Musanze: Ikibazo cy’inzoga bita Muhenyina cyabonewe umuti

Mu Murenge wa Kimonyi, Akarere ka Musanze, haravugwa inzoga yiswe Muhenyina, yari izwiho kubuza ubwenge abayinywaga bagahohotera abandi, ku buryo abaturage batangaga ibirego byo gutakaza umutekano mu ngo. Binyuze mu bufatanye n’ubuyobozi bw’Umurenge na Polisi, iyi nzoga yaraciwe burundu aho yengerwaga hafungwa, abarembetswe nayo bakanaganirizwa. Abaturage, nka Uwineza Marie Grace, bishimiye iki gikorwa kuko cyasubije […]

Continue Reading

Uwaririmbye Azabatsinda Kagame yubakiwe inzu

Umuryango FPR Inkotanyi ku rwego rw’Akarere ka Kamonyi wagejeje inzu nshya kuri Musengamana Béatha, umuhanzi waririmbye indirimbo “Azabatsinda Kagame” mu bikorwa byo kwamamaza umukandida w’uyu muryango, Paul Kagame, mu 2024. Inzu ifite ibikoresho byose, kandi ikazaherekezwa n’inka nk’ishimwe ku bw’igihangano yatanze. Musengamana yashimiye cyane iki gikorwa cy’umuryango, avuga ko ari ikimenyetso cy’uko ubuyobozi bwiza burushaho […]

Continue Reading

Imodoka itwara abagenzi yahiye irakongoka

Mu santere ya Buhanda, mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, hamenyekanye inkuru y’imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yatwaraga abagenzi igakongoka yose. Abaturage batangajwe n’uko yahiye mu buryo butazwi, nta muntu watabaje, nubwo aho yariparitse hari abarinzi barara izamu ndetse n’irondo ry’umwuga. Bamwe mu baturage banaketse ko ibyabaye biterwa n’amashitani, kubera ko nta […]

Continue Reading

GS Mwito umwana yahawe uburozi ngo aroge bagenzi be

Mu Karere ka Nyamasheke, ku Rwunge rw’Amashuri Mwito, haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 12 wavuze ko yahawe uburozi na sekuru witwa Bizabavuka Limasi uzwi ku izina rya Gasimba. Uyu mwana yari yabwiwe ko agomba kugaburira bagenzi be babiri, ndetse n’abana bo mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza, ibiryo byabaga birimo ubwo burozi. Iki kibazo cyatangiye […]

Continue Reading

Koreya ya Ruguru igiye gufunga inzira zose zerekeza muri Koreya y’Epfo

Koreya ya Ruguru yamaze gufata icyemezo gikomeye cyo gufunga inzira zose zishoboka zerekeza muri Koreya y’Epfo Inkuru dukesha bbc gahuza  koreya ivugako ifunga imihanda ni nzira ziyihuza na koreya yepfo Kuri uyu wagatatu murwego rwo gutandukanya burundu ibihugu byombi. Igisirikare cya koreya yaruguru cyavuze ko kizatandukanya muburyo buhoraho kikanafunga umupaka wo mu majyepfo ndetse kigakomeza […]

Continue Reading

Rusizi: Afunzwe akekwaho gusenya inzu ya Mudugudu

Hafashimana Wellars w’imyaka 40, wo mu Mudugudu wa Rebero, yatawe muri yombi nyuma yo gufata ishoka akamenagura urugi rw’inzu ya Subwigano Daniel, Umukuru w’umudugudu. Ibyo byabaye tariki ya 6 Ukwakira 2024, ubwo umuhungu wa Hafashimana yagiye gutabaza Mudugudu nyuma y’uko se yamushatse gukura mu ishuri kugira ngo amufashe guhinga. Hafashimana afite abana batandatu, muri bo […]

Continue Reading

UMUPILOTE WA TURKISH AIRLINES YAPFUYE ATWAYE INDEGE

  Mu rugendo ruva mu mujyi wa Seattle muri Amerika rwerekeza muri Istanbul muri Turukiya, umupilote wari utwaye indege ya compani itwara abagenzi ya, Turkish Airlines, yapfuye ubwo yari atwaye indege.   Kapiteni Ilcehin Pehlivan, wari ufite imyaka 59, mu buryo butunguranye yacitse intege ata n’ubwenge ubwo indege yari iri mu kirere, nuko umupilote wa kabiri n’umupilote […]

Continue Reading

Bisi zikoresha amashahyarazi ziratangira kwerekeza mu Ntara

Ikigo kimenyerewe mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange hifashishijwe bisi zikoresha amashanyarazi, BasiGo, cyamuritse bisi nshyashya ebyiri zerekeza mu ntara aho ari ubwa mbere izi modoka zigiye kwerekeza mu Ntara zitandukanye z’u Rwanda. Imodoka zamuritswe kuri uyu wa 8 Ukwakira 2024, zije ziyongera ku zindi enye zari zisanzwe zikorera mu bice bitandukanye bya Kigali, […]

Continue Reading

Nyamagabe: Abayobozi 10 mu murenge umwe basezeye ku kazi

Mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Musebeya, haravugwa inkuru y’abakozi 10 basezeye ku kazi icyarimwe. Abo bakozi barimo ba Gitifu b’Utugari batandatu hamwe n’abandi bane bashinzwe imibereho myiza (SEDOs) bakekwaho kugira uruhare mu inyerezwa ry’amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza y’abaturage. Ibi byabaye nyuma y’uko Komite Nyobozi y’Akarere ka Nyamagabe yateranye ku wa 7 Ukwakira 2024, ikagaragaza […]

Continue Reading