Guverinoma yagaragaje ko hari amadini yari atangiye kuyobya abanyarwanda

Amadini n’amatorero afatwa nk’arerera u Rwanda kandi akagira uruhare mu gufasha Leta kwigisha abanyarwanda. Icyakoze Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko hari amadini yari atangiye kuyobya abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko. Ni ingingo yagarutsweho Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki 06 Ukuboza 2024, ku Kimihurura. Yavuze ko intandaro yo guca akajagari […]

Continue Reading

Ibitaro La Croix du Sud bibaye ibya mbere mu kuvura kanseri zitandukanye

Mu rwego rwo kwitegura kwizihiza imyaka 30 bimaze bishinzwe, ibitaro La Croix du Sud bizwi nko Kwa Nyirinkwaya, byatangije ibikorwa byo kwakira no kuvura abarwayi kanseri. Iki gikorwa kikaba cyatangijwe ku mugaragaro ku itariki ya 4 Ukuboza 2024 aho inzobere mu kuvura kanseri Dr Lohit RedPa yakiraga ndetse agatangira gusuzuma abarwayi ba mbere. Ubu bufatanye […]

Continue Reading

Amakipe yose azakina igikombe cy’Isi yamenye amatsinda abarizwamo

  Amakipe 32 yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cy’amakipe kizaba mu 2025, yamaze kumenya amatsinda aherereyemo, aho Paris Saint Germain yisanze mu itsinda rimwe na Atletico Madrid, Botafogo na Sounders FC. Iyi tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba ku wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024 ibera mu Mujyi wa Miami […]

Continue Reading

Hagiye gushorwa miliyari zirenga 100 muri serivisi yo gutwara abagenzi

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, BAD, yemereye Guverinoma y’u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 100 z’amadolari ya Amerika (miliyari 138,8 Frw) yo kuyifasha guteza imbere urwego rwo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. BAD yatangaje ko abatega moto bakabaye bagabanyuka, aho kwiyongera, kuko ari moto ari kimwe mu biteza impanuka nyinshi mu […]

Continue Reading

Burundi : Minisiteri yahungiye mu Bubuligi

Umuyobozi muri Minisiteri y’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi witwa Germain ,Ndayishimiye ,wari wagiye mu butumwa bw’akazi yafashe icyemezo cyo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’u Bubiligi aho gusubira mu gihugu cye . Leta y’u Burundi ibinyujije kuri Havyarimana Francois Minisitiri w’Uburezi muri icyo gihugu yemeje ko uwari umuyobozi mukuru muri iyo Minisiteri ushinzwe amasomo y’Imyuga n’Ubumenyingiro […]

Continue Reading

Rubavu: Abaturiye ikimoteri cya Rutagara baratabaza

Abaturage baturiye n’abanyura hafi y’Ikimoteri cya Rutagara giherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko babangamiwe n’umunuko ugiturukamo. Kuzura kw’iki kimoteri ni ikibazo gikomeye ku baturage kuko  bifuza ko gitunganywa, dore ko n’umushinga wahahoze ubyaza imyanda ifumbire wahagaze. Ikimoteri cya Rutagara kibangamiye abagituriye, abakijyanamo imyanda ndetse n’abahanyura. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa […]

Continue Reading

Nyanza: Abantu 19 batawe muri yombi

Abatuye mu Karere ka Nyanza by’umwihariko mu Murenge wa Kibirizi wafatiwemo abantu 19 bakekwaho guhungabanya umutekano, bavuga ko bashimira Polisi ikomeje kubakiza abajura kuko bari basigaye bataha kare batinya guhura n’abajura. Abo 19 b’igitsina gabo, bakekwaho ibyaha birimo no gukoresha ibiyobyabwenge, Polisi y’Igihugu mu Ntara y’Amajyepfo yabafatiye mu mukwabo mu rukerera rwo kuri uyu wa […]

Continue Reading

Ibiza byishe abantu 48 mu mezi atatu -MINEMA

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva mu kwezi kwa Nzeri kugeza mu kwezi k’Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. MINEMA  ivuga ko mu bapfuye,  babiri bahitanywe n’inkongi y’umuriro, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba naho 13 baguye mu birombe, umwe ahitanwa n’imvura naho umwe ahitanwa n’inkubi y’umuyaga. Imvura […]

Continue Reading

UNESCO yemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi

Umuryango w’Abibumbye binyuze muri UNESCO wemeje ubusabe bw’u Rwanda bwo kwinjiza Intore mu murage w’isi, abahanga mu muco n’amateka bagaragaza ko guhamiriza kw’intore gukubiyemo umuco w’u Rwanda ukaba umwihariko utasanga ahandi ku isi. Intore zibumbatiye amateka n’umuco by’u Rwanda, uku guhamiriza kwabagaho nyuma yo kwiga byinshi mu itorere ry’igihugu. Intore Masamba agira ati “Narahamirije bihagije, […]

Continue Reading

Patrick Gihana agiye kumurika igitabo cye yise”Humura mwana”

  Nyuma yo kumenyekana mu ruhando rwa muzika, Umuhanzi Patrick Gihana yamaze kwinjira mu rwego rw’ abanditsi, aho mu mins itarambiranye agiye kumurika igitabo gikozwe mu buryo bw’ inkuru ishushanyije yise”Humura Mwana”. Mu kiganiro n’ ikinyamakuru  RWANDANEWS24, uyu muhanzi avuga ati”  Nyuma yo kwandika igitabo “Humura Mwana” nk’ inkuru yigisha cyane cyane ABANA amateka mabi […]

Continue Reading