M23 yafashe Katana

Umutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025 wafashe centre y’ubucuruzi ya Katana nyuma y’imirwano ikomeye wagiranye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iz’Abarundi n’ihuriro rya Wazalendo. Katana, iri kuri kilometero 7 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kavumu, yari nk’igikuta gikomeye cyabuzaga M23 kwerekeza kuri icyo kibuga kuko ihuriro ry’ingabo za […]

Continue Reading

BNR yatahuye ibigo 4 byiba Abanyarwanda kuri murandasi

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yongeye kuburira abantu ko hari kompanyi zikora ubucuruzi bw’amafaranga bukorerwa kuri interineti mu buryo butemewe n’amategeko, igaragaza ko hari kompanyi enye zimaze kumenyekana zikora ubwo bucuruzi. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku wa Kane, ubuyobozi bwa BNR bwagaragaje ko umuntu wese winjiye muri ubwo bucuruzi abikora yiteguye kwirengera ingaruka, kuko ashobora […]

Continue Reading

Abihayimana bavuye I Kinshasa bahuye na Perezida Paul Kagame

Urwego rukuriye Abasenyeri muri Congo Kinshasa rwemeje ko intumwa zarwo zahuye na Perezida Paul Kagame mu rwego rwo kuganira ku mahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo no mu karere. Ifoto ya Perezida Paul Kagame ari kumwe n’aba basenyeri bo muri Kiliziya Gatolika n’abo mu madini ya giporotestanti yakomeje kugenda igarukwaho ku mbuga nkoronyambaga. Urwego rwitwa […]

Continue Reading

Umutwe wa M23 yavuze ku rupfu rwa Idengo

Ku mugoroba w’ejo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare 2025, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru y’urupfu rw’umuhanzi w’Umunye-Congo, Delcat Idengo, bamwe mu banye-Congo bagashinja Umutwe wa M23 kuba inyuma y’uru rupfu. Ikinyamakuru cyitwa The Voice of Congo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gitangaza amakuru yerekeye imyidagaduro n’umuco, ni cyo cyakwije amakuru y’urupfu rwa […]

Continue Reading

Indege ya FARDC yishe abasivili 10 ikomeretsa 25 i Kalehe

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï 25 y’Ingabo za FARDC, yaroshye ibisasu bitagira ingano mu bice bituwe cyane bya Kalehe kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gashyantare 2025. Ibyo bitero byahitanye ubuzima bw’abasivili 10 abandi 25 barakomereka ndetse n’inzu nyinshi z’abaturage zirasenyuka habariwemo n’Ibitaro Bikuru bya Kalehe. Kalehe ni […]

Continue Reading

Perezida Kagame Yakiriye Abikorera bo muri Arabie Saoudite

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Itsinda ry’abikorera bo muri Arabie Saoudite rigizwe n’abayobozi bakuru mu Rugaga rw’Ubucuruzi muri Arabie Saoudite (Federation of Saudi Chambers of Commerce), riyobowe na Hassan Alhwaizy. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 13 Gashyantare 2025, nibwo Umukuru w’Igihugu yakiriye muri Village Urugwiro iri tsinda ry’abikorera bo muri […]

Continue Reading

Abasenyeri basabye Tshisekedi kuganira na M23

Musenyeri Donatien Nshole, uyoboye Inama y’Abepiskopi Gatolika ba RD Congo na bagenzi be, basabye ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi gucisha macye bukaganira n’abarwanyi ba AFC/M23, kuko ari yo nzira yonyine yo guhagarika intambara. Ni ibyo yatangarije itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu nyuma y’ibiganiro byahuje itsinda yari ayoboye n’ihuriro rya AFC/M23, byabereye i Goma. Iri tsinda ry’abakuru […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagarutse ku kibazo cya FDLR n’umutekano w’u Rwanda

Asubiza niba koko asanga umutwe wa FDLR uteje akaga ku mutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko nta kuntu bitabaho, kandi Guverinoma ya Kongo ishyize imbere politiki yo kwica, dore ko Perezida Félix Tshisekedi uyiyoboye ashyira imbere ivangura no gutsemba ubwoko adashaka, afatanyije n’Interahamwe Agira ati, “Niba hari abakibyibazaho reka mbabwire ko Umuryango w’Abibumbye ONU, […]

Continue Reading

Perezida Kagame yasubije abibaza niba afitiye impuhwe M23

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yashubije abavuga ko afitiye impuhwe M23, umutwe uhanganye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ko afite impamvu zumvikana, ku buryo ahubwo udafitiye impuhwe uyu mutwe ari we waba adashyira mu gaciro. Mu kiganiro kirekire yagiranye n’ikinyamakuru Jeune Afrique, Kagame yagarutse ku ngingo zinyuranye zibanze ku mutekano mu karere muri […]

Continue Reading

M23 yafashe Centre ya Kalehe na Ihusi

Inyeshyamba za M23 zafashe agace k’ubucuruzi ka Kalehe Centre hamwe na Ihusi kuri kilometero hafi 70 mu Majyaruguru y’umujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Epfo, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byo muri DR Congo. Ku wa gatatu, igisirikare cya leta muri iyi ntara cyatangaje ko M23 mu gikorwa cyo kurenga ku gahenge kasabwe n’inama y’i Dar […]

Continue Reading

Real Madrid Yabonye Intsinzi Ikomeye mu Mikino ya Kamarampaka ya UEFA Champions League

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 11 Gashyantare 2025, habaye imikino ya kamarampaka (play-offs) ya UEFA Champions League, aho Real Madrid yatsinze Manchester City ibitego 3-2 mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Etihad Stadium mu Bwongereza. Real Madrid yegukanye intsinzi y’amateka Uyu mukino watangiye Real Madrid isatira cyane, igaragaza ubukana bwo […]

Continue Reading