Guverinoma yagaragaje ko hari amadini yari atangiye kuyobya abanyarwanda
Amadini n’amatorero afatwa nk’arerera u Rwanda kandi akagira uruhare mu gufasha Leta kwigisha abanyarwanda. Icyakoze Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko hari amadini yari atangiye kuyobya abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko. Ni ingingo yagarutsweho Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki 06 Ukuboza 2024, ku Kimihurura. Yavuze ko intandaro yo guca akajagari […]
Continue Reading
