Urukiko rwakatiye uwari umuyobozi mu karere igifungo cy’imyaka itanu kubera ruswa

Mutembe Tom wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri icyo cyaha akatirwa igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 3,750,000 Frw. Ku itariki […]

Continue Reading

Perezida Kagame yirukanye Madamu Jeanine Munyeshuli muri Guverinoma

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yirukanye mu nshingano Madamu Jeanine Munyeshuli nk’Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ishoramari rya Leta no Kwegeranya Imari muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN). Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rugaragaza ko Munyeshuri yirukanywe hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 116. Izo […]

Continue Reading

APR FC yananiwe kumvikana na rutahizamu mwiza wa Shampiyona ya Ghana

Ikipe ya APR yananiwe kumvikana na rutahizamu w’Umunya-Uganda Steven Desse Mukwala wayisabye kumwishyura agera ku bihumbi 70$. APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League ya 2024/25, ikomeje kurambagiza abakinnyi batandukanye bazayifasha kwitwara neza nyuma yo gusezererwa nabi mu mwaka w’imikino ushize. Amakuru dukesha  IGIHE  ni uko muri aya mezi abiri, umwe mu bakinnyi […]

Continue Reading

Ijambo rya mbere Kylian Mbappé yavuze agitangazwa nk’umukinnyi wa Real Madrid

Rutahizamu Kylian Mbappé w’imyaka 25 yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid ndetse ahita agaragaza ko ari ikipe yari yarihebeye kuva mu bwana bwe. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Kamena 2023, ni bwo iyi kipe yo muri Espagne yatangaje umukinnyi wayo mushya nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko impande zombi zamaze kumvikana. Mbappé wahawe […]

Continue Reading

Abagizi ba nabi basambanyije umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe bamukorera ibya kinyamaswa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 03 Kamena 2024, mu muhanda wo mu Mudugudu wa Kigabiro mu Kagari ka Gisanze mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, ahazwi nko ku Ryanyirakabano, hasanzwe umurambo w’umukobwa bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi babanje no kumusambanya. Aya makuru yamenyekanye nyuma y’uko umwana wo muri kariya […]

Continue Reading

A competition is organized for real knowledge on the nature of rivers in Rwanda

In collaboration with the environmental protection organization, the African Ecosystem and Community Development (ARCOS), and the Rwanda Water Resources Agency (RWB) they organized a competition to express the true nature of water resources—one of the rivers of Rwanda. It will be done to have needed information that will help maintain it properly and avoid dangers […]

Continue Reading

Inyeshyamba zo muri Centrafrique zikomeje kwisuka muri RDC

Inyeshyamba zo muri santrafurika zikomeje kwisuka ku bwinshi mu turere twa Ango na Bondo, mu ntara ya Bas-Uele, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa RDC. Iyi mpuruza yatanzwe n’umuyobozi wa teritwari ya Ango,Marcelin Mazale Lekabusiya, wavuze ko hashize ibyumweru bibiri izi nyeshyamba zambuka imipaka zivuye mu duce twa Zemio na Mboki,muri Santrafurika Marcelin Mazale Lekabusiya yavuze […]

Continue Reading

Polisi yafunze umusore wagaragaye akubita mugenzi wabo amusanze mu kazi

Umusore w’imyaka 19 wafashwe amashusho na camera ahondagura umpolisi ushinzwe umutekano wo mu muhanda ahitwa i Kamiti muri Mirema,muri Kenya, yatawe muri yombi. Uyu ukekwaho icyaha uzwi ku izina rya Ian Ngige Njoroge, yari mu nzu yakodeshaga ahitwa Green Span Estate i Donholm ubwo yafatwaga. Raporo y’ibyabaye yakorewe kuri sitasiyo ya polisi ya Kasarani,ivuga ko […]

Continue Reading

Imodoka yari ipakiye Kawunga yakoze impanuka

Imodoka yari ipakiye kawunga yakoze impanuka irimo kuzamuka mu muhanda werekeza mu Isenteri ya Sashwara ahitwa ‘Mu Isakira’ mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, bivugwa ko yabuze feri kubera uburyo yari yikoreye ibirenze urugero. Impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu ubwo iyo modoka yo mu bwoko bwa Fuso yakoze impanuka ku bw’amahirwe […]

Continue Reading

Byinshi utamenye ku musoro w’umubiri wasonerwaga umuntu wese utaramera ubwoya bwo ku myanya y’ibanga

Abasheshe akanguhe bo mu Murenge wa Gakenke, Akarere ka Gakenke basobanura ko amateka y’umusoro w’umubiri mu myaka yo hambere wabonaga umugabo ugasiba undi, ugasonerwaga gusa umusore utaramera ubwoya bwo ku myanya y’ibanga. Umusaza w’imyaka 89 witwa Bararuha Claver utuye mu Kagali ka Nganzo, Umurenge wa Gakenke waganiriye na Kigali Today ducyesha iyi nkuru avuga ko […]

Continue Reading