Trump yavuze ko uwo bahanganye afite ubwenge buke

Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu akaba akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya kabiri, yatangaje ko Kamala Harris bashobora guhatanira uyu mwanya ari umuntu ufite ubwenge buke cyane. Ibi yabivuze ubwo yari yitabiriye Inama ivuga ku iterambere rya Bitcoin yabereye i Tennessee. Trump yavuze ko iri koranabuhanga ridasanzwe, ashimangira ko […]

Continue Reading

Colonel Kazarama yasubiye muri M23

Colonel Kazarama Kanyamuhanda Vianney, wabaye Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hagati ya 2012 na 2013, yemeje ko yongeye kwiyunga na bagenzi be. Col Kazarama ni umwe mu barwanyi ba M23 bahunze ubwo uyu mutwe witwaje intwaro wasenyukaga mu 2013, nyuma y’ibitero bikomeye wagabweho n’umutwe kabuhariwe w’ingabo […]

Continue Reading

EU yafatiye ibihano abantu 9 barimo Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaje ko wafatiye ibihano abantu icyenda, barimo abayobozi mu ihuriro AFC ribarizwamo M23 ndetse no mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Abahanwe barimo na Colonel wo mu ngabo z’u Rwanda. EU mu itangazo yasohoye yemeje ko mu bo yafatiye ibihano harimo Bénjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshingwabikorwa wa […]

Continue Reading

RDC: Umunyamakuru ukomeye uherutse kwinjira muri AFC yagaragaye yambariye urugamba

Mu gihe Perezida Tshisekedi atekereza ko yateye ubwoba Abanyekongo binyuze mu manza zishingiye kuri politiki, gufatira imitungo yabo no kugarura igihano cy’urupfu, benshi bakomeje kwifatanya n’Ihuriro rirwanya ubutegetsi, Alliance Fleuve Congo (AFC), barimo Umunyamakuru n’umwanditsi Magloire Paluku Kavunga, kuri iyi nshuro wagaragaye mu bice bagenzura yambariye urugamba afite n’imbunda. Uyu munyamakuru unakurikiranira hafi politiki y’igihugu […]

Continue Reading

Andi mahirwe Abanyarwanda bafite mu kongera gutora Perezida Kagame

Nyuma y’uko Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda, igihugu cyacu cyinjiye mu bihe bishya by’iterambere, bitandukanye cyane n’iby’imyaka 30 ishize. Iyi ntsinzi ni ikimenyetso cy’icyizere Abanyarwanda bafite muri Perezida Kagame ndetse n’ubushake bwe bwo gukomeza kuduteza imbere. Nk’umuturage w’u Rwanda, ntewe ishema n’uburyo Perezida Kagame akomeje kuyobora igihugu mu buryo budasanzwe. Muri iyi nyandiko, […]

Continue Reading

Menya byinshi ku Irushanwa ‘Ironman 70.3’ rigiye kongera kubera mu Rwanda mu Karere ka Rubavu

U Rwanda rugiye kwakira ku nshuro ya gatatu irushanwa rizwi nka IRONMAN 70.3, rikinwamo umukino wa Triathlon ubumbatiye gusiganwa ku magare, ku maguru no koga. Iri rushanwa ryatangiye gukinwa mu 2001, rikaba ryarashyizwe mu maboko y’Ishyirahamwe ry’imikino ya Triathlon ku Isi (World Triathlon Corporation-WTC) mu 2005. Amateka n’Ibisobanuro bya Ironman 70.3 Iri rushanwa ryitwaga Half […]

Continue Reading

Nyagatare: Umusore wishwe aciwe umutwe

Umusore w’imyaka 19 wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri, Akarere ka Nyagatare, yishwe aciwe umutwe n’abagizi ba nabi. Nyuma y’uru rupfu, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwahise rufata abantu babiri bakekwaho uruhare mu rupfu rwe. Uyu musore wacururizaga mu gasantere kazwi nka Gatandatu, yishwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki […]

Continue Reading

Perezida wa UAE yashimiye Kagame ku ntsinzi yegukanye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, yahamagaye Perezida Paul Kagame kuri telefone amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, aherutse kwegukana. Ni intsinzi Perezida Kagame yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 14-15 Nyakanga 2024, atsindira ku majwi 99.18%, atsinze Dr. […]

Continue Reading

Donald Trump agiye kongera gusubira aho yarasiwe

Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uri kongera kwiyamamariza gutorerwa kuyiyobora mu matora azaba mu Gushyingo, yatangaje ko agiye kongera kwiyamamariza muri Pennsylvania nyuma y’uko aharasiwe tariki ya 13 Nyakanga 2024. Trump nyuma y’igihe gito arasiwe muri Leta ya Pennsylvania n’umusore w’imyaka 20 y’amavuko agakomereka, kuri uyu wa 27 Nyakanga […]

Continue Reading

Uwahanuye urupfu rwa Elizabeth II bikaba impamo yanavuze n’igihe Umwami Charles III azapfira

Amezi make mbere y’uko uwari Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II apfa, hari umwe mu bakoresha internet wanditse kuri Twitter itariki azapfiraho kandi biba impamo. Uyu mugabo, Logan Smith, yari yatangaje ko Elizabeth II azapfa tariki ya 8 Nzeri 2022, kandi koko niko byagenze. Yanavuze ko Umwami Charles III urwaye kanseri azapfa mu 2026. Logan Smith […]

Continue Reading