Ntimushobora kutwigisha uko tubaho-Umuvugizi wa guverinoma asubiza uwanenze amatora yo mu Rwanda

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yamaganye Umunyamerika Kenneth Roth, wahoze ayobora umuryango Human Rights Watch (HRW), kubera amagambo yavuze anenga amatora yo mu Rwanda. Roth yari yatangaje ku rubuga nkoranyambaga X ko mu gihe Paul Kagame yatsinda amatora ku majwi 99%, byaba bisebeje inzira y’amatora yo mu Rwanda. Ubwo Abanyarwanda bari mu bikorwa […]

Continue Reading

Nyuma yo gufatirwa n’ibise mu cyumba cy’itora yise umwana we Kagame Ian

Musabyinema Justine, umubyeyi utuye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gatsibo, yafashwe n’ibise ubwo yajyaga gutora Perezida wa Repubulika n’Abadepite, maze ajyanwa ku kigo nderabuzima aho yahise abyara umwana w’umuhungu yise Kagame Ishimwe Ian. Uyu mubyeyi yari yiteguye amatora kandi n’ubwo yari akuriwe, yafashe umwanzuro wo kujya gutora hakiri mu gitondo. Yavuze ko yiyumvaga […]

Continue Reading

Nyanza: Yagiye gusura umusore muri ghetto amusabye gutaha ahita agerageza kwiyahura

Umukobwa wari umaze igihe gito asuye umusore yasabwe gutaha, agerageza kwiyahurira mu rugo rw’uyu musore ruherereye mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa munani (14h00), ku wa 14 Nyakanga 2024. Umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa bari bamaze […]

Continue Reading

Ijambo rya Perezida Kagame nyuma yo kugira amajwi 99.15%

Perezida Paul Kagame, akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, yatangaje ko yishimiye icyizere gikomeje kwiyongera Abanyarwanda bamugirira, ahishura ko adashobora kumva ashobewe n’iyo haba hari ibibazo bikomeye kubera icyizere gikomeye yizerwa n’abaturage. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuva tariki 14-15 […]

Continue Reading

Umugabo ukekwaho kwica abagore 42 abatemaguye, akabahambira mu mifuka akabajugunya yatawe muri yombi na Polisi

Polisi ya Kenya yataye muri yombi umugabo bivugwa ko ari umwicanyi ruharwa, ukekwaho kuba ari we wihishe inyuma y’urupfu rukabije rw’abagore icyenda, aho imibiri yabo yatemaguwe yabonetse muri ahacukurwaga kariyeri hatagikoreshwa hari hasigaye hajugunywa imyanda. Jomaisi Khalisia w’imyaka 33, yafashwe n’abapolisi mu kabari mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2024, […]

Continue Reading

Urwibutso ku buto bwa Perezida Paul Kagame

Perezida Paul Kagame, umwe mu banyabigwi u Rwanda rwagize mu myaka isaga 60 ishize. Yavutse nk’abandi bana kuwa Gatatu tariki 23 Ukwakira 1957, avukira ku musozi wa Nyarutovu muri Tambwe, mu Ruhango y’ubu, mu Rwanda rw’Umwami Mutara III Rudahigwa. Paul Kagame yavutse ari umuhererezi mu muryango w’abana batandatu, abahungu babiri n’abakobwa bane kuri se Rutagambwa […]

Continue Reading

Icyo Dr. Frank Habineza yatangaje nyuma yo gutsindwa amatora

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza yashimiye Perezida Kagame ku bwo kubarusha amajwi. Ati “Turagira ngo dutangaze ko tubyakiriye ndetse duhaye ishimwe cyangwa ‘felicitation’ Nyakubahwa Paul Kagame cyane ko yabonye amajwi menshi kuturusha. Tumuhaye ‘felicitation’” Dr Habineza akimara […]

Continue Reading

Kagame Paul yatsinze amatora Imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora ku mwanya wa Perezida

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu gihe abo bari bahanganye, Dr Habineza Frank yagize 0.53% naho Mpayimana Phillippe 0.32%. Byatangajwe kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye Perezida n’Abadepite 53 […]

Continue Reading

Nyabihu: Umubyeyi yafatiwe n’igise arigutora

Umubyeyi witwa Uwayisaba Odette, utuye mu Murenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu, yahuye n’ibibazo by’igise ubwo yari ageze mu biro by’itora, ariko yaje gufashwa gutora nyuma yo kubyara. Nyuma y’ibyumweru bitatu by’ibikorwa byo kwamamaza abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite, abanyarwanda batangiye gutora kuva saa moya z’igitondo cyo ku wa 15 Nyakanga 2024. Uwayisaba […]

Continue Reading

Nyabihu: Gitifu w’Umurenge yatawe muri yombi

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Mugabekazi Donathile, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jomba mu Karere ka Nyabihu, afunzwe akekwaho icyaha cyo gukubita no kugirira urugomo abashinzwe umutekano mu nzego za leta. Ibyaha Mugabekazi Akekwaho Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko Mugabekazi yakoze iki cyaha ku wa 06 Nyakanga 2024, […]

Continue Reading

Paul Kagame n’umuryangowe batoye (AMAFOTO)

Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yamaze gutora uwo yifuza ko yayobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere ndetse n’abakandida ku mwanya w’abadepite. Kagame yatoreye kuri site ya SOS Kagugu iherereye mu Karere ka Gasabo, ahagana saa saba z’uyu wa 15 Nyakanga 2024, ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame. Abandi […]

Continue Reading