Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane

Perezida Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyizeho Abasenateri bane barimo Dr. Francois Xavier Kalinda, Bibiane Gahamanyi Mbaye, Dr Usta Kaitesi, Nyirahabimana Solina. Perezida Kagame yabashyizeho kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri 2024, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80. Dr Dr Kalinda François-Xavier Dr Kalinda […]

Continue Reading

Perezida Kagame yarebye Formula 1

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi muri Singapore, yakurikiye isiganwa mpuzamahanga ry’imodoka rizwwi nka Formula 1 ryabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 22 Nzeri 2024. Ni isiganwa ryasojwe Lando Norris ukinira ikipe ya McLaren ari we wegukanye igihembo nyamukuru akaba yarushije amasegonda 20 Max Verstappen ukinira ikipe ya […]

Continue Reading

Ishuri ryashinzwe na Perezida Kagame na Museveni ryatangiye kwakira abanyeshuri

Ishuri rya Ntare Louisenlund School (NLS) riherereye mu Karere ka Bugesera, ryatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri 2024. Ku ikubitiro, abana basaga 120 batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bya 2023-2024 ni bo ryatangiye kwakirwa. Ishuri rya NLS ryakomotse ku Ishuri Ryisumbuye rya Ntare School ryo muri Uganda […]

Continue Reading

Nyagatare: Arakekwaho gusambanya umwana w’umubyeyi wakodeshaga iwe

Hagumubuzima Claude, uri mu kigero cy’imyaka 45 wo mu Kagari ka Gashenyi, Umurenge wa Rukomo, Akarere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka 17, umubyeyi we wakodeshaga mu gipangu cye. Uyu mugabo bivugwa ko asanzwe afite abagore batatu, yakoze ibi bikorwa by’ihohoterwa mu gihe nyina w’umwana yari yagiye guca inshuro. […]

Continue Reading

Gasabo:Diregiteri yakubiswe na Mwalimu bapfa ibyangombwa

Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, ku kigo cy’amashuri cya GS Agateko, haravugwa inkuru y’umwarimu wakubise Diregiteri ubwo yamusabaga icyemezo cy’akazi. Ibi byabaye ku wa Gatanu, tariki ya 20 Nzeri 2024, nyuma y’uko uyu mwarimu yari agiye kumusaba icyangombwa ariko agakeka ko akimwimye. Amakuru aturuka mu buyobozi avuga ko uyu mwarimu yagiye mu biro […]

Continue Reading

Gen Muganga yinjije mu Ngabo z’u Rwanda abasirikare bashya

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zakiriye ku mugaragaro itsinda rishya ry’abasore n’inkumi bo ku rwego rwa Private (Pte), basoje imyitozo ya gisirikare y’amezi atandatu mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare i Nasho, mu Karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza iyi myitozo witabiriwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Muganga Mubarakh, n’abandi basirikare bo mu rwego rwa Jenerali, […]

Continue Reading

Kigali ubukarabiro bwo kuri gare ya Nyabugogo bwahindutse uburiri n’intebe

Mu Mujyi wa Kigali, umuco wo gukaraba intoki, by’umwihariko ahantu hahurira abantu benshi, warabaye amateka mu gihe uyu mujyi uri mu bukangurambaga bwo kongera icyo gikorwa. Abaturage n’abagenzi bagaragaza ko gukaraba intoki bitacyitabwaho, bigatuma ingamba zo kwirinda indwara zidakurikizwa neza. Ahantu nk’ahagenewe imodoka ya Nyabugogo, ubukarabiro busigaye ari intebe aho abantu bicaramo, bituma batabasha gukaraba […]

Continue Reading

MINEDUC igiye kujya iganira n’ababyeyi ku bibazo by’abanyeshuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko igiye kujya iganira n’ababyeyi b’abanyeshuri, bagamije gushakira umuti ibibazo bigaragara mu burezi. Byakomejweho mu kiganiro Minisitiri Mushya w’Uburezi, Nsengimana Joseph n’Umunyamabanga wa Leta muri iyo Minisiteri Irere Claudette bagiranye na RBA, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024. Minisitiri Nsengimana ati: “Kimwe mu byo twiyemeje ni uko dushaka […]

Continue Reading

UN yambitse abapolisi b’u Rwanda imidali y’ishimwe bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’epfo

Ku wa Gatanu tariki 20 Nzeri, umuryango w’Abibumbye (UN) wambitse imidali y’ishimwe ry’akazi abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Iyi midali igaragaza ubwitange n’umuhate bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu nshingano zo kurindira umutekano abaturage b’abasivili muri icyo gihugu. Umuhango wo gushyikiriza iri tsinda ry’abapolisi b’u Rwanda […]

Continue Reading

‘Nti twishimira kohereza umwarimu kure’ MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi yasobanuye ko itishimira gushyira umwarimu ku kigo cya kure, ahubwo biterwa nuko abarimu bashyirwa mu myanya bakanahindurirwa ibigo hakurikijwe imyanya n’amasomo bigisha. Ni ubutumwa bwagarutsweho mu kiganiro cyatambutse kuri RBA, cyagarutse ku mpumeko ku itangira ry’umwaka w’amashuri wa 2024/25 n’ingamba nshya zashyizweho mu kuzamura ireme ry’Uburezi. Abarimu batanze ibitekerezo maze bamwe bagaragaza icyifuzo […]

Continue Reading