Trump yavuze ko uwo bahanganye afite ubwenge buke
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu akaba akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya kabiri, yatangaje ko Kamala Harris bashobora guhatanira uyu mwanya ari umuntu ufite ubwenge buke cyane. Ibi yabivuze ubwo yari yitabiriye Inama ivuga ku iterambere rya Bitcoin yabereye i Tennessee. Trump yavuze ko iri koranabuhanga ridasanzwe, ashimangira ko […]
Continue Reading
