Nyanza: Umusore yasanzwe mu giti cya avoka yapfuye

Habanabashaka John w’imyaka 23, wabaga mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Ntyazo, Akagari ka Cyotamakara, mu Mudugudu wa Karuyumbu, yasanzwe mu giti cya avoka mu gitondo cyo ku wa 20 Mutarama 2025, ari mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yaba yiyahuye. Amakuru avuga ko umurambo w’umusore wabonywe n’umuturage. Bivugwa ko kwiyahura kwe yabitewe n’uko nyina […]

Continue Reading

Bizagenda gute mu gihe gutsindira kuri 50% bibaye no kuri P6 na S3 uyu mwaka?

Mu gihe hirya no hino mu gihugu humvikanye umubare munini w’abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye bitewe n’impinduka mu kubara amanota, haribazwa uburyo bizagenda ku banyeshuri bazasoza amashuri abanza n’ikiciro rusange uyu mwaka. Nk’uko bikomeje kugaragazwa n’inzego z’uburezi zitandukanye, bigaragara ko nta gihindutse uyu mwaka kuri aba banyeshuri nabwo hazakoreshwa uburyo bushya bwo […]

Continue Reading

APR FC yatandukanye na Godwin Odibo

Ikipe ya APR FC yemeje ko yatandukanye n’Umunya-Nigeria, Godwin Odibo, ku bwumvikane bw’impande zombi. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 20 Mutarama 2025, APR FC yemeje ko batandukanye imushimira umusanzu we mu kibuga ndetse no hanze inamwifuriza guhirwa muri byose. Uyu mukinnyi yari amaze amezi atandatu aguzwe n’Ikipe […]

Continue Reading

Nyanza: Inkuba yakubise umugabo n’abahungu be umwe arapfa

Ndagijimana Elisa w’imyaka 29 yakubiswe n’inkuba ahita apfa, abandi bavandimwe be na Se bajyanywe kwa mu ganga kuvurwa ibikomere n’ihungabana. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Mutarama 2025 ahagana i Saa munani abantu batatu bakubiswe n’inkuba umwe muri bo ahita apfa. Byabereye mu karere ka Nyanza mu murenge wa Busoro mu kagari ka Shyira […]

Continue Reading

Donald Trump yarahiriye kuyobora USA nka Perezida wa 47

Donald John Trump yarahiriye kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA), mu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025. Ni ku nshuro ya kabiri Donald J. Trump ayoboye iki gihugu nyuma y’uko ari na we wabaye Perezida wa 45 muri manda yayoboye hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021. […]

Continue Reading

Axel Rudakubana yemeye ko yishe abana batatu

Axel Rudakubana yemereye urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza ko yishe abana batatu tariki ya 29 Nyakanga 2024, abateye icyuma. Yanemeye kandi icyaha cyo kugerageza kwica abandi bantu 10 barimo abana umunani batatangarijwe amazina hashingiwe ku itegeko ryo kubabikira ibanga. Ikindi cyaha yemeye ni icy’iterabwoba, gikomoka ku nyandiko ya ‘pdf’ y’inyigisho z’umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda, […]

Continue Reading

RIB yafunze Emelyne na bagenzi be

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mutarama 2025 ko rwataye muri yombi abantu 9, barimo Kwizera Emelyne uzwi cyane kubera gukina muri filime Ishanga. Aba bantu bakurikiranyweho gusakaza amashusho agaragaza ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina. Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, yavuze ko aba bantu 9 bari bagize itsinda rigizwe […]

Continue Reading

RDC: Imirwano irasatira Goma

Imirwano irakomeje mu nkengero z’imisozi ikikije umujyi wa Sake muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bilometero bitagera kuri 30 ngo ugere mu mujyi wa Goma. Abaturage batuye mu mujyi wa Sake bavuze ko batashoboye gusinzira, kubera ibibombe birimo kuraswa n’impande zihanganye. Abarwanyi ba M23 begereye umujyi wa Sake nyuma yo gufata no gufunga […]

Continue Reading

Impinduka zikakaye zatangijwe muri ADEPR

Muri Kanama 2024 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse insengero, kiliziya n’imisigiti bitari byujuje ibisabwa bigendanye n’amabwiriza abigenga. Amezi agiye kuba atanu icyo cyemezo gifashwe ndetse insengero zigera ku bihumbi 10 hirya no hino mu gihugu zarafunzwe zirimo n’iz’Itorero rya ADEPR. Itorero rya ADEPR riheruka gufata icyemezo cyo guhagarika amasezerano y’umurimo y’abapasiteri n’abarimu b’amatorero […]

Continue Reading

Umugabo yishwe n’itaka ryamugwiriye aryiba ngo ahome inzu ye

Gasore Simeon w’imyaka 39 wo mu Mudugudu wa Kabwenge, Akagari ka Nyagisozi, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze yagwiriwe n’itaka ubwo yibaga iryo guhomesha inzu ye ahita ahasiga ubuzima. Bivugwa ko ko byabaye mu gihe cya saa tanu z’amanywa yon kuri uyu wa 19 Mutarama, ubwo iki kirombe abaturage babonaga kiriduka, bakabona kumenya ko harimo […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’abamaze iminsi bagaragara ku mbuga nkoranyambaga bambaye ubusa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yababajwe n’urubyiruko rukomeje kwiyandarika by’umwihariko urwiyambika ubusa ku karubanda, asaba abayobozi n’ababyeyi guhagurukira ibyo byonnyi byibasiye Umuryango Nyarwanda. Perezida Kagame yabikomojeho kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2024, ubwo yifatanyaga n’abanyarwanda mu masengesho yo gushimira Imana no gusengera Igihugu. Perezida Kagame yagaragaje agahinda aterwa no kubona umuryango […]

Continue Reading