Abantu bashya 9 bandura VIH/SIDA ku munsi mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko virusi itera SIDA igihari abantu badakwiye kwirara, kuko abantu 9 bashya bandura iyo virusi ku munsi, bakaba biganjemo urubyiruko. Ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, wizihirijwe mu Karere ka Rubavu. Kwizihiza uwo munsi bifite insanganyamatsiko igira […]

Continue Reading

Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu

Ku mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu, nk’uko ababibonye babitangaje. Umusore umwe yagize ati ‟Ibi bintu byabaye mpari, umuseriveri wa Hoteli bamusabye gusohora imodoka, mu gihe ari kuyisohora, niba yikanze ko feri yahindutse umuriro, twagiye kubona tubona imodoka […]

Continue Reading