Muri DRC hadutse icyorezo cy’amayobera kimaze kwica abasaga 70
Minisiteri y’ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu nibura 79 bishwe n’indwara itaramenyekana iteza ibimenyetso bimeze nk’iby’ibicurane, yadutse mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’icyo gihugu. Mu itangazo yasohoye ku rubuga nkoranyambaga X, minisiteri y’ubuzima ivuga ko iyo ndwara yamenyekanye guhera ku itariki ya 24 Ukwakira (10) uyu mwaka, benshi mu bo imaze kwica […]
Continue Reading
