Nyamagabe: Abayobozi 10 mu murenge umwe basezeye ku kazi
Mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Musebeya, haravugwa inkuru y’abakozi 10 basezeye ku kazi icyarimwe. Abo bakozi barimo ba Gitifu b’Utugari batandatu hamwe n’abandi bane bashinzwe imibereho myiza (SEDOs) bakekwaho kugira uruhare mu inyerezwa ry’amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza y’abaturage. Ibi byabaye nyuma y’uko Komite Nyobozi y’Akarere ka Nyamagabe yateranye ku wa 7 Ukwakira 2024, ikagaragaza […]
Continue Reading
