Abantu bashya 9 bandura VIH/SIDA ku munsi mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko virusi itera SIDA igihari abantu badakwiye kwirara, kuko abantu 9 bashya bandura iyo virusi ku munsi, bakaba biganjemo urubyiruko. Ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, wizihirijwe mu Karere ka Rubavu. Kwizihiza uwo munsi bifite insanganyamatsiko igira […]
Continue Reading
