka Wazalendo. Ku cyumweru, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amafoto yafashwe n’umwe mu ngabo za leta […]

Continue Reading

Abahoze muri FDLR bamennye amabanga y’abo basizemo

Bamwe mu bahoze muri FDLR baherutse gutangaza ko umutwe wa FDLR nyuma y’ibikorwa by’iterambere wongeyeho ibikorwa by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse ukaba ukomeje kuyikwirakwiza hirya no hino. Hashize imyaka ikabakaba 30 Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR w’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ushinzwe. Ni umutwe wubakiye ku ngengabitekerezo ya Jenoside. Ibi bishingira ku bitero wagiye ugaba […]

Continue Reading

Ibyambu bya Goma na Bukavu bigiye kujya bikora amasaha yose

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bahati Musanga Erasto, yatangaje ko ibyambu bya Goma na Bukavu bizatangira gukora amasaha yose guhera kuri uyu wa 18 Gashyantare 2025. Bahati atanze ubu butumwa nyuma y’aho abarwanyi ba M23 batangiye kugenzura igice cy’Ikiyaga cya Kivu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyose kuri […]

Continue Reading

Imitwe y’inyeshyamba itatu y’Abarundi yihuje ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Ndayishimiye

Umutwe witwaje intwaro wa FRB-Abarundi watangaje ko wihuje na UPR ndetse na UPF kugira ngo irwanye ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Umuvugizi wa FRB-Abarundi, Major Mugisha Joab, yasobanuye ko iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahurije iyi mitwe y’inyeshyamba muri Komini Musigati, intara ya Bubanza kuri uyu wa 16 Gashyantare 2025. Maj Mugisha kandi […]

Continue Reading

M23 yategetse abaturage gusubiza ibyo basahuye

Umutwe witwaje intwaro wa M23 yategetse abatuye mu mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ko basubiza bagenzi babo ibyo babasahuye, ubwo ihuriro ry’ingabo za RDC ryavaga muri uyu mujyi, rihunga M23. Ubwo ihuriro ry’ingabo za RDC ryavaga muri uyu mujyi, zihunga M23, hagaragaye abaturage ndetse n’abitwaje intwaro basahura amaduka menshi ndetse n’ingo […]

Continue Reading