Rubavu : Ibicuruzwa biborera ku mupaka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko hari ikibazo cy’ibicuruzwa byangirika ku mupaka wa Gisenyi, birimo umuceri, amavuta ya mukorogo, n’urumogi, bigateza umwanda n’umunuko. Ibi bicuruzwa bibikwa muri MAGERWA, aho bidafite uburyo bwo kubyerekezwa cyangwa kubyangiza kuko akarere nta bushobozi gafite bwo kubikemura. Mulindwa Prosper, Umuyobozi w’Akarere, avuga ko ibitaro bya Gisenyi byageragejwe mu kwangiza ibicuruzwa, […]
Continue Reading
