Gatsibo: Abafite amikoro bagiye kujya bashyingura mu irimbi ryabo
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Gasana Richard, yatangaje ko mu Mujyi wa Kabarore hamaze kugurwa ubutaka bugenewe irimbi rusange rizakoreshwa na rwiyemezamirimo, hagashyingurwamo abaturage bafite amikoro. Iri rimbi rya kijyambere ryashyizweho nyuma y’ubusabe bw’abaturage bifuza gukorerwa imva zifite ubwiza bujyanye n’amikoro yabo. Mu Mujyi wa Kabarore, abafite amikoro bazajya bishyura amafaranga hagati ya 300,000 na 500,000 […]
Continue Reading
