Tito Barahira wari ufungiwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye mu Bufaransa

Umunyarwanda Tito Barahira, wari ufungiwe muri gereza mu Bufaransa nyuma yo guhamwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye. Aya makuru yemejwe kuri uyu wa 29 Nyakanga 2024 na Me Richard Gisagara, umwe mu bunganiraga abaregera indishyi mu rubanza rwa Barahira na Octavien Ngenzi rwarangiye mu Ukwakira 2019. Me Gisagara yagize ati: “Tito Barahira […]

Continue Reading

Rutsiro: Umuyobozi wa DASSO yitabye imana

Mukerarugendo Jean Pierre, wari Umuyobozi w’Urwego rwunganira akarere mu gucunga umutekano (DASSO) mu Karere ka Rutsiro, yitabye Imana azize impanuka ya moto yabaye ku wa 29 Nyakanga 2024 ahagana saa 14:20. Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Congo-Nil, Umurenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro. Mukerarugendo Jean Pierre wari ufite imyaka 51 y’amavuko, yavuye ku […]

Continue Reading

Umunyamategeko Ibambe yareze Leta y’u Rwanda ikintu gikomeye

Me Ibambe Jean Paul, umunyamategeko uzwi cyane mu manza ziregwamo abanyamakuru mu Rwanda, yareze Leta y’u Rwanda mu Rukiko rw’Ikirenga, avuga ko ingingo ya 39 y’itegeko ryerekeye gukumira no guhana ibyaha bikoreshejwe ikoranabuhanga inyuranyije n’Itegeko Nshinga, kuko ibuza abantu ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo. Mu kirego yatanze muri Werurwe 2024, Me Ibambe agaragaza ko iyi ngingo […]

Continue Reading

Mushikiwabo yapfushije umuntu ukomeye

Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yahuye n’agahinda gakomeye ubwo yamenyaga inkuru y’urupfu rwa musaza we, Wellars Kayiranga, uzwi ku izina rya “Karatéka.” Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Mushikiwabo yagaragaje ko Nyakwigendera Kayiranga yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024. Yagize ati, […]

Continue Reading

Dorimbogo yasezeweho bwa nyuma (AMAFOTO)

Nyiransengiyumva Valentine, wamamaye nka Dorimbogo, yasezeweho bwa nyuma ashyingurwa mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba, aho yakomokaga. Uyu mukobwa witabye Imana ku wa 27 Nyakanga 2024 azize uburwayi, yasezeweho n’abo mu muryango we mu marira n’agahinda. Yashyinguwe mu murenge wa Kirimbi. Mu basezeye kuri Dorimbogo harimo abana be b’abahungu, umwe w’imyaka 11 n’undi w’imyaka […]

Continue Reading

Leta yafunze urusengero rw’umupasiteri wasabye Abakirisitu kwica abapfumu n’abarozi

Leta ya Tanzania yategetse urusengero Christian Life gufunga imiryango, kubera Pasiteri Dominique Kashoix Dibwe warushinze utanga inyigisho zirimo gusaba abayoboke guhohotera cyangwa kwica abo bashinja ubupfumu. Pasiteri Dibwe kandi yasabaga buri muyoboke kwishyura amashilingi ibihumbi 500 akoreshwa muri Tanzania (asaga ibihumbi 240 Frw). Ikinyamakuru The Citizen cyatangaje ko ku wa 28 Nyakanga 2024, ibaruwa isaba […]

Continue Reading

Gasabo: Umuturage yapfiriye mu masengesho

Umuturage utaramenyekana amazina, bivugwa ko yaturutse mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ubwo we n’abo bari kumwe bari hafi gusoza amasengesho. Ibi byabereye mu Murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo, ku musozi wiswe Ndabirambiwe uri ahazwi nko mu Kinyamerika. Abaturage baganiriye na Flash TV bavuze ko amakuru […]

Continue Reading

Nyanza: Umwana yahanutse ku modoka ahita apfa

Umwana witwa Tuyishime Léo w’imyaka 15 y’amavuko, yuriye imodoka yariho igenda mu mudugudu wa Rukari, akagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza. Mu gihe imodoka yo mu bwoko bwa Fusso yariho igenda, umwana yahanutse agwa hasi, bimuviramo urupfu. Amakuru avuga ko umushoferi yahise atangira gukurikiranwa. Uyu mushoferi yamaze gutabwa muri yombi kuko […]

Continue Reading

Umupasiteri afunzwe azira kugurisha uruhinja

Polisi yo muri Nigeria mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batanu, barimo umupasiteri, bashinjwa guhererekanya uruhinja rw’amezi abiri bakarugurisha bashaka inyungu. Ibi byabaye nyuma y’uko umubyeyi w’umwana wibwe yari amaze igihe abibwiye polisi. Ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, Umuvugizi wa polisi y’i Lagos, SP Benjamin Hundeyin, yemeje aya […]

Continue Reading

Umubare w’abana Dorimbogo asize watummye benshi bagwa mu kantu

Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, ni bwo inkuru yabaye kimomo ko umuhanzi Nyiransengiyumva Valentine wamamaye nka ‘Vava’ cyangwa ‘Dorimbogo’ ku mbuga nkoranyambaga, yitabye Imana azize uburwayi. Nyuma y’urupfu rwe, hamenyekanye ko asize abana babiri b’abahungu, n’ubwo atari yarigeze abavugaho na rimwe. Aya makuru yamenyekanye binyuze mu kiganiro kirambuye umubyeyi wa […]

Continue Reading