Axel Rudakubana w’imyaka 18 yakatiwe gufungwa imyaka 52

Umunyarwanda utuye mu Bwongereza, Axel Rudakubana w’imyaka 18 y’amavuko, yakatiwe n’Urukiko igihano cyo gufungwa imyaka 52, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abana b’abakobwa batatu bari mu ishuri ahitwa i Southport, muri Nyakanga umwaka ushize wa 2024, ndetse akagerageza no kwica abandi bantu 10. Urukiko rwumvise uko icyo gitero cyagenze n’uko cyakozwe mu buryo buteye […]

Continue Reading

Nyuma y’imirwano yabereye i Sake Perezida Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’aho ingabo z’iki gihugu zihanganiye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 rwagati mu mujyi wa Sake. Iyi nama yitabiriwe na Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere, Jacquemain Shabani, na Minisitiri w’Ingabo Guy Kabombo Mudiamvita. Yabereye ku biro by’Umukuru w’Igihugu mu ijoro. […]

Continue Reading

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Gen Maj Cirimwami yishwe na M23

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Maj Peter Cirimwami, yishwe arashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23, mu gace ka Kasengezi, nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wawo mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 24 Mutarama 2025. Abinyujije ku rubuga rwa X, Kanyuka yagize ati “Umugaba Mukuru w’igisikare cy’umutwe wa FDLR, General Chirimwami, yapfuye. Yiciwe i […]

Continue Reading

M23 yahigiye gufata Umujyi wa Goma

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ugiye gufata Umujyi wa Goma ufatwa nk’Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Mutarama 2025, yatangaje ko abatuye muri uyu mujyi bababaye cyane, abateguza kubohorwa. Yagize ati […]

Continue Reading

Abaturage batuye mu mujyi wa Goma bari guhungira mu Rwanda

Abaturage batuye mu mujyi wa Goma bavuga ko bafite ubwoba bw’ imirwano isatira uyu mujyi nyuma y’ uko abarwanyi ba M23 bivuzwe ko binjiye mu mujyi wa Sake uri ku birometero 27 uvuye mu mujyi wa Goma. Abanyamakuru bakorera mu mujyi wa Goma yavuze ko abarwanyi ba M23 binjiye muri Sake mu masaha ya saa […]

Continue Reading

Mu nkambi ya Mahama Gaz yatwitse inzu y’Impunzi

Inkongi yatewe n’iturika rya Gaz mu nkambi ya Mahama, iherereye mu karere ka Kirehe, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, yahitanye umunye-Congo witwa Pengele Jean Kamate.  Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuwa mbere w’iki cyumweru, yadutse ubwo icupa rya gaz ryaturikaga . Pengele Jean Kamate yari atuye Mahama I, Umudugudu wa 1, umuryango wa 7/a akaba yakoraga […]

Continue Reading

Perezida Trump yateguje u Burusiya ibihano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora gufatira u Burusiya ibihano mu gihe bwakwanga kugirana ibiganiro na Ukraine, bigamije guhagarika intambara. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 22 Mutarama 2025, Trump yabajijwe niba mu gihe Perezida Vladimir Putin yakwanga ibiganiro by’u Burusiya na Ukraine, bitatuma Amerika ibufatira ibindi […]

Continue Reading

Polisi yarashe Abasore babiri Abakurikiranwaga ku cyaha cyo kwica Mukandekezi

Abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine; babonye bagiye gutabwa muri yombi, barwanya Umupolisi wari ubaguye gitumo. Abo basore bishe Mukandekezi w’imyaka 28 y’amavuko wo mu Karere ka […]

Continue Reading

Congo yabujije ingendo z’amato mato mu Kivu

Ubutegetsi bwa gisirikare muri Kivu ya Ruguru bwabijije urujya n’uruza rw’amato mato akoresha ikiyaga cya Kivu, bwavuze ko ari ku bw’impamvu z’umutekano muke “mu nkengero za Goma”. Bigaragara ko umujyi wa Goma uzengurutswe n’inyeshyamba za AFC/M23 mu mpande hafi ya zose, kuva muri Nyiragongo, Masisi na Minova inyeshyamba ziherutse gufata. Itangazo ry’Umuyobozi w’intara ya Kivu […]

Continue Reading

Abajyanama b’ubuzima bagiye gushyirwa mu bakoresha Muganga SACCO

Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko Abajyanama b’Ubuzima bagenerwa agahimbazamusyi kabarwa mu mafaranga kandi kakanyuzwa mu makoperative babarizwamo. Ibi ngo nibyo byatumye hatekerezwa uko Abajyanama b’Ubuzima bashyirwa mu Muganga Sacco nka koperative isanzwe ibarizwamo abakora mu rwego rw’ubuzima. Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga ko Abajyanama b’Ubuzima bahabwa ishimwe (umushahara) buri gihembwe nyuma yo gusuzuma raporo […]

Continue Reading