REB yavuze impamvu hari abarimu basabye guhindurirwa ibigo ntibabyemererwe

Mu gihe hari abarimu bavuga ko gukorera kure y’imiryango yabo bibabera imbogamizi, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyasobanuye impamvu zimwe zituma abasaba guhindurirwa ibigo bigishaho batabasha kubona icyifuzo cyabo. Abarimu barimo Mushimiyimana Claudine wigisha ku Kigo cy’Amashuri Abanza cya Ngiryi na Dusabeyezu Florence wigisha kuri GS Rwanyanza, bagaragaje ko gukora kure y’imiryango yabo bibagora, […]

Continue Reading

Perezida Paul Kagame yavuze ko Idini, politiki n’umuco ubikoresheje nabi bimuteza ikibazo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko amadini, politiki n’umuco byuzuzanya mu iterambere ry’Abaturage ariko bigashobora guteza ikibazo ubikoresheje nabi. Yabigarutseho kuri iki Cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2024, mu masengesho yo gushimira Imana ibyo yakoreye i Igihugu mu myaka 30 ishize yiswe ‘Thanksgiving Prayer Breakfast’. Umukuru w’Igihugu ashingiye ku mateka y’u Rwanda […]

Continue Reading

Nyamasheke: Telefoni yari icometse yaturitse itwika iby’agaciro

Amakuru avuga ko telefoni igendanwa ya Tutusenge Mathieu yaraturitse, ikangiza ibifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 150.000. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Gahira, Akagari ka Banda, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 13 Nzeri 2024. Iyi telefoni, yo mu bwoko bwa ITEL 04, yari icometse kuri batiri y’umurasire […]

Continue Reading

Menya Ibihugu 10 bya mbere bifite Igisirikare gikomeye ku Isi muri 2024

Urutonde rwakozwe na Global FirePower rwerekana uko ibihugu birutana mu mbaraga za gisirikare mu mwaka wa 2024, rwashyize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku mwanya wa mbere nk’igihugu gifite ingufu za gisirikare zikomeye ku Isi, zigakurikirwa n’u Burusiya na Chine. Ibi bihugu byakomeje kwiyereka Isi nk’ibihangange mu bijyanye n’ubwirinzi. Nk’uko bisanzwe, uru rutonde rukorwa hashingiwe […]

Continue Reading

Charles Onana wakunze kurengera Leta ya Habyarimana agiye kuburanishwa

Kuva mu kwezi gutaha k’Ukwakira 2024, i Paris mu Bufaransa, hateganyijwe gutangira kuburanishwa urubanza rw’umunya-Caméroun Charles Onana, ushinjwa guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Urubanza rwe ruzatangira ku wa 7 Ukwakira rukazamara iminsi ine. Iki kirego cyatanzwe n’Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Bufaransa (CRF) mu Ugushyingo 2019, nyuma y’uko Charles Onana ashinjwa kuvuga amagambo […]

Continue Reading

Perezida wa Comores yarusimbutse

Mu birwa  bya Comores, Perezida Azali Assoumani yahuye n’ibihe bikomeye ubwo yaterwaga icyuma mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, i Moroni, umurwa mukuru w’iki gihugu. Hari mu misa yo gusabira umwe mu bayobozi uherutse kwitaba Imana, ubwo icyago cyagwiriraga Perezida wari mu mwanya w’ibyubahiro, atungurwa n’umuntu witwaje icyuma. Icyo gitondo cyari kimeze nk’ibisanzwe, isengesho […]

Continue Reading

CAF Champions League: APR FC yanganyije na Pyramids FC, urugendo rwo kugera mu matsinda rurakomera

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Nzeri 2024, ikipe ya APR FC yanganyije igitego 1-1 na Pyramids FC yo mu Misiri mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya CAF Champions League wabereye i Kigali. APR FC yatangiye umukino ishaka kwitwara neza imbere y’abafana bayo, yishingikirije abakinnyi bayo nka Byiringiro Gilbert, Mugisha Gilbert, na Ruboneka […]

Continue Reading

Karongi: Umubyeyi wahigiraga kwica uruhinja rwe rw’amezi 3 yatawe muri yombi

Muhoza Clémentine w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukubita uruhinja rwe rw’amezi atatu, aruziza ko se w’umwana yamututse. Muhoza yari asanzwe afite amateka mabi y’uburyo yigeze kuruta urwo ruhinja mu gihuru muri Nyakanga 2024, gusa abaturage bakarusanga rukiri ruzima. Amakuru atangwa n’Umuyobozi w’Akarere ka Karongi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Umuhoza Pascasie, avuga ko […]

Continue Reading

Ba Jenerali 2 bishwe n’impanuka

Abasirikare babiri bakuru b’Igisirikare cya Uganda (UPDF), Brig Gen (Rtd) Frank Katende Kyambadde na Brig Gen Fred Twinamasiko, bapfuye bazize impanuka y’imodoka yabereye ahitwa Lukaya ku muhanda uhuza imijyi ya Kampala na Masaka. Iyi mpanuka y’imodoka yabaye ku wa Gatanu, tariki ya 13 Nzeri 2024, ikaba yahitanye aba basirikare bakuru barimo Brig Gen Kyambadde, wari […]

Continue Reading