Dr. Frank Habineza na Mpayimana Philippe Batoye

Perezida w’ishyaka DGPR riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umukandida waryo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza, ndetse n’umukandida wigenga, Mpayimana Philippe, bamaze gutora. Dr. Frank Habineza Dr. Habineza yatoreye kuri site iri mu ishuri ribanza rya Kimironko mu karere ka Gasabo, aherekejwe n’umugore we, Kabarira Edith. Ubwo yageraga mu cyumba cy’itora, yahawe impapuro […]

Continue Reading

Musanze: Umuturage umaze gutora arimo guhabwa icyayi n’irindazi

Kuri uyu wa 15 Nyakanga, umunsi wihariye ku Banyarwanda bakabakaba miliyoni icyenda biteganyijwe ko bitabira amatora yo kwihitiramo Umukuru w’Igihugu n’Abadepite 53 baturuka mu mitwe ya politiki n’abakandida biyamamaza ku giti cyabo. Mu karere ka Musanze, mu mudugudu wa Nyiraruhengeri Akagari ka Rwebeya, umuturage umaze gutora arimo guhabwa icyayi n’irindazi. Abanyarwanda  bazindutse ari benshi bagiye  […]

Continue Reading

Abanyarwanda  bazindukiye gutora Perezida n’Abadepite (AMAFOTO)

Rwandanews 24 iguhaye  ikaze kuri uyu wa 15 Nyakanga, umunsi wihariye ku Banyarwanda bakabakaba miliyoni icyenda biteganyijwe ko bitabira amatora yo kwihitiramo Umukuru w’Igihugu n’Abadepite 53 baturuka mu mitwe ya politiki n’abakandida biyamamaza ku giti cyabo. Uko igikorwa kiri kugenda Capt Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame ni umwe mu batoreye kuri site ya […]

Continue Reading

Perezida Kagame Yasohoje Isezerano Yakira Abahanzi B’i Bugesera

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abahanzi batuye mu Karumuna mu Bugesera, nk’uko yari yabibasezeranyije ku wa 6 Nyakanga 2024, ubwo yiyamamarizaga muri ako Karere. Gutumira Abahanzi batuye i Bugesera ni icyifuzo cyakiriwe neza na Paul Kagame ubwo yari agiye kugeza ijambo ku barenga ibihumbi 250 bakoraniye mu Karere ka Bugesera mu gikorwa […]

Continue Reading

NEC Yatangaje Igihe Izatangariza Ibyavuye mu Matora

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko iby’ibanze bizaba byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika izabitangaza mu ijoro ryo ku wa 15 Nyakanga 2024, mu gihe ibyavuye mu matora y’Abadepite bizatangazwa ku wa 16 Nyakanga 2024. Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 14 Nyakanga 2024, NEC yavuze ko kandi ku wa 16 Nyakanga 2024 […]

Continue Reading

FDLR iherutse kunguka abarwanyi bashya 600

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zikurikiranira hafi umutekano wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zagaragaje ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR uherutse kubona abarwanyi bashya 600. Aba barwanyi biganjemo Abanye-Congo binjiye muri uyu mutwe mu mpera za Mutarama 2024 nyuma yo gukorera imyitozo ya gisirikare mu kigo cya Mihanja giherereye muri teritwari ya Masisi, intara […]

Continue Reading

Hamenyekanye Imyirondoro y’uwarashe Trump yashyizwe hanze

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe iperereza (FBI) rwashyize ahabona imyirondoro y’umusore w’imyaka 20 y’amavuko, wagerageje kwica Donald Trump uhatanira kongera kuyobora iki gihugu. Trump yarashwe ku gutwi ubwo yari amaze umwanya muto ageze ijambo ku bamushyigikiye muri Leta ya Pennsylvania, kuri uyu wa 13 Nyakanga 2024. Abashinzwe umutekano we bahise barasa uyu […]

Continue Reading

Mumafoto uko amatora yagenze mu Banyarwanda baba mu mahanga

Bamwe mu Banyarwanda baba mu bihugu byiganjemo ibyo muri Aziya, bamaze gutora mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Amatora y’Umukuru w’Igihugu ku Banyarwanda baba mu mahanga ateganyijwe kuri iki Cyumweru tariki 14 Nyakanga mu 2024. Abanyarwanda baba mu mahanga basaga ibihumbi 70 ni bo bari biyandikishije kuri lisiti y’itora, aho bari butorere kuri […]

Continue Reading

Menya ibyo NEC yatangaje bibujijwe ku munsi w’itora

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Gasinzigwa Oda, yatangaje ko mu gihe Abanyarwanda bitegura amatora ateganyijwe ku itariki ya 14 Nyakanga 2024 ku bo muri Diaspora na 15 Nyakanga 2024, hari ibyo bakwiye kuzitwararika kugira ngo amatora azagende neza. Gasinzigwa yatangarije kuri Televiziyo y’Igihugu kuri uyu wa 13 Nyakanga 2024, umunsi ibikorwa byo kwiyamamaza byasorejweho, […]

Continue Reading

Kagame yakomoje ku myitwarire ya Ingabire Victoire nyuma yo gufungurwa

Umukandida wa FPR-Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe ku wa 15 Nyakanga 2024, Paul Kagame, yagaragaje ko abasebya u Rwanda bakaruvuga nabi badakwiriye gutesha umwanya Abanyarwanda, ariko yibutsa ko umunsi barenze umurongo utukura ingaruka bazagira bazazirengera. Ni umuburo yatanze mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa 13 Nyakanga 2024, ubwo yari abajijwe […]

Continue Reading

Donald Trump yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania. Abashinzwe umutekano bahise batabara bamukura aho yavugiraga ijambo igitaraganya, gusa yagaragaye ava amaraso mu maso hafi y’ugutwi. Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we guhagarara gato, maze azamura ukuboko kw’iburyo asa nk’uwerekana intsinzi […]

Continue Reading