Paul Kagame, Habineza Frank na Mpayimana Philippe bemejwe nk’Abakandida Perezida

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Abujuje ibisabwa ni Perezida Paul Kagame, Habineza Frank na Mpayimana Philippe mu gihe abari batanze kandidatire kuri uwo mwanya bari 9, muri bo 6 ntibujuje ibibemerera kwiyamamaza. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje kandidatire zemewe by’agateganyo mu matora ya Perezida […]

Continue Reading

Umugabo wari umaze iminsi 5 yaraboheye umugore mu nzu yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Munyandekwe Elisha wo mu karere ka Nyamasheke,wari umaze iminsi itanu yarahambiriye umugore we amaguru n’amaboko amushyira mu cyumba. Elisha avuga ko atemera gahunda n’imwe ya leta kuko ibyo ku isi atabyemera. Uyu mugore n’umugabo bafitanye abana barindwi batuye mu Mudugudu wa Kanombe, Akagari ka Kagarama, Umurenge wa Mahembe, […]

Continue Reading

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yavuze ikintu cyiza kigiye gukurikira igabanuka rya Lisansi na Mazutu

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prof Ngabitsinze Jean Chrysostome,yatangaje ko kuba ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse bigiye gutuma n’ibiciro ku isoko bimanuka by’umwihariko ibikomoka hanze. Mu kiganiro na RBA,Minisitiri Ngabitsinze yagaragaje ko kuba ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyijwe bizagira ingaruka nziza ku biciro by’ibindi bicuruzwa birimo ibiribwa. yagizati:”Ni inkuru ikomeye cyane ku bucuruzi,kuko mubizi twagiye tugira ibihe […]

Continue Reading

General André Ohenzo wayoboraga ingabo za FARDC i Minembwe afungiwe i Kinshasa

Mu mpera z’Icyumweru dusoje nibwo General André Ohenzo usanzwe ayoboye abasirikare ba FARDC mu misozi miremire y’I Mulenge, yahamagajwe i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akihagera ahita atabwa muri yombi. Inkuru dukesha MCN ivuga ko uyu musirikare mukuru uyoboye Brigade ya 12 yo muri Minembwe, afungiwe i Kinshasa mu murwa […]

Continue Reading

Polisi yafatanye umugabo amacupa y’amavuta yangiza uruhu arenga 4700

Polisi y’u Rwanda mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Kamena, yafatiye mu Karere ka Nyarugenge umugabo w’imyaka 43 y’amavuko, amavuta yo kwisiga 4792 yangiza uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Mu mavuta yafatanywe harimo ayo mu bwoko bwa Beauti, Paw paw, Caro light, Éclair 600, Extra Claire, […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro mu bijyanye n’Imiyoborere Rusange bita PhD (Public Policy and Management) na Kaminuza ya Yonsei (Yonsei University) muri Korea y’Epfo. Iyi Kaminuza iri muri eshatu zikomeye muri Koreya y’Epfo ndetse ifite ibigo by’ubushakashatsi 178 biyishamikiyeho. Perezida Kagame yashimiye ubuyobozi bw’iyi Kaminuza kuba bwamuhaye impamyabumenyi ikaba […]

Continue Reading

Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi yashyizwe kuri 1,663Frw ivuye kuri 1,764Frw mu gihe litiro ya mazutu izajya igura 1,652Frw ivuye kuri 1,684Frw. Igiciro cya lisansi cyagabanutseho amafaranga 101, aho cyavuye ku mafaranga 1764 kigashyirwa ku 1663 Frw. Ni mu gihe mazutu yagabanutseho amafaranga 32, aho yavuye ku […]

Continue Reading

Umuryango utabara imbabare ku isi (CICR) wahagaritse gutanga imfashanyo ku mpunzi z’i Kanyabayonga kubera imirwano

Umuryango utabara imbabare ku isi, CICR, kuva mu mpera z’icyumweru gishize wahagaritse igikorwa cyo gutanga imfashanyo y’ibyokurya ku bantu bahungiye i Kanyabayonga, Burangiza na Bulindi, mu burasirazuba bw’intara ya Kivu ya Ruguru. Icyo gikorwa cyari cyatangiye tariki 30 z’ukwezi gushize, cyari giteganyijwe kurangira nyuma y’iminsi icumi, cyahagaze. Itangazo rya CICR ryo kuri uyu wa kabiri […]

Continue Reading

‘Hatagize igikorwa u Rwanda rushobora kuba ubutayu’ Minisitiri w’Ibidukikije

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibidukikije, Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya avuga ko hatagize igikorwa mu guhagarika isuri, ubutayu bwaba burimo gusatira igihugu cyacu. Ibi yabitangarije RBA,aho yashimangiye ko ubutaka bw’u Rwanda butwarwa n’isuri bushobora gutuma ruhinduka ubutayu hatagize igikorwa. Ati:”Buri mwaka u Rwanda rutakaza toni miliyoni 27 z’ubutaka, ni […]

Continue Reading

Inyama yanize umusore birangira ashizemo umwuka

Umusore witwa Habanabakize Etienne wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu yamize inyama y’inka itogosheje iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana. Uwo musore w’imyaka 24 y’amavuko, yageze muri imwe mu ma resitora iherereye mu Mudugudu wa Nsakira, Akagari Ka Bukinanyana muri uwo Murenge wa Jenda, atumiza amafunguro ariho n’inyama y’inka itogosheje, mu kuyimira ihera […]

Continue Reading